Perezida w’Afurika y’Epfo avuga ko kugerageza uko ari ko kose kwo guta muri yombi Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin ubwo azaba asuye icyo gihugu, kwaba ari ugushoza intambara ku...
Igisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere, kuri uyu wa kabiri cyatangaje ko cyashenye utudege tutagira abapirote( drone) 29 na misile zirasa kure Uburusiya bwakoresheje mu bitero bwakoze mu...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yiyemeje "kongera imbaraga" mu ntambara ye kuri Ukraine,nyuma y’iminsi yaranzwe n’ibitero byo mu kirere ku mpande zombi muri iyi ntambara...
Abategetsi bo muri Amerika bemeje ko Ukraine yatangiye gukoresha ibisasu bya misile biraswa mu ntera ndende byo mu bwoko bwa ’ballistic’ yahawe n’Amerika mu ibanga, ibirasa ku basirikare b’Uburusiya...
Michael Flynn wari umujyanama mukuru wa Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump mu byerekeye umutekano w’ igihugu yeguye kuri uyu mwanya bitewe no kuba yaraganiriye na Ambasaderi w’...
Donald Trump uheruka gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe z’Amerika, yashimye imyitwarire ya Vladimir Putin w’Uburusiya kuba atarirukanue abadiplomate b’Amerika nyuma y’ibihano Obama yafatiye...
Abategetsi b’igihugu cy’Uburusiya bavuze ko iterabwoba bitari mu byaba byateye impanuka y’indege yabo itwara abasirikare. Iyi yahitanye abantu 92 bari muri iyi ndege ntihagira urokoka.
Minisitiri...
Uburusiya bwunamiye Andrei Karlov wari ambasaderi wabwo mu gihugu cya Turkiya, uherutse kwicwa ubwo yarimo ageza ijambo ku baturage.
Kuri uyu wa 22 Ukuboza nibwo mu mujyi wa Moscou habereye...
Amerika yafashije Uburusiya mu kuburizamo iterabwoba
Itangazamakuru mu Burusiya riravuga ko amakuru yatanzwe n’ibiro by’ubutasi bya Amerika yafashije inzego z’umutekano mu kuburizamo igitero...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yavuze ko yemera umwanzuro w’inzego z’ubutasi z’Amerika ko Uburisiya bwivanze mu matora ya perezida yabaye muri Amerika mu mwaka wa 2016 nubwo...
Ikinyamakuru cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, The New York Times cyatangaje ko Ubushinwa n’ Uburusiya byumviriza telefone ngendanwa ya Perezida Donald...
Kuri uyu wa 16 Nyakanga 2020, nyuma ya operasiyo yakorwaga n’inzego z’iperereza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Canada yagaragaje ko Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin ari inyuma y’ubujura...
Nk’uko ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika bibitangaza ngo Uburusiya bwambuwe kwakira umukino wa nyuma wa Champions League 2022 nyuma yo gutera igihugu cya Ukraine.
Byari biteganyijwe ko umukino wa...
Abavandimwe bafite umuhigo w’igihe kinini ari bo bafite ikamba rya mbere ku isi mu iteramakofe mu baremereye, ubu bari ku rugamba rw’amasasu barwana ku mujyi wabo wa Kyiv muri Ukraine.
Abo ni...
Ingabo z’Uburusiya zakomeje kurasa ibibombe mumujyi wa Mariupol kuri uyu wa gatandatu, mu gihe zari zemeye gutanga agahenge mu masaha yo mu gitondo - ibi bikaba byatumye ibikorwa byo guhungisha...
Turkiya imaze kugaragaza ko ishobora kuba umuhuza w’Uburusiya na Ukraine - kandi bisa n’aho hari icyo birimo gutanga.
Kuwa kane nimugoroba, Perezida Vladimir Putin yahamagaye kuri telefone...
Myugariro wa Arsenal, Hector Bellerin, avuga ko ari ’ivangura’ kuba hari ibihugu byafunze amaso ubwo hirya no hino habaga intambara zigahitana abantu benshi bakabyirengagiza ariko bakaba bakaba...