Dwayne Michael Carter Jr. umuraperi wamamaye nka Lil Wayne yabujijwe kwinjira ku butaka bw’Ubwongereza azira gukurikiranwa n’amategeko inshuro nyinshi iwabo muri Leta Zunze Ubumwe...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubwongereza Liz Truss yaburiye ko hari "inkeke ya nyayo" yuko Uburusiya bwatera Ukraine, ariko ko "bidashoboka cyane" ko abasirikare b’Ubwongereza bakoherezwa...
Abakinnyi b’Ubwongereza baraye batsinze ibitego 4-0 Hongrie ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane mu mikino yo gushako itike y’igikombe cy’isi 2022 bituma abafana b’iki gihugu gito mu mupira w’amaguru...
Abapolisi bo mu Bwongereza bagize akazi gakomeye ko guhangana n’abafana bateje imvururu nyuma na mbere y’umikino wa EURO2020 Ubutaliyani bwatsinzemo Ubwongereza kuri penaliti...
Ikipe y’Ubwongereza iri mu makipe ahabwa amahirwe menshi yo kwegukana Euro 2020 yo n’Ubutaliyani ndetse bamwe mu bakinnyi bayo batangiye gushyiraho intego nibaramuka begukanye igikombe....
Umwongereza witwa Michael Fagan,wamenyekanye cyane kubera guca mu rihumye abarinzi ba Buckingham Palace akinjira mu cyumba cy’umwamikazi w’Ubwongereza ndetse akicara ku buriri bwe,yavuze ko...
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yashyizwe mu bitaro by’abarembye cyane nyuma y’aho ibimenyetso bya coronavirus yari afite byiyongereye.
Meghan Markle wahoze ari umukinnyi wa filimi ukomeye muri USA akabivamo ubwo yashyingiranwaga n’igikomangoma cy’Ubwongereza Harry yavuze ko atazongera guhura ukundi na se ndetse ngo ntazigera...
Ifoto ya minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yakandagiye ku meza mu biganiro yarimo i Paris na Perezida Emmanuel Macron w’Ubufaransa yatumye benshi ku mbuga nkoranyambaga bavuga ko...
Umutoza w’Ubwongereza Gareth Southgate yahawe urw’amenyo ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru,kubera amagambo yavuze ko rutahizamu we Marcus Rashford wananiwe kubona umwanya muri Manchester...
Uwahoze ari Ambasaderi w’Ubwongereza muri USA kuva mu mwaka wa 1973 kugeza 2003 Sir Christopher Meyer w’imyaka 74, ari muri coma nyuma yo gutegwa n’abana 2 mu mihanda ya gari ya moshi zica mu buvumo...
Harabura amasaha make kugira ngo Croatia icakirane n’ Ubwongereza mu mikino ya ½ cy’irangiza mu gikombe cy’isi aho aya makipe yombi yatunguranye cyane kuko mbere y’uko igikombe cy’isi gitangira...
Mu 2000 Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru Howard Stern hashize imyaka itatu gusa igikomangoma cy’Ubwongereza ‘Lady Diana’ yitabye Imana....
Umukuru w’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda yatangaje ko bafite impungenge ko abimukira bagiye kuzanwa mu Rwanda bavuye mu Bwongereza bashobora kubera umutwaro iki...
Kuri iki Cyumweru nibwo Perezida wa America, Joe Biden yageze mu Bwongereza, akaba ari i Burayi yitegura inama y’umuryango wa Nato/OTAN izabera muri Lithuania muri iki...
Kuri uyu wa gatandatu Umwami Charles III w’Abongereza azimikwa ari kumwe n’umugore we Camilla bita – Queen Consort, i Westminster Abbey mu murwa mukuru London. Iyi ni ishusho y’abantu ibihumbi...
Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’Ubwongereza Boris Johnson, uri mu Rwanda aho yitabiriye inama ya CHOGM,iri kubera mu Rwanda.
Aba bayobozi bombi baganirye ku mubano w’ibihugu byombi...