Umunya Sudani,Sharaf Eldin Shiboub Ali Abdelrahman,ntiyagaragaye ku mukino ikipe ye ya APR FC yakinnyemo na Rayon Sports kandi ameze neza ndetse ngo n’ikibazo cy’umutoza...
Ikipe ya Rayon Sports yiteguye gutandukana n’Umunya-Maroc Youssef Rharb ndetse n’Umunya-Sudani Eid Mugadam Bakar Mugadam nyuma y’uko basa n’abayihombeye cyane ko batakibona umwanya wo...
Perezida Salva Kiir Mayardit wa Sudani uyoboye umuryango wa EAC muri iki gihe yagiranye ibiganiro na mugenzi we Felix Tshisekedi bemeranya ko hakenewe gushakishwa igisubizo cyihuse kugira ngo...
Oscar Pistorius yakuyemo amaguru y’amakorano yifashisha mu kugenda igihe yari mu rukiko, acumbagirira mu cyumba cy’ururkiko mbere yo gukatirwa mu kwa Gatandatu muri Afurika y’Epfo. Irohama...
Perezida Omr Al Bashir yatumiwe mu nama idasanzwe izabera mu gihugu cy’u Burusiya mu minsi iri imbere.Ni ku ubutumirwe bwa mugenzi we uyobora igihugu cy’u Burusiya.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4...
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 15 Nyakanga nibwo hari hategerejwe umukino ubanza wagombaga guhuza Tanzania n’u Rwanda mu majonjora yo gushaka itike yo kwerekeza muri CHAN izabera muri Kenya...
Ikipe ya Al Hilal yageze mu Rwanda mu rukererera rwo kuri uyu wa Gatatu ije guhangana na Rayon Sports mu ijonjora rya mbere ryo guhatanira kwerekeza mu matsinda ya CAF Champions League aho yavuze...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba, Amb. Nduhungirehe Olivier yavuze ko Rayon Sports na AS Kigali zikwiriye...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mata 2020, hari hateganyijwe inama y’Abaperezida b’ibihugu bigize umuryango wa EAC igamijwe kwiga ku cyorezo cya coronavirus gihangayikishije...
Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda ivuga ko umusirikare w’u Rwanda w’imyaka 51 wari mu butumwa mu mahanga wari usanzwe afite ubundi burwayi ari Umunyarwanda wa gatatu wishwe na...
Imikino ya CECAFA y’abatarengeje imyaka 17 igomba kubera mu Rwanda guhera kuri uyu wa gatandatu, yimuriwe kuri iki cyumweru tariki ya 13 Ukuboza 2020 kubera amategeko yo kwirinda icyorezo cya...
Perezida Paul Kagame aherutse kugirana ikiganiro n’ikinyamakuru Jeune Afrique, asubiza ibibazo bitandukanye ku ngingo zirimo ibivugwa ku Rwanda, ku karere na Afurika ndetse no ku buzima bwe bwite....
Ihirikwa ry’ubutegetsi bikozwe n’igisirikare ryakunze kugaragara muri Afurika mu myaka mirongo nyuma y’ubwigenge kandi hari impungenge ko zitangiye kuba nyinshi.
Uyu mwaka hagaragaye guhirika...
Umushumba wa kiliziya gatolika ku isi yose,Papa Francis yemeje ko kuri uyu wa Kabiri arasura igihugu cya RDC ndetse na Sudani y’Epfo hanyuma asaba abakiristu kumusengera.
Abinyujije kuri...
Papa Francis yageze muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo kuri uyu wa kabiri, 31 Mutarama ari muri Airbus A350 ya ITA Airways.
Iyi ndege yageze i N’djili saa munani n’igice,nyuma y’amasaha 6:50...
Umuherwe w’Umunyarwanda Tribert Rujugiro Ayabatwa, wari umaze imyaka yarahunze u Rwanda, yapfuye ku myaka 83 mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 17 Mata...
Nubwo italiki imikino ya Zone v izatangirira itaramenyekana ,ikipe y’igihugu imaze Ukwezi kurenga yitegura iyi mikino aho kuri uyu wa kabiri hahamagawe abakinnnyi 18 bagomba kuzakurwamo 14...
Kuri uyu wa Kabiri, Umuryango w’Abibumbye watangaje ko utewe impungenge n’uko ibintu bishobora kongera kudogera mu gihugu cya Repubulika ya Centre Afurika nyuma y’igenda ry’ingabo za Uganda, Sudani...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimye Kenya nyuma yo gutaha ikiciro cya mbere cy’umuhanda wa gari ya moshi uzava muri Kenya, ukanyura muri Uganda, ukaza mu Rwanda ugakomeza mu Burundi, ndetse...