skol
Kigali

Search: Uburanga (930)

Ibohozwa ry’ umugi wa Gisenyi ni kimwe mu by’ ingenzi byaranze tariki 18 Nyakanga mu mateka

Tariki ya 18 nyakanga umunsi ingabo za FPR Inkotanyi zafashe umujyi wa Gisenyi, ukaba n’umunsi wizihizwaho ubutwari bwa Mandela. Turi tariki ya 18 Nyakanga, ni umunsi w’ 199 mu minsi 365 igize uyu...
18 July 2017 2213 0

Ubuhamya: Abantu batatu bagiye ikuzimu baravuga uko hameze (IGICE CYA MBERE)

Abantu benshi bemezako ikuzimu hatabaho abandi bagakekeranya. Icyo twavuga ni uko ikuzimu habaho gusa biragoye kuba wakwemezako ikuzimu ari munsi y’ubu butaka duhagazeho. N’ubwo abagiyeyo bose nta...
29 April 2018 10683 0

Nyampinga w’u Bufaransa ukomoka mu Rwanda yongeye kwifotoza mu buryo bugaragaza imiterere y’umubiri...

Uwitonze Sonia Rolland Umunyarwandakazi w’uburanga wabaye Nyampinga w’u Bufaransa mu 2000, yifotoje yambaye ikanzu y’umweru ibonerana kuburyo ibere ry’iburyo uribona. Yatorewe kuba Nyampinga w’u...
13 July 2017 3708 0

Burera: Afunzwe nyuma yo gufatanwa amafaranga yibye aho yakoraga I Kigali

Kuri sitasiyo ya Polisi ya Cyanika mu karere ka Burera hafungiye umugabo witwa J Claude Bizimana w’imyaka 35 y’amavuko nyuma yo gufatanwa amafaranga angana na 1,345,000 yibye mu karere ka...
9 July 2017 1256 0

Nyamasheke:Abaturage 450 baratabaza nyuma yo kubaka umuhanda ntibahembwe

Abaturage 450 bo mu Tugari twa Ntango na Kigabiro mu Murenge wa Nyabitekeri mu Karere ka Nyamasheke baravuga ko bamaze amezi ane batarahabwa amafaranga yose y’amezi abiri bakoreye muri gahunda ya...
25 November 2016 335 0

Tom Close yagiriye inama abakundana kutita cyane ku butunzi ’Ferrari’

Umuhanzi, umwanditsi akaba n’umuganga Muyombo Thomas benshi bazi nka Tom Close yakoze indirimbo yumvikanamo umudiho wacuranzwe na Junior Multisystem, aho agira inama abakundana kudashingira cyane...
1 December 2016 1432 0

2016 ibyaha byagabanutseho 12% ugereranyije n’umwaka ushize

Kuwa gatatu tariki ya 14 Ukuboza 2016, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru habereye inama nyunguranabitekerezo y’umunsi umwe yahuje Polisi y’u Rwanda n’abanyamakuru bakorera...
14 December 2016 243 0

Haramenyekana Nyampinga w’ Isi 2016, Miss Jolly icyizere cyayoyotse

Miss Mutesi Jolly amahirwe ye yayoyotse, mu gihe uyu mugenzi we Miss Kenya ariwe munyafurikakazi wagaragaye byibura muri kimwe mu byiciro by’ingenzi Kuri iki Cyumweru tariki ya 18 Ukuboza 2016...
18 December 2016 3189 0

Chioma yambitswe ikamba rya Nyampinga wa Nigeria (Amafoto)

Ku nshuro ya 40 igikorwa cya ’Miss Nigeria’ gitegurwa, umukobwa witwa Chioma Anambra, yambitswe ikamba ry’uhiga abandi uburanga mu birori byabaye mu ijoro ryakeye rya tariki ya 19 Ukuboza 2016. Mu...
20 December 2016 1669 0

Ibisabwa kugira ngo umukobwa yiyandikishe muri Miss Rwanda 2017

Kompanyi ya ’Rwanda Inspiration Back Up’ itegura ikanakurikirana ibikorwa bya Nyampinga [Miss Rwanda], yatangaje bimwe mu bigomba kugenderwaho kugirango umukobwa yemererwe guhatana muri Miss Rwanda...
26 December 2016 1158 0

