Umugore wo muri Afurika y’Epfo ari mu byishimo by’ivuka ry’impinja eshanu mu bitaro biri hafi y’umujyi wa Johannesburg. Urugaga rw’ibitaro rwa Clinix Health Group, ari narwo ny’ir’ibitaro bya Clinix...
Joy Penina umugore wubatse amateka akomeye ku bw’ubuhanga bwihariye mu gukina ikinamico mu Rwanda inshuti ze zemeza ko yari umukecuru ugira isuku yitabye Imana azize...
Umugore witwa Ivis Montoya ukomoka muri Honduras yatunguwe cyane no gusanga umwana we ari muzima nyuma yo kubwirwa n’abaganga ko umwana we yapfuye akaza kumenya ko akiri muzima ubwo bari bagiye...
Mustafa Ozil yasabye umuhungu we Mesut Ozil umerewe nabi n’abafana b’Ubudage bamushinja kugira uruhare mu kubatsindisha mu gikombe cy’isi gusezera mu ikipe y’igihugu kubera ko atagihabwa agaciro...
Mu masaha y’ umugoroba w’ akabwibwi tariki 3 Nyakanga 2018 nibwo mu Mudugudu wa Kabuga, Akagari ka Bitare mu Murenge wa Karama ibi byabaye.
Uru ruhinja na nyina bahise bajyanwa kwa mugana amakuru...
Kapiteni w’ ikipe y’ igihugu ya Nigeria John Obi Mikel yatangaje ko habura amasaha make ngo Nigeria ihure na Argentina mu mikino y’ igikombe cy’ Isi se yashimuswe n’ abantu bataramenyakana kugeze...
Abakozi ba Minisiteri y’ubutabera kuri uyu wa 21 Kamena 2018 bibutse abazize Jenoside bo mu karere ka Huye mu Murenge wa karama ahahoze hitwa Komine Runyinya bashyikiriza Meya w’Akarere ka Huye...
Umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filime ukomoka mu gihugu cya Nigeria akibera muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yakuriye inzira ku murima Abanyanigeria bamusaba kureka gukina filimi z’urukozasoni...
Umugabo gito wo mu Bwongereza yatumiye mu rugo rwe umuntu wo gukata imyanya ndangagitsina y’umukobwa we w’imyaka 10 mu rwego rwo kumuhana.
Uyu mugabo wanenzwe na benshi,yatumiye mu rugo rwe...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge i Kigali mu Rwanda rwasubukuye urubanza rw’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi Diane Shima Rwigara n’abo mu muryango we.
Mu rukiko rwo kuri uyu wa Gatanu...
Mama wa Mugisha Samuel ukinira ikipe y’abatarengeje imyaka 23 ya Dimension Data n’ikipe y’igihugu yaraye akoze impanuka ikomeye ubwo imodoka yamugongaga aho yahise ajyanwa mu bitaro bya Ruhengeri...
Gisubizo Swariha Yassine, Umwana w’ umukobwa w’ imyaka ine y’ amavuko Paul Kagame yateruye ubwo yiyamamarizaga I Nyamirambo ikintu rukumbi asaba Kagame niko yafasha umuryango we Ise Ndayisenga...
Umuhanzi Maniraruta Martin wamamaye nka Mani Martin ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kurangiza amasomo ye muri Kaminuza, yashimye nyakwigendera Mama we iteka wakomeza kumutera ingabo mu bitugu....
Umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filime ukomoka mu gihugu cya Nigeria akibera muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yakuriye inzira ku murima Abanyanigeria bamusaba kureka gukina filimi z’urukozasoni...
Umuryango w’umutoza Jose Mourinho utoza Manchester United uri mu gahinda nyuma y’aho se umubyara Felix Mourinho yitabye Imana ku myaka 79 y’amavuko.
Uyu musaza wakinnye umupira w’amaguru akina...
General Muhoozi Kainerugaba yanenze umunyamakuru wabajije umubyeyi we Yoweri Museveni ibyo kuva kuri Twitter, avuga ko akuze bihagije ku buryo ntawapfa kumufatira...
Carine Kanimba uherutse kwitaba Komisiyo ishinzwe Iperereza mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za America, akayisobanurira uko u Rwanda rwamunetse, yavuze ko yasezeranyijwe ko u...
Umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp ari mu gahinda ko kuba umubyeyi we umubyara witwa Elisabeth yapfuye ku myaka 81 ariko akaba atabasha kujya kumushyingura kubera amategeko ya Covid-19 ari mu...