Kuri uyu wa gatatu tariki ya 06 Ugushyingo 2017 nibwo umuririmbyi Diamond n’umufasha we Zari The Boss lady bifurije isabukuru nziza umwana w’abo, Princess Nillan mu magambo yateye benshi kwibaza....
Ikipe y’igihugu Amavubi inyagiwe na Zanzibar ibitego 3-1 mu mukino wa kabiri wa CECAFA,wabereye ahitwa Machakos kuri uyu wa Kabiri.
Nyuma yo gutsindwa na Kenya ibitego 2-0 mu mukino wa...
Imodoka idakenera umufoferi yakoze impanuka ubwo yerekanwaga ku mugaragaro
ahitwa Las Vegas.
Iyi modoka yari ihetse abagenzi iza kugongwa n’ikamyo
yigenderaga buhoro.
Amakuru akomeza avuga...
Mu mwaka wa 2015 nibwo izina ry’uyu mukobwa ryagaragaye ku rutonde rw’abakobwa bahatanira ikamba ryo kuba Nyampinga w’u Rwanda, icyo gihe ari mu baserukiye intara y’amajyepfo. Bagwire ntiyabashije...
Ku munsi w’ejo taliki ya 26 Ukwakira 2017, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryahagaritse umusifuzi wo ku ruhande Hakizimana Ambroise kubera uburangare yagize ku gitego cya...
Miss Uwase Hirwa Honorine wamamaye nka “Igisabo” uhagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Miss Earth 2017, avuga ko yanze kwambara ‘Bikini’ agamije gusigasira umuco nyarwanda no kwereka abategura iri...
Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba asanga ababyeyi n’ inzego z’ ubuyobozi bakwiye kurushaho guhagurukira ikibazo cy’ imirire mibi mu bana kuko ahenshi mu gihugu iki kibazo gihagaze nabi cyane....
Ingabire Habiba w’imyaka 20 y’amavuko ugiye guhagararira u Rwanda asimbura Akiwacu Colombe wagiyeyo mu mwaka wa 2016 aho azahatana n’abakobwa 79 baturutse mu bihugu bitandukanye ku Isi, yatangiye...
Medard Jobert wiyeguriye muzika nka Meddy uri mu bahanzi bakomeye mu Rwanda wari umaze imyaka irindwi akorera umuziki muri Amerika, mu minsi yashize yakomoje ku rukundo rwe atifuje gushyira mu...
Umunyezamu Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame ababaje imitima y’abakunzi ba Rayon Sports babuze amanota 3 mu buryo budasobanutse nyuma y’uburangare bukomeye yagize bigatuma ikipe ya AS Kigali...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge ku itariki ya 12 Nzeri yataye muri yombi abitwa Habiyambere Gatete Eric w’imyaka 25, Nzayisenga Edward w’imyaka 23 naTwagiramungu Abias w’imyaka 38...
Umugabo witwa Hategekimana Jean Marie Vianney warokotse Jenoside utuye mu Murenge wa Bumbogo mu karere ka Gasabo, yatewe n’abagize banabi bamutwikira inka ebyiri zimo ihaka.
Ibi byabaye kuri uyu...
Miss Aurore Kayibanda wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2012, yaherekejwe n’umukunzi we , Mbabazi Egide berekeza ahaberaga ibikorwa by’itora mu gihugu cya Turquie.
Kuri uyu wa Kane tariki 3...