Guverinoma ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika yavuze ko Koreya ya Ruguru atari umwanzi wayo ndetse ivuga ko idafite umugambi wo guhindura ubutegetsi bw’ iki gihugu cyamamaye kubera gukora intwaro...
Umubano w’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni uwa kera, ariko wakomeje kugenda uzamba uko imyaka yahitaga indi igataha. Mu ntambara y’isi yose ibihugu byombi byari bifatanyije kuyirwana...
Uburusiya bwatangiye kwihorera kuri Leta zunze ubumwe z’America, nyuma y’ibihano Leta zunze ubumwe z’America zabufatiye.
Kuri uyu wa gatanu Leta y’Uburusiya yategetse Leta zunze ubumwe z’America...
Hillary Clinton yabaye umugore wa mbere wemerewe kuba mu bakandida biyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe z’America, ni kimwe mu byaranze tariki ya 26 Nyakanga.
Turi ku wa gatatu tariki ya 26...
Perezida Rivlin wa Isiraheli na Netanyahu bajyanye guhura na Kagame ubwo imodoka yari imuzanye yari imugejeje ku rugo rwa Perezida Rivlin.Ibi biganiro byabaye muri iki gitondo cyo kuwa mbere...
Minisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga w’ u Burusiya Sergei Lavrov, yavuze ko Uburusiya n’Ubushinwa badashigikiye ko ikibazo cya Koreya ya Ruguru cyakemurwa biciye mu ngufu za gisirikare.
Minisitiri...
Perezida Omr Al Bashir yatumiwe mu nama idasanzwe izabera mu gihugu cy’u Burusiya mu minsi iri imbere.Ni ku ubutumirwe bwa mugenzi we uyobora igihugu cy’u Burusiya.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4...
Mike Pence uherutse gutorerwa kungiriza Donald Trump watorewe kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko akeneye Yesu kuruta ikindi gihe yabayeho kubera imbaraga z’inshingano afite zo...
Perezida wa Leta z’ unze ubumwe z’ Amerika ucyuye igihe Barack Obama yatangaje ko umugore we Michelle Obama atazigera na rimwe yiyamamariza kuyobora Leta z’ unze ubumwe z’ Amerika.
Ibi yabitangaje...
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatangaje ko igihugu cye kitazubahiriza ibyo isabwa n’ingingo y’Akanama k’Umutekano ka Loni isaba Israel guhagarika kwubaka ku butaka bwa palestina...
Kuri uyu munsi wa noheli, abakiristu ku isi bibuka ivuka rya Yezu, umushumba mukuru wa kiliziya gatolika Papa Francis, yifurike abatuye isi amahoro, asaba ko intambara zishyingiye ku iterabwoba...
Perezida ucyuye igihe wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Barack Obama yirukanye abadipolomate 35 b’u Burusiya ku butaka bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kubera uruhare igihugu cyabo gishinjwa rwo...
Umunya- Politiki, Geert Wilders, uri kwiyamamariza kuba Minisitiri w’Intebe mu gihugu cy’Ubuholandi yamaze gutangaza ko azaca burundu Idini ya Islam ndetse n’igitabo gitagatifu cya Korowani....
Igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’ Amerika cyatangaje ko cyakoresheje bombe nini cyane ipima toni 11 mu kurasa ku barwanyi b’ umutwe witwara kiyisilamu uri ahitwa Nangarhar mu gihugu cya...
Leta zunze Ubumwe z’ Amerika zatangaje ko mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 16 Mata 2017, Igihugu cya Koreya ya Ruguru cyongeye kugerageza igisasu cyo mu bwoko bwa misile iryo gerageza...
Ubwato bw’ intambara bwa Leta zunze ubumwe z’ Amerika ntabwo burimo kwerekeza mu karere ka Korea ya Ruguru nk’ uko bimaze iminsi bivugwa, ababonye ubwo bwato mu mpera z’icyumweru gishize bavuga ko...
Umufaransa ushyigikiye cyane Umuryango w’ Ubumwe bw’ I Burayi Emmanuel Macron niwe yatorewe kuba Perezida w’ u Bufaransa mu matora yabaye kuri uyu wa 7 Gicurasi 2017, yatsinze Madame Marie Le Pen...
Ba Imam bo muri Austrariya ubwo bari bahuye/ Foto: Reuters
Ba Imam 300 muri Austria baramaganira kure ibikorwa by’umutwe bavuga ko ari uw’iterabwoba wa Leta ya Kisilamu “Islamic State”...
Mu gihe abantu benshi bari batangariye umwenda wo kogana wamaze kujya ahagaraga uriho ifoto ya Trump, aha hari amafoto agaragaza imyambaro itadukanye yakozwe mu ishusho y’Isura ya perezida wa...