Urwego rw’ibanga rwasohoye igitaraganya Perezida Donald Trump wa Amerika mu kiganiro n’abanyamakuru, nyuma y’amasasu yarasiwe hanze y’ibiro bye White House.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko yahagaritse imikoranire iki gihugu cyari gifitanye n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima...
Perezida Donald Trump yatangaje ko Amerika yarenze igihe cy’agasongero k’imibare y’abandura Covid-19 ndetse ateganya ko leta zimwe zishobora gusubira mu buzima busanzwe muri uku...
Inteko ishinga amategeko ya Amerika yemeje ingingo zikubiyemo ibirego byatumye yeguza Perezida Donald Trump izishyikiriza Sena ngo nayo ice urubanza. Uru rubanza ruratangira mu cyumweru...
Nyuma y’aho perezida Trump yanditse kuri Twitter ye ko Iran niyibesha igatera ibirindiro bya Amerika bazasenya ibyayo 52,abajura bo kuri Internet bahise bashimuta Twitter y’ikigo cya US bashyiraho...
Inteko ishinga amategeko y’Amerika yatumiye Perezida Donald Trump mu rubanza rwa mbere rwo kumweguza ruzaba ku itariki ya kane y’ukwezi gutaha kwa cumi na...
Habonetse umuntu wa kabiri wamennye amabanga muri gahunda igamije kweguza ku butegetsi Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, nkuko bitangazwa n’abamanyamategeko bahagarariye uwa...
Ishusho itagaragaza neza Melania Trump, umugore wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yagaragaye mu nkengero y’umujyi avukamo mu gihugu cya Slovenia, rwagati ku mugabane...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Umukinnyi wa filimi z’urukozasoni Stormy Daniels wabaye icyamamare kubera gutangaza ko yaryamanye na perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump,yabwiye ikinyamakuru Vogue ko bamaze...
Perezida wa USA Donald Trump na Vladmir Putin uyu munsi bahuriye mu mujyi wa Helsinki muri Finland bahana ibiganza mu muhuro w’amateka,byatumye Trump avuga ko yifuza umubano urenze na Putin ndetse...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Oprah Winfrey yatangaje ko adakunda politiki ndetse bitigeze biba mu maraso ye kumva yahanganira ubutegetsi, nubwo mu minsi ishize byari byatangajwe ko yifuza guhangana na Donald Trump mu matora...
Umwanditsi witwa Michael Wolff yasohoye igitabo cyitwa ’Fire and Fury: Inside the Trump White House’ avuga ko perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump n’umugore we Melania Trump badacana...
Paul Manafort wigeze kuyobora ibikorwa byo kwiyamamaza bya Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika yashinjwe ku mugaragaro ibyaha 12.
Ibyo byaha birimo kugambanira Leta zunze ubumwe za...
Umupfakazi w’ umusirikare wa Leta zunze z’ Amerika warasiwe muri Nigeria yemeje amakuru yavugaga ko yarijijwe n’ amagambo yabwiwe na Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump
Uyu mugore...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump yatangaje ko amakuru atariyo yatangarije mu ruhame ku wa Gatandatu tariki 18 Gashyantare 2017 yari yayabonye kuri televiziyo.
Ibi Perezida...
Jared Kushner, Umukwe wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), yemeye gutanga ubuhamya kuri komisiyo ya Sena ya Amerika ishinzwe ubutasi, mu iperereza ku ruhare Abarusiya...
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagereranyije Joe Biden wamusimbuye ku butegetsi n’umunyagitugu Adolf Hitler wayoboye u Budage kuva mu 1933 kugeza mu...
Uyu munsi, Urukiko rw’Ikirenga rwa leta ya Colorado, mu burengerazuba bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika, ruratangira kuburanisha ubujurire mu rubanza rw’abaturage bashaka kubuza Donald Trump kwandikwa...
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuri uyu wa kabiri yasohorewe inyandiko y’ibirego imushinja kugerageza kuburizamo mu buryo bunyuranyije n’amategeko ibyavuye mu matora...
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika akomeje guhangayikira Joe Biden wamusimbuye ku ntebe ya Perezida, nyuma y’uko yituye hasi.
Perezida wa Musanze FC, Tuyishimire Placide ’Trump’, yigambye ko ari we wavukije Kiyovu Sports igikombe cya shampiyona; nyuma y’uko iyi kipe itsinzwe na Sunrise FC kuri iki...