Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo yakoze benshi ku mutima kubera umwanzuro yafashe wo kugabanya umushahara we wo hejuru mu rwego rwo gufasha ikipe ye ya Juventus imerewe nabi kubera...
Umugabo witwa Bunani Jean Claude w’imyaka 26 watabaye umwana wari ugiye gutwarwa n’amazi menshi yari muri ruhurura ya Nyabugogo ku wa Gatandatu taliki ya mbere Gashyantare 2020,yabonye akazi muri...
Ikipe ya Real Madrid irifuza ko umunya Brazil Neymar Jr yatera umugongo FC Barcelona yifuza kwerekezamo nayo ikajya imuhemba akayabo k’ibihumbi 700 by’amapawundi ku cyumweru atarahabwa umukinnyi...
Kanye West yarezwe mu rukiko ku ikirego kirebana n’umushahara utishyuwe ujyanye n’igitaramo cye cya opera ya Nebuchadnezzar. West wiyamamarije kuba perezida agatsindwa yarezwe n’itsinda ry’abakozi...
Kizigenza Lionel Messi ukinira FC Barcelona akaba ari na kapiteni wayo,ashobora kuva muri iyi kipe mbere y’uko amasezerano ye arangira kubera ko iyi kipe igiye gusaba abakinnyi bayo kugabanya...
Umunyezamu David de Gea ukinira ikipe ya Manchester United yasabye ubuyobozi bwa Manchester United kumuha umushahara ungana n’uwa Alexis Sanchez kugira ngo yongere amasezerano muri iyi kipe...
Bivugwa ko ikipe ya FC Barcelona ishaka guha Lionel Messi 15% gusa y’umushahara y’umushahara yamuhaga kera kugira ngo ayigarukemo mu mpeshyi.
Iki gihangange cyo muri Espagne kiri kugerageza...
Umugore w’imyaka 25 wo muri Kenya yasubiye ku kazi amezi atatu nyuma yo kwibaruka, kubera iyo mpamvu ntashobora konsa umwana we w’umukobwa amezi atandatu yagenwe.
Uyu mugore wize iby’indyo...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Arsenal bwiteguye kugabanya umushahara w’abakinnyi igihe cyose bazaba bananiwe kuguma mu cyiciro cya mbere cyane ko ibihe bibi iyi kipe irimo bishobora gutuma ijya mu kiciro...
Leta y’u Rwanda yafashe umwanzuro w’uko guhera muri uku kwezi kwa cumi na kumwe umushahara wa mwarimu uziyongeraho 10% nkuko leta yari yarabibemereye mu minsi...
Umukozi wo mu rugo wo mu gace kitwa Ndola muri Zambia yaciye ibintu hose kubera gushimuta abana 3 ba shebuja wari umwambuye umushahara we mu gihe kingana n’amezi 5...
Uwahoze ari umutoza wungirije wa Rayon Sports Alain Kirasa wahoze muri Rayon Sports FC yandikiye Akanama nkemurampaka ka FERWAFA ayisaba kumwishyuriza iyi kipe yahozemo ya Rayon Sports umushahara...
Rutahizamu ukomoka muri Nigeria, Odion Ighalo yatangaje ko kugira ngo agere ku nzozi yakuze afite zo kuzakinira ikipe y’ikigugu mu Bwongereza, Manchester United,yemeye kugabanya umushahara...
Ikipe ya Manchester United iri mu ntambara yo kugumana abakinnyi bayo bashya barimo Anthony Martial na David De Gea,yahuye n’imbogamizi ikomeye y’uko bayisabye umushahara ungana n’uwo iha umunya...
kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Ukuboza 2016, Sena y’u Rwanda yashyigikiye ivugururwa mu byagenerwa abanyapolitiki bakuru b’igihugu, mu gihe bavuye mu kazi nta busembwa.
Abasenateri 24 bitabiriye...
Umukinnyi wo hagati w’Ikipe ya Rayon Sports, Aruna Moussa Madjaliwa, yatangaje ko akomeje kubabazwa n’ibivugwa n’ubuyobozi bwayo ashinja kwanga kumuvuza, kumwima umushahara no gukomeza kumuteranya...
Umutoza w’Amavubi,Torsten Frank Spittler ukomoka mu Budage atangwaho akayabo ka miliyoni zirenga 23 FRW ku kwezi ubariyemo umushahara we n’ibindi by’ingenzi...
Abakinnyi ba Kiyovu Sports baraye bahawe umushahara w’ukwezi kumwe basabaga ubuyobozi bw’ikipe, kuri ubu bari hamwe aho bari kwitegura umukino baza guhuramo na APR FC kuri uyu wa...
Ibiciro ku masoko mu Rwanda no mu karere bikomeje kuzamuka umunsi ku wundi ,arinako bikomeza kugora umuguzi usanzwe kutoroherwa n’ubuzima kubera umushahara utajyanye n’igihe no kubura akazi kuri...