skol
Kigali

Search: Trump (986)

Amerika yavuze kuri Koreya ya Ruguru amagambo benshi batakekaga

Guverinoma ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika yavuze ko Koreya ya Ruguru atari umwanzi wayo ndetse ivuga ko idafite umugambi wo guhindura ubutegetsi bw’ iki gihugu cyamamaye kubera gukora intwaro...
2 August 2017 1574 0

Dore ibintu bikomeye byagiye bishwanisha Amerika n’ u Burusiya

Umubano w’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni uwa kera, ariko wakomeje kugenda uzamba uko imyaka yahitaga indi igataha. Mu ntambara y’isi yose ibihugu byombi byari bifatanyije kuyirwana...
1 August 2017 1387 0

Uburusiya bwatangiye kwihorera kuri Amerika

Uburusiya bwatangiye kwihorera kuri Leta zunze ubumwe z’America, nyuma y’ibihano Leta zunze ubumwe z’America zabufatiye. Kuri uyu wa gatanu Leta y’Uburusiya yategetse Leta zunze ubumwe z’America...
28 July 2017 4481 0

Tariki 26 Nyakanga: Bwa mbere mu mateka umugore yemerewe kwiyamamariza kuyobora Amerika

Hillary Clinton yabaye umugore wa mbere wemerewe kuba mu bakandida biyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe z’America, ni kimwe mu byaranze tariki ya 26 Nyakanga. Turi ku wa gatatu tariki ya 26...
25 July 2017 399 0

Perezida Kagame yakiriwe na Perezida wa Isiraheli Rivlin na Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu-AMAFOTO

Perezida Rivlin wa Isiraheli na Netanyahu bajyanye guhura na Kagame ubwo imodoka yari imuzanye yari imugejeje ku rugo rwa Perezida Rivlin.Ibi biganiro byabaye muri iki gitondo cyo kuwa mbere...
10 July 2017 1059 0

U Burusiya n’ u Bushinwa barasaba ko ikibazo cya Koreya ya Ruguru cyaca mu mahoro

Minisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga w’ u Burusiya Sergei Lavrov, yavuze ko Uburusiya n’Ubushinwa badashigikiye ko ikibazo cya Koreya ya Ruguru cyakemurwa biciye mu ngufu za gisirikare. Minisitiri...
5 July 2017 1555 0

Perezida Bashir ushakishwa na ICC yatumiwe na mugenzi we w’u Burusiya mu nama

Perezida Omr Al Bashir yatumiwe mu nama idasanzwe izabera mu gihugu cy’u Burusiya mu minsi iri imbere.Ni ku ubutumirwe bwa mugenzi we uyobora igihugu cy’u Burusiya. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4...
4 July 2017 1553 0

Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika avuga ko akeneye Yesu cyane

Mike Pence uherutse gutorerwa kungiriza Donald Trump watorewe kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko akeneye Yesu kuruta ikindi gihe yabayeho kubera imbaraga z’inshingano afite zo...
26 November 2016 3784 0

Cuba: Mu rwego rwo guha agaciro umukambwe Fidel Castro, hashyizweho icyunamo cy’ iminsi 9

Igihugu cya Cuba cyatangiye icyunamo kizamara iminsi 9 mu rwego rwo guha agaciro umukambwe Fidel Castro watabarutse kuri wa 26 Ugushyingo 2016. Castro yaharaniye impinduramatwara mu isi,...
27 November 2016 148 0

Michelle Obama ntazigera na rimwe yimamariza kuyobora USA- Obama

Perezida wa Leta z’ unze ubumwe z’ Amerika ucyuye igihe Barack Obama yatangaje ko umugore we Michelle Obama atazigera na rimwe yiyamamariza kuyobora Leta z’ unze ubumwe z’ Amerika. Ibi yabitangaje...
30 November 2016 327 0

Umwanzuro wa Loni kuri Israel watumye Senegal ihagarikirwa inkunga

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatangaje ko igihugu cye kitazubahiriza ibyo isabwa n’ingingo y’Akanama k’Umutekano ka Loni isaba Israel guhagarika kwubaka ku butaka bwa palestina...
25 December 2016 2456 0

Iby’ ingenzi mu bikubiye mu butumwa Papa Francis yageneye abatuye isi kuri uyu munsi wa ’Noheli’

Kuri uyu munsi wa noheli, abakiristu ku isi bibuka ivuka rya Yezu, umushumba mukuru wa kiliziya gatolika Papa Francis, yifurike abatuye isi amahoro, asaba ko intambara zishyingiye ku iterabwoba...
25 December 2016 1059 0

Perezida Obama yahambirije abadiplomate 35 b’ Uburusiya

Perezida ucyuye igihe wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Barack Obama yirukanye abadipolomate 35 b’u Burusiya ku butaka bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kubera uruhare igihugu cyabo gishinjwa rwo...
30 December 2016 1168 0

Amerika: Abantu benshi batawe muri yombi kubera kutagira ibyangombwa

Marlene Mosqueda (ibumoso) aravuga ko ise yafashwe ariko atirukanwe. Abashinzwe umutekano muri Leta zunze ubumwe z’Amerika baramutse bakora imikwabo mu ngo. Bataye muri yombi abantu amagana...
11 February 2017 2863 0