Min. Stella Ford Mugabo anenga abakoresha imvugo ‘Ibifi binini’ akavuga ko ari ugusebya igihugu

Minisitiri Stella Ford Mugabo avuga ko ahora yumva itangazamakuru rihamya ko hari ibifi binini binyereza umutungo wa Leta bidakurikiranwa, akibaza impamvu nta mumyamakuru n’umwe uragira igifi...
27 December 2016 2309 0

Nyarugenge: Hafungiye uwafatiwe mu cyuho agurisha moto bikekwa ko yibwe

Kuri sitasiyo ya Polisi ya Kimisagara hafungiwe uwitwa Nisingizwe Jean d’Amour, wafatiwe mucyuho agurisha moto ifite nomero za purake RD 060H bikekwa ko yibwe I Remera mu karere ka Gasabo....
28 December 2016 356 0

Habibah wavugishije benshi muri Miss Rwanda akanatukana yasabye Imbabazi

Ingabire Habibah wari mu bakobwa bahataniraga guhagararira umujyi wa Kigali mu marushanwa ya Miss Rwanda 2017, ari mu bakobwa bavuzwe cyane ndetse barandikwa mu bitangazamakuru bitandukanye nyuma...
7 February 2017 4561 0

Umugore wa Katauti yavuze byimbitse umubano yagiranye n’abagabo batandukanye

Irene Pancras Uwoya wamenyekanye cyane muri filime z’urukundo zakunzwe cyane muri Tanzania, yatangaje ko mu buzima bwe bw’urukundo nta mugabo mwiza yigeze akundana nawe. Anavuga ko umugabo we...
10 February 2017 4898 0

Bigoranye Manchester United yegukanye igikombe cya 5 cya EFL

Ikipe ya Manchester United nyuma yo gutsinda bigoranye ikipe ya Southampton ibitego 3-2 ku umukino wa nyuma wa English Football League(EFL) yegukanye igikombe ndetse kiba igikombe cya gatanu cya...
26 February 2017 1911 0

Umutoza wa Espoir ngo yatunguwe n’ imikinire ya Rayon Sports

Umutoza w’ikipe ya Espoir FC, Jimmy Ndayizeye yabwiye itangazamakuru ko yatunguwe n’imikinire ya Rayon Sports mu mukino bahuyemo kuri uyu wa Gatatu, bitandukanye n’ibyo yari yiteze. Rayon Sports...
2 March 2017 2792 0

Amarira, agahinda n’ishavu nibyo byasoje ibirori byo gutanga impamyabumenyi muri kaminuza ya Kigali

Abanyeshuri basaga 100 babuze impamyabumenyi zabo, hari mu muhango wo kuzitanga ku abarangije muri kaminuza ya Kigali (Uok), ubuyobozi bw’iyi kaminuza bukavuga ko batujuje ibisabwa. Ibi byabaye...
11 March 2017 7406 0

Masudi avuga ko bagowe n’umupira wa Onze Créateurs ikina nk’abongereza

Masudi Djuma avuga ko batsinzwe igitego kubera kurangara gato uretse ko banakinnye n’ikipe ikina umupira nk’uw’abongereza. Saa sita z’ijoro kuri iki cyumweru nibwo ikipe ya Rayon Sports...
13 March 2017 2346 0

Ese King James n’umukunzi we baba bari gutegura ubukwe mu ibanga muri iyi mpeshyi?

Ruhumuriza James umuhanzi nyarwanda uzwi cyane ku izina rya King James wakunze kuvugwa mu rukundo n’abakobwa bazwi batandukanye hanyuma iby’amakuru y’urukundo rwe bikagenda nka nyomberi noneho kuri...
4 April 2017 8665 0

Besigye asanga umukuru wa polisi ya Uganda akwiye kwirukanwa

Dr Besigye Kifefe Besigye, Umunyapolitiki utavuga rumwe na leta ya Uganda, yasabiye umukuru w’igipolisi cya Uganda, Gen Kale Kayihura kwirukanwa ku mirimo ye kuko yananiwe kuzuza inshingano ze uko...
27 April 2017 1337 0

Reba impavu 7 utaruzi zituma abantu bari gusomana bakunze guhumiriza

Gusomana umwanya munini n’igikorwa gikunze gukorwa n’abakundana , gusa rimwe na rimwe bitegura igikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina. Biragoye ko igihe abantu bari gusomana umwe yabona undi...
4 May 2017 5461 0

KARONGI:Umugabo afunzwe azira gutera inda umukobwa we, ubu ifite amezi arindwi

Umugabo witwa Nshimiye w’imyaka 42 wo mu murenge wa Bwishyura mu karere ka Karongi afunze ashinjwa gutera inda umwana we w’umukobwa ubu utwite inda y’amezi arindwi. Nyina w’umwana anengwa uburangare...
9 May 2017 8012 0

Impamvu 3 nyamukuru zagaragajwe ziri gutuma ingo z’ubu zisenyuka ku bwinshi,Reba hano

Abizera Imana baravuga ngo "urugo rwiza umuntu aruhabwa n’Imana", ni nayo mpamvu umuntu aba agomba kubanza gufata igihe agasengera urugo rwe ndetse akabanza kwitonda mbere yo gufata icyemezo cyo...
10 May 2017 9115 0

Mu mafoto reba urutonde rw’abagore bakurura abagabo kurusha abandi mu gihugu cya Uganda(AMAFOTO)

Ubwiza, ikimero by’igitsina gore ni bimwe mubintu bishobora kumugira icyamamare, atabanje yajya muri studio ngo aririmbe cyangwa ngo agire ikindi kintu akora kugirango agere kuri urwo rwego,...
11 May 2017 15846 0

Umuhungu wa Rugamba Sipiriyani yavuze ko Ise atigeze aririmba

Nyakwigendera Rugamba Sipiriyani ni umuntu ufatwa na benshi nk’ icyitegererezo cy’ umuziki w’ u Rwanda kubera indirimbo ze nyinshi zitanga ubutumwa burimo gukunda Imana n’abantu. Nyamara ni ubwo...
30 May 2017 8347 0

Umuhanzikazi Nyarwanda Priscillah mu byishimo bidasanzwe nyuma yo guca agahigo katarakorwa n’abandi bahanzi...

Umuratwa Priscillah [Princess Priscillah ] umukobwa w’umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Leta zunze ubumwe za Amerika aricinya icyara nyuma yaho indirimbo eshatu yaririmbye zimaze kurebwa...
4 June 2017 11513 0

Reba urutonde rw’Ibyamamare n’Ibyamamarekazi bagiye bahinduka babi cyangwa beza mu buryo butangaje ugereranyije nuko bari...

Mu bwiza cyangwa mu bubi , hari abantu b’ibyamamare bagiye bahinduka mu buryo budasanzwe ku miterere y’imibiri yabo, ibikorwa cyangwa n’ibindi nyuma y’imyaka runaka iba ishize. Aha rero twabateguriye...
6 June 2017 7329 0

Ubuhamya bw’umugore wivugira ko yarongowe na Satani nyuma yo gushyingirwa

Elaine ni umwe mu baramyi ba Satani waje kubohorwa na Dr Rebecca Brown, umugangakazi Imana yahamagariye kubohora abari mu minyururu ya Satani, bagenda biyongera cyane muri Leta Zunze Ubumwe...
15 July 2018 19777 0

Urukundo ni agatangaza ariko ibi byo ni ubuhamya bukomeye

Nitwa Mugabo nkaba ndi umugabo wubatse mfite umugore wanjye nishimira cyane Gihozo twabyaranye abana babiri Teta na Ganza. Kugirango njye kubana na Gihozo twanyuze mu nzira ndenge n’intambara...
3 June 2018 13779 0

Mudandi Frank yashyize hanze indirimbo ivuga ku buranga bw’Abanyarwandakazi aho agira ati "Nk’Igisabo"(VIDEO)

Ndamyirokoye François wakuranye akabyiniriro ka Mudandi mu buhanzi akaba akoresha izina rya Mudandi Frank yasohoye indirimbo yitwa “Nk’igisabo” ivuga ku bwiza bw’uwo aba afata nk’umukunzi we mu...
13 June 2017 618 0
0 | ... | 630 | 660 | 690 | 720 | 750 | 780 | 810 | 840 | 870 | 900