Igihugu cya Canada cyakiriye inama y’ ibiguhu 7 bikungahaye ku Isi ntabwo ishyigikiye ko Uburusiya rusubira mu bihugu 7 bikungahaye kurusha ibindi mu isi nubwo Perezida wa Amerika Donald Trump...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergey Lavrov uri mu ruzinduko mu Rwanda baganira ku mubano w’ibihugu...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yaburiye ko igihugu icyo ari cyo cyose kigerageza kujya mu ntambara yo muri Ukraine kizahura n’igisubizo "cyihuta nk’umurabyo".
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko Afurika "yafashwe bugwate" mu ntambara y’Uburusiya ku gihugu cye, mu ijambo ku wa mbere yagejeje ku muryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU/UA).
Igitero...
Umujyi wa Lysychansk uri mu burasirazuba bwa Ukraine nturimo kuvugwaho rumwe, abasirikare b’Uburusiya n’abasirikare ba Ukraine buri ruhande ruvuga ko ari rwo ruwugenzura.
Ukraine ivuga ko...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yemeje ku mugaragaro ihungishwa ry’abaturage b’abasivile bo mu bice byo mu mujyi wa Kherson wigaruriwe n’Uburusiya wo mu majyepfo ya Ukraine.
Abasirikare ba...
Umubano w’Uburusiya na Irani wavuyemo ubucuti bwuzuye mu bya gisirikare, nk’uko leta Zunze Ubumwe za Amerika zibivuga.
Uburusiya buha Irani imfashanyo ya gisirikare y’akataraboneka, nk’uko bivugwa...
Prezida w’Uburusiya, Vladimir Poutine kuri uyu wa kabiri yahagaritse amasezerano yari yarumviknye n’ Amerika ajyanye n’ikoreshwa ry’ibisasu bya kirimbuzi.
Perezida Vladimir Putin yavuze ko Uburusiya buzashyira muri Belarus intwaro kirimbuzi zikoreshwa ku rugamba, zizwi nka ’tactical nuclear weapons’.
Perezida Putin yavuze ko iki cyemezo...
Mu bitashimishije Leta zunze ubumwe z’Amerika harimo imyitozo y’ingabo zirwanira mu mazi z’Uburusiya n’Ubushinwa Afrika y’Epfo yakiriye mu kwezi kwa kabiri...
Uburusiya ahanini bwaricecekeye ku bijyanye n’ubushyamirane hagati y’ingabo za Isiraheli na Hamas, ariko ubuyobozi bw’i Kremlin muri iki cyumweru bwatanze ibimenyetso byerekana ko burimo gutekereza...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yarahiye ko agiye gusubiza inyuma ingabo za Ukraine mu rwego rwo kugabanya impungenge ko zagaba ibitero ku butaka bw’Uburusiya.
Abarimu ba gisirikare b’Uburusiya bageze muri Niger gutoza igisirikare cy’igihugu, mu gihe Uburusiya bukomeje kongera ingufu mu karere karimo umutekano mucye ka Sahel ko mu burengerazuba...
Prezida Joe Biden na Vladimir Putin bari mu mubonani w’amasaha atanu i Geneve mu Busuwisi ngo barebe niba babona icyo bahurizaho.
Prezida Putin yahise abwira abanyamakuru ko bavuganye ku mugambi...
Umwe mu bakuriye ubutasi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaburiye ko Ubushinwa, Uburusiya na Iran ari bimwe mu bihugu bishaka kugena ibizava mu matora ya perezida w’Amerika y’uyu...
Perezida wa US Donald Trump yabwiye Abarusiya ko hari imigambi myinshi bafite ndetse biteguye kubaha isomo bo na Leta ya Syria kubera intwaro z’ubumara baherutse gukoresha bakica abantu mu gace ka...
Uburusiya bwatangaje ko bizaba ngombwa ko bufata "intambwe zo kwihimura" ku muturanyi wabwo Finland ushaka kwinjira muri OTAN.
Itangazo rya minisiteri y’ububanyi n’amahanga rivuga ko biriya...