Islam, Igitabo gitagatifu Korowani bigiye gucibwa mu Ubuholandi n’ushaka kuba Minisitiri w’Intebe

Umunya- Politiki, Geert Wilders, uri kwiyamamariza kuba Minisitiri w’Intebe mu gihugu cy’Ubuholandi yamaze gutangaza ko azaca burundu Idini ya Islam ndetse n’igitabo gitagatifu cya Korowani....
22 February 2017 1883 0

Perezida wa Nigeria wari ugiye kumara amezi 2 ari mu Bwongereza yivuza yagurutse mu gihugu cye

Nyuma y’ ibihuha byahwihwiswaga ku bijyanye n’ ubuzima bwe Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari wari umaze ibyumweru birenga bitandatu mu kiruhuko cyo kwivuza mu Bwongereza yagarutse mu gihugu cye....
10 March 2017 1197 0

Amerika mu rugamba rwo guhirika guverinoma ya Syria na Islamic State

Nikki Haley Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika muri Loni aravuga ko guverinoma ya Syria iyobowe na Perezida Bashar al-Assad igomba guhirikwa kugira ngo intambara ziganjemo iz’imitwe...
11 April 2017 2138 0

Amerika yarashe “Nyina w’ amabombe yose” ku barwanyi ba ISIS bari muri Afghanistan

Igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’ Amerika cyatangaje ko cyakoresheje bombe nini cyane ipima toni 11 mu kurasa ku barwanyi b’ umutwe witwara kiyisilamu uri ahitwa Nangarhar mu gihugu cya...
14 April 2017 2332 0

Koreya rya Ruguru yagerageje Misile irapfuba, nyuma y’ amasaha yeretse Isi intwaro zayo

Leta zunze Ubumwe z’ Amerika zatangaje ko mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 16 Mata 2017, Igihugu cya Koreya ya Ruguru cyongeye kugerageza igisasu cyo mu bwoko bwa misile iryo gerageza...
16 April 2017 4469 0

Koreya ya Ruguru ngo ishaka guca agasuzuguro k’ Amerika

Koreya ya Ruguru ikomeje kotswa igitutu n’ amahanaga kubera kugerageza ibitwaro bya kirimubuzi yatangaje ko mu rwego rwo guca ako gasuzuguro izajya igeregeza ibisasu byayo buri cyumweru. Ibi...
18 April 2017 4644 0

Ubwato bw’intambara bw’ Amerika ntabwo burimo kwerekeza kuri Koreya ya Ruguru

Ubwato bw’ intambara bwa Leta zunze ubumwe z’ Amerika ntabwo burimo kwerekeza mu karere ka Korea ya Ruguru nk’ uko bimaze iminsi bivugwa, ababonye ubwo bwato mu mpera z’icyumweru gishize bavuga ko...
19 April 2017 4891 0

“U Rwanda nicyo gihugu cya mbere nkunda” Yvonne Chaka Chaka

Umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cy’Afurika y’ Epfo wamenyekanye cyane mu bihugu bitandukanye muri Afurika no hanze yayo mu ndirimbo ze zakunzwe n’ abatari bake zirimo iyitwa “Thank you mr DJ” Yvonne...
3 May 2017 2934 0

Icyo Isi ivuga ku nsinzi ya Emmanuel Macron

Umufaransa ushyigikiye cyane Umuryango w’ Ubumwe bw’ I Burayi Emmanuel Macron niwe yatorewe kuba Perezida w’ u Bufaransa mu matora yabaye kuri uyu wa 7 Gicurasi 2017, yatsinze Madame Marie Le Pen...
8 May 2017 2294 0

Bishop Rugagi yagaragaye muri Israel yikoreye igikapu cyuzuye ibyifuzo by’ Abanyarwanda aho ngo yagiye kubisengera ku rukuta...

Bishop Rugagi Innocent umuyobozi w’itorero ry’abacunguwe mu Rwanda (Redeemed Gospel Church) yagiye mu gihugu cya Israel yikoreye igikapu cyuzuyemo ibyifuzo n’ibibazo by’Abanyarwanda, ajya kubisengera...
6 June 2017 3670 0

Ba Imam 300 bo muri Austrariya bagereranyije Umutwe wa Leta ya Kisilamu “ Islamic State” nk’ intama y’umukara mu ntama...

Ba Imam bo muri Austrariya ubwo bari bahuye/ Foto: Reuters Ba Imam 300 muri Austria baramaganira kure ibikorwa by’umutwe bavuga ko ari uw’iterabwoba wa Leta ya Kisilamu “Islamic State”...
16 June 2017 562 0

Mu mafoto irebere imyambaro yashyizwe ahagaragara yatangaje benshi ikoze mu ihusho ya Kim Jung Perezida wa Koreya ya...

Mu gihe abantu benshi bari batangariye umwenda wo kogana wamaze kujya ahagaraga uriho ifoto ya Trump, aha hari amafoto agaragaza imyambaro itadukanye yakozwe mu ishusho y’Isura ya perezida wa...
27 June 2017 1764 0
0 | ... | 690 | 720 | 750 | 780 | 810 | 840 | 870 | 900 | 930 | 960