Ibi ni bimwe mu bisa nk’udushya twaranze iki cyumweru dusoje kuko buri muntu wese wabonye aya mafoto twabahitiyemo byamuteye kuyavugaho byinshi.
Ku wa Gatanu tariki ya 9 Gashyantare 2018,nibwo...
Umubyeyi witwa Nakabonye wo mu kagari ka Nyakabanda Umurenge wa Niboye mu karere ka Kicukiro umuhungu we w’ imyaka itanu amaze iminsi 6 ashimuswe n’ abantu bagishakishwa na polisi nyuma yo gutwara...
Nakabonye nyina w’ umwana washimuswe
Mu murenge wa ZAZA wo mu karere ka Ngoma kuri uyu wa Gatandatu tariki 19 Gicurasi habonetse umurambo w’ umwana w’ umuhungu w’ imyaka 5 wigaga muri gardienne ya...
Ubuyobozi bw’Akagali ka Kinyaga mu Murenge wa Nkaka mu Karere ka Rusizi burimo gukurