Guverinoma ya Sudani yamaganye iya Kenya yakiriye mu cyubahiro umuyobozi w’umutwe witwaje intwaro wa RSF (Rapid Support Forces), General Hamdan Dagalo uzwi nka...
Perezida wa Misiri, Abdel Fattah El Sisi na Minisitiri w’intebe wa Ethiopie, Abiy Ahmed, ,baganire uburyo bahagarika ntambara yo muri Sudani ndetse n’ibijyanye no kubaka urugomero rwa Nili, nk’uko...
Amakuru aturuka muri Sudan aravuga ko haburijwemo umugambi wo guhirika ubutegetsi mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, ibitangazamakuru bya leta byatangaje ko bihamagarira abantu...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Ukwakira, umuryango w’abibumbye wambitse abapolisi b’u Rwanda 240 bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bugamije kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo....
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yateye utwatsi ibaruwa Rayon Sports yari yayandikiye iyisaba ko umukino wo kwishyura izakirwamo na Al Hilal-Club mu ijonjora rya mbere rya...
Abanya Sudan bakomeje kwigaragambya basaba ko abasirikare bava ku butegetsi bugahabwa abasivile,bavuze ko inzego zishinzwe umutekano za Sudani zakoresheje ingufu mu kugerageza kubatatanya aho...
Sudan said Tuesday it regrets a new US travel advisory urging Americans against visiting the African country where Washington warned "terrorist groups" were plotting attacks targeting...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 06 Mutarama 2018 nibwo hari hateganyijwe umukino wa gicuti wagombaga guhuza Amavubi na Sudan kuri stade ya Stade Mongi Ben Brahim mu mugi wa Sousse muri Tuniziya,...
Ku wa 24 Ukwakira uyu mwaka, Umuryango w’Abibumbye wambitse imidari y’ishimwe Abapolisi b’u Rwanda 239 bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo bakorera mu Ntara ya Malakal mu rwego rwo...
Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa mbere, yashyizeho intumwa yihariye kuri Sudani, mu rwego rwo kwongera kugerageza bundi bushya, kwumvisha abasirikare bahanganye ko bagomba gushyira intwaro...
Muri Sudani, imirwano irakomeje hagati y’ n’igisirikare cya Sudani n’abarwanyi bo mu mutwe wa ‘Forces de Soutien Rapide (FSR)’ uvuga ko uharanira impinduka.
Umupolisi w’Umunyarwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Felly Bahizi Rutagerura, yahawe inshingano ku mugaragaro zo kuba Umuyobozi mushya ushinzwe ibikorwa bya Polisi iri mu butumwa...
Akanama gashinzwe umutekano mu muryango w’Ubumwe bw’Ibihugu bya Afrika, AU, kategetse abasirikare bahiritse ku butegetsi Omar al Bashir,muri Sudani kuba kasubije ubutegetsi abasivire mu minsi...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 08 Kanama 2017 nibwo itsinda ry’abasirikire 120 b’u Rwanda bageze mu mujyi wa Juba mu gihugu cya Sudani y’Epfo aho bagiye mu butumwa bw’amahoro.
Bahageze bafite...
Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa kane yatangaje ko yiteguye kuba umuhuza mu biganiro hagati ya leta ya Sudani n’abayigometseho. Gusa irasaba ko babanza kubahiriza amasezerano yo guhagarika...
Urufaya rw’amasasu n’urusaku rw’indege z’intambara byashenye gahunda y’agahenge mu murwa mukuru Khartoum wa Sudan, kari kitezwe gutangira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18:00) ku isaha yaho ku wa...