Perezida wa US Donald Trump yabwiye Abarusiya ko hari imigambi myinshi bafite ndetse biteguye kubaha isomo bo na Leta ya Syria kubera intwaro z’ubumara baherutse gukoresha bakica abantu mu gace ka...
Umwe mu bakuriye ubutasi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaburiye ko Ubushinwa, Uburusiya na Iran ari bimwe mu bihugu bishaka kugena ibizava mu matora ya perezida w’Amerika y’uyu...
Prezida Joe Biden na Vladimir Putin bari mu mubonani w’amasaha atanu i Geneve mu Busuwisi ngo barebe niba babona icyo bahurizaho.
Prezida Putin yahise abwira abanyamakuru ko bavuganye ku mugambi...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yaburiye ko igihugu icyo ari cyo cyose kigerageza kujya mu ntambara yo muri Ukraine kizahura n’igisubizo "cyihuta nk’umurabyo".
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko Afurika "yafashwe bugwate" mu ntambara y’Uburusiya ku gihugu cye, mu ijambo ku wa mbere yagejeje ku muryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU/UA).
Igitero...
Umujyi wa Lysychansk uri mu burasirazuba bwa Ukraine nturimo kuvugwaho rumwe, abasirikare b’Uburusiya n’abasirikare ba Ukraine buri ruhande ruvuga ko ari rwo ruwugenzura.
Ukraine ivuga ko...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yemeje ku mugaragaro ihungishwa ry’abaturage b’abasivile bo mu bice byo mu mujyi wa Kherson wigaruriwe n’Uburusiya wo mu majyepfo ya Ukraine.
Abasirikare ba...
Umubano w’Uburusiya na Irani wavuyemo ubucuti bwuzuye mu bya gisirikare, nk’uko leta Zunze Ubumwe za Amerika zibivuga.
Uburusiya buha Irani imfashanyo ya gisirikare y’akataraboneka, nk’uko bivugwa...
Prezida w’Uburusiya, Vladimir Poutine kuri uyu wa kabiri yahagaritse amasezerano yari yarumviknye n’ Amerika ajyanye n’ikoreshwa ry’ibisasu bya kirimbuzi.
Perezida Vladimir Putin yavuze ko Uburusiya buzashyira muri Belarus intwaro kirimbuzi zikoreshwa ku rugamba, zizwi nka ’tactical nuclear weapons’.
Perezida Putin yavuze ko iki cyemezo...
Mu bitashimishije Leta zunze ubumwe z’Amerika harimo imyitozo y’ingabo zirwanira mu mazi z’Uburusiya n’Ubushinwa Afrika y’Epfo yakiriye mu kwezi kwa kabiri...
Uburusiya ahanini bwaricecekeye ku bijyanye n’ubushyamirane hagati y’ingabo za Isiraheli na Hamas, ariko ubuyobozi bw’i Kremlin muri iki cyumweru bwatanze ibimenyetso byerekana ko burimo gutekereza...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yarahiye ko agiye gusubiza inyuma ingabo za Ukraine mu rwego rwo kugabanya impungenge ko zagaba ibitero ku butaka bw’Uburusiya.
Abarimu ba gisirikare b’Uburusiya bageze muri Niger gutoza igisirikare cy’igihugu, mu gihe Uburusiya bukomeje kongera ingufu mu karere karimo umutekano mucye ka Sahel ko mu burengerazuba...
Igihugu cy’ Uburusiya kiratangaza ko kigiye kwihorera kuri Leta zunze ubumwe z’ Amerika , kandi ko Leta zunze Ubumwe za Amerika arizo zizahatesekarira
Ibi bitangajwe nyuma y’ aho ku munsi w’ ejo...
Perezida w’ Uburusiya Vladmir Putin nyuma yo gutangaza ko isasaha ku isaha intambara ya 3 y’ Isi ishobora gutangira, yakomoje no ku bintu bibiri bishobora gutera Uburusiya kubikura intwaro z’...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Antony Blinken, ari i Buruseli mu nama y’iminisi ibiri na bagenzi be b’ibindi bihugu bigize umuryango w’ubutabarane wa gisilikali OTAN....
Uburusiya buri guhimba impamvu yaba imbarutso yo gutera Ukraine mu minsi iri imbere, nk’uko leta ya Amerika ibivuga.
Kuwa kane Perezida Joe Biden yavuze ko ibitero bya gisirikare bishobora...