Tariki ya 18 nyakanga umunsi ingabo za FPR Inkotanyi zafashe umujyi wa Gisenyi, ukaba n’umunsi wizihizwaho ubutwari bwa Mandela. Turi tariki ya 18 Nyakanga, ni umunsi w’ 199 mu minsi 365 igize uyu...
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Cyanika mu karere ka Burera hafungiye umugabo witwa J Claude Bizimana w’imyaka 35 y’amavuko nyuma yo gufatanwa amafaranga angana na 1,345,000 yibye mu karere ka...
Abaturage 450 bo mu Tugari twa Ntango na Kigabiro mu Murenge wa Nyabitekeri mu Karere ka Nyamasheke baravuga ko bamaze amezi ane batarahabwa amafaranga yose y’amezi abiri bakoreye muri gahunda ya...
Miss Mutesi Jolly amahirwe ye yayoyotse, mu gihe uyu mugenzi we Miss Kenya ariwe munyafurikakazi wagaragaye byibura muri kimwe mu byiciro by’ingenzi
Kuri iki Cyumweru tariki ya 18 Ukuboza 2016...
Minisitiri Stella Ford Mugabo avuga ko ahora yumva itangazamakuru rihamya ko hari ibifi binini binyereza umutungo wa Leta bidakurikiranwa, akibaza impamvu nta mumyamakuru n’umwe uragira igifi...
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Kimisagara hafungiwe uwitwa Nisingizwe Jean d’Amour, wafatiwe mucyuho agurisha moto ifite nomero za purake RD 060H bikekwa ko yibwe I Remera mu karere ka Gasabo....
Ingabire Habibah wari mu bakobwa bahataniraga guhagararira umujyi wa Kigali mu marushanwa ya Miss Rwanda 2017, ari mu bakobwa bavuzwe cyane ndetse barandikwa mu bitangazamakuru bitandukanye nyuma...
Ikipe ya Manchester United nyuma yo gutsinda bigoranye ikipe ya Southampton ibitego 3-2 ku umukino wa nyuma wa English Football League(EFL) yegukanye igikombe ndetse kiba igikombe cya gatanu cya...
Umutoza w’ikipe ya Espoir FC, Jimmy Ndayizeye yabwiye itangazamakuru ko yatunguwe n’imikinire ya Rayon Sports mu mukino bahuyemo kuri uyu wa Gatatu, bitandukanye n’ibyo yari yiteze.
Rayon Sports...
Abanyeshuri basaga 100 babuze impamyabumenyi zabo, hari mu muhango wo kuzitanga ku abarangije muri kaminuza ya Kigali (Uok), ubuyobozi bw’iyi kaminuza bukavuga ko batujuje ibisabwa.
Ibi byabaye...
Masudi Djuma avuga ko batsinzwe igitego kubera kurangara gato uretse ko banakinnye n’ikipe ikina umupira nk’uw’abongereza.
Saa sita z’ijoro kuri iki cyumweru nibwo ikipe ya Rayon Sports...
Dr Besigye Kifefe Besigye, Umunyapolitiki utavuga rumwe na leta ya Uganda, yasabiye umukuru w’igipolisi cya Uganda, Gen Kale Kayihura kwirukanwa ku mirimo ye kuko yananiwe kuzuza inshingano ze uko...
Umugabo witwa Nshimiye w’imyaka 42 wo mu murenge wa Bwishyura mu karere ka Karongi afunze ashinjwa gutera inda umwana we w’umukobwa ubu utwite inda y’amezi arindwi. Nyina w’umwana anengwa uburangare...
Mu bwiza cyangwa mu bubi , hari abantu b’ibyamamare bagiye bahinduka mu buryo budasanzwe ku miterere y’imibiri yabo, ibikorwa cyangwa n’ibindi nyuma y’imyaka runaka iba ishize. Aha rero twabateguriye...
Elaine ni umwe mu baramyi ba Satani waje kubohorwa na Dr Rebecca Brown, umugangakazi Imana yahamagariye kubohora abari mu minyururu ya Satani, bagenda biyongera cyane muri Leta Zunze Ubumwe...
Ndamyirokoye François wakuranye akabyiniriro ka Mudandi mu buhanzi akaba akoresha izina rya Mudandi Frank yasohoye indirimbo yitwa “Nk’igisabo” ivuga ku bwiza bw’uwo aba afata nk’umukunzi we mu...