Mu mafoto atandukanye reba ibyaranze ubukwe bw’Umunyamakuru Samuel Baker Byansi wamenyekanye cyane mu nkuru zicukumbuye uherutse gushyingiranwa n’umukunzi we Uwase...
Umukobwa wo mu Murenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara yategereje umuhungu bari gukorana ibirori by’ubukwe,amaso ahera mu kirere kuko bwije ataje.
Nkuko amakuru dukesha Umuseke abitangaza,uyu...
Mu Mafoto atandukanye ihere ijisho ibihe byiza byaranze ubukwe bw’umunyamakuru Uwimana Clarisse na wa B&B FM na Festus Bertrand bwabaye ku wa 3 Nzeri...
Chris wahoze mu itsinda rya Just Family yatangaje amatariki y’ibirori by’ubukwe bwe n’umukunzi we Claudine aherutse gusaba no gukwa mu Ugushyingo 2021 mu birori byabereye muri Leta zunze ubumwe...
Umugeni yari arangije gutunganyirizwa umusatsi no kwisiga ibirungo ubwo yamenyaga ko uwari ugiye kuba umugabo we ataritabira ubukwe.
Nubwo byamubabaje umutima, Kayley w’imyaka 27, wari...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Iyamuremye Serge ari mu myiteguro y’ubukwe n’umukunzi we Uburiza Sandrine aherutse gusanga muri America.
Umuhanzi Emmanuel Nsengiyumva wamamaye nka Emmy mu muziki ari mu byishimo byo kwakira umugore we Umuhoza Joyce uzwi nka Hoza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’umwaka bakoze...
Umuherwekazi Zari Hassan ukomoka muri Uganda ariko utuye muri Africa y’Epfo yavuze ku bakomeje kuvuga ko ubukwe aherutse gukorana n’umukunzi we Shakib ari igitutu...
Nyuma y’uko we n’umukunzi we Shakib Lutaaya basezeranye imbere y’Idini ya Islam, Zari Hassan yavuze ko mu mpera z’uyu mwaka ari bwo indi mihango y’ubukwe bwabo izaba.
Muri Mata 2023, ubwo...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame yatangarije perezida wa Botswana yari yasuye ko yifuzaga kumara iminsi mu gihugu cya Botswana ariko kubera impamvu 2 zirimo ubukwe bw’umukobwa we Ange...
Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bakomeye muri Afurika y’Uburasira zuba, yatangaje ko ari gupanga gukora ubukwe mu kwezi gutaha n’umunyamakurukazi w’umunyakenya, Tanasha Donna Oketch aho bushobora...
Myugariro w’ikipe ya APR FC,Rusheshangoga Michel ukinira ikipe ya APR FC yatangaje ko tariki ya 26 Nyakanga 2019 aribwo azakora ubukwe n’umukunzi we Nakazungu Aimée bita...
Myugariro wa Rayon Sports,Irambona Eric yakoze ubukwe bw’igitangaza we n’umukunzi we Mugeni Olive mu birori byabaye kuri uyu wa 23 Werurwe 2019 bikitabirwa n’ibyamamare bitandukanye birimo...