Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2023, nibwo bivugwa ko Miss Alicia Aylies wegukanye ikamba rya Nyampinga w’Ubufaransa 2017 yasesekaye ku Kibuga cy’Indege cya Kigali i...
Mu kabari kamwe ko mu gasantere ka Cyanza mu murenge wa Mbuye wo mu karere ka Ruhango habereye imvururu zahuje abafana ba APR FC n’aba Rayon Sports birangira umuntu umwe ahasize...
Ikipe ya Police FC yo muri Kenya niyo izakina na Rayon Sports kuri Rayon Day 2023 [Umunsi w’Igikundiro] kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 05 Kanama 2023, kuri Kigali Pele Stadium.
Kenya Police FC...
Rayon Sports FC yamuritse imyambaro mishya izifashisha mu mikino yakiriye n’iyo hanze mu mwaka wa 2023/2024 yadozwe n’Ikigo Nyarwanda gikora Imideli, Kwesa...
Barack Hussein Obama II wabaye Perezida wa 44 wa Leta Zunze ubumwe za Amerika buri mwaka agaragaza urutonde rw’indirimbo zamunyuze, kuri ubu hagaragayeho indirimbo eshatu z’abahanzi bo muri...
Umunyamakaru w’imikino Sam Karenzi wakundaga gutangaza ko ari umufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports ari mu mu muryango winjira muri APR FC we na David Bayinga bakajya bakoramo itangazamakuru....
Ku ya 18 Kemena 2023, nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma umufana ukomeye w’ikipe ya Manchester United wo muri Kenya uherutse kwitaba Imana , abari bitabiriye uyu muhango wo guherekeza bwa...
Ku wa Kabiri tariki 23, Polisi yo mu Mujyi wa Madrid yatangaje ko yataye muri yombi abantu barindwi bakekwaho ibikorwa by’irondaruhu byakorewe Umunya-Bresil ukinira Real Madrid, Vinicius...
Perezida Kagame yagaragaje ko abuzukuru be babiri ari abafana bashya ba Arsenal FC abereye umufana w’imena,Aho yashyize hanze ifoto bambaye imyenda iriho ikirango cy’iyi kipe.
Ku ifoto yashyize...
Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta yemeje ko agifite amahirwe yo gutwara igikombe cya shampiyona nubwo abakinnyi be baryamye mu kibuga ndetse bacika intege ndetse n’abafana bamwe bavuka ko "baretse"...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Umunyamerika w’icyamamare mu gukina filimi z’urukozasoni, Stormy Daniels yavuze ko "azabyinira mu muhanda" igihe uwahoze ari Perezida Donald Trump yajyanwa muri gereza kubera amafaranga yamwishyuye...
Umuraperikazi Card B wo muri Leta zunze ubumwe z’America yashimangiye urwo akunda umuhungu we ubwo yavugaga ku gishushanyo yishushanyijeho mu isura kiriho amazina y’umwana we bishimangira urukundo...
Ikipe ya Rutsiro FC yari yatsinzwe na Rayon Sports ibitego 2-0 kuri Stade Umuganda,ntiyishimiye imisifurire kugeza ubwo abakinnyi n’abafana bagaragaza umujinya w’umuranduranzuzi.
Nkuko amakuru...
Mupende Ramadhan wamamaye mu myidagaduro y’u Rwanda nka Bad Rama washinze sosiyete ifasha abahanzi ya ‘The Mane Music’, yahishuye ko arwaye indwara y’agahinda gakabije ndetse ku bwe asanga akeneye...
Abafana ba Arsenal baheruka gufungwa nyuma yo gutabwa muri yombi bazira kwishimira intsinzi y’iyi kipe itsinda Manchester United ibitego 3-2, basabye Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kubafasha...
Umwongereza Sir Jim Ratcliffe,urusha abandi bose ubukungu mu Bwongereza yatangaje ko yinjiye mu rugamba rwo guhatanira kugura ikipe ya Manchester United isanzwe ifitwe n’abanyamerika.
Iyi kipe...
Kuva mu mwaka wa 2017 kugeza muri 2018 byaragoranaga ko igitaramo kirimo umuhanzi w’igitsina gabo wa hano mu Rwanda kirangira nta mukobwa uguye igihumure cyangwa akarira yifuza guhura, kuvugana...
Abantu barenga Miliyoni n’igice bamaze gusaba amatike yo kureba umukino uzahuza Al Nassr ya Cristiano Ronaldo na PSG ya Messi ku ya 19 Mutarama 2023 i Riyadh.
PSG yemeje uru rugendo rw kwerekeza...
Abantu babarirwa muri miliyoni 5 bahuriye mu mujyi was Buenos Aires mu birori byo kwishimira igikombe cy’Isi cyegukanywe n’igihugu cya Argentina.
Kuri uyu wa kabiri nibwo ikipe ya Argentina...