Umutoza wa Rayon Sports,Umunya Tunisia Yamen Zelfani,arifuzwa n’ikipe yo muri Kuwait ishaka kumuha akayabo k’asaga ibihumbi 17 by’amadolari mu gihe iyi kipe ikunzwe mu Rwanda imuhemba ibihumbi 5500...
Umukinnyi ukinira ikipe ya Manchester United, Antony, ntazasubira mu Bwongereza “kugeza igihe azabimenyeshwa” mu gihe akomeje guhangana n’ibirego aregwa, ariko...
Nyuma y’amezi hafi atatu umukinnyi w’igihangange mu mupira w’amaguru Lionel Messi atangiye gukinira ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, amaze kuzana impinduka muri shampiyona...
Umubyinnyi Ishimwe Thierry [Titi Brown] yahakanye amashusho mashya yatanzwe n’Ubushinjacyaha ari kumwe n’umwana w’umukobwa bamurega gusambanya bavuga ko bari iwe mu rugo, ari naho...
Abanyeshuri bo muri kaminuza y’u Burundi mu gice cy’ubuganga bagera kuri 28 barimo bandika ibitabo mu byo kuminuza bita ‘spécialité’ bagiye mu Bufaransa mu cyumweru gishize mu bikorwa byo kwimenyereza...
Kuri uyu wa mbere, uhagarariye abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Moise Katumbi, yatangije ku mugaragaro ibikorwa bye byo kwiyamamariza kuba perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ahereye i...
Nyuma y’uko Benjamin Mendy wahoze ari myugariro wa Manchester City agizwe umwere ku byaha byo gufata ku ngufu abagore, agiye kujyana mu nkiko iyi kipe itaramwishyuye imishahara yo kuva muri...
Ikipe ya Liverpool irimo gutekereza cyane ku mufaransa ndetse akaba n’umukinnyi w’icyamamare wa Paris Saint-Germain, Kylian Mbappe - ariko izahura n’irushanwa rikomeye rya Real...
Rutahizamu wa Paris St-Germain,Umufaransa Kylian Mbappé w’imyaka 25 yemeye amasezerano yo kwerekeza muri Real Madrid igihe amasezerano ye azaba arangiye.
Bivugwa ko Chelsea iri gushaka uburyo yagura Karim Benzema cyangwa Roberto Firmino kugira ngo ikemure ibibazo bya ba rutahizamu ifite muri uyu mwaka w’imikino.
Umupasiteri uheruka kujya mu kiruhuko cy’izabukuru,Rev. Dr Antoine Rutayisire yavuze ibintu bibiri wacunga neza bikakurinda ibyago n’imibabaro kuri iyi si birimo kwirinda kuyoborwa n’inda...
Nubwo ibinyamakuru byinshi ku isi bikomeje kwemeza ko rutahizamu Kylian Mbappe yamaze kwemera kujya muri Real Madrid,hari amakuru avuga ko hari ibyo yasabye iyi kipe ndetse ko itabimuhaye...
Umukuru wa Kiliziya Gatolika ku isi Papa Francis yavuze ko nta gahunda afite yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru ahubwo ateganya kuguma muri izi nshingano ubuzima bwe...
Abarimu, abanyamuryango b’ishyirahamwe ry’abarimu bo muri Kongo (SYECO), agace ka Kabambare (Maniema) batangije imyigaragambyo kuri uyu wa mbere,tariki ya 8 Mata,mu gihe abanyeshuri basubiye ku...
Umwarimu wo mu Karere ka Nyabihu, Hakizimana Innocent, arashaka kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu ategerejwe muri Nyakanga 2024, nyuma yo kugerageza kuyobora uturere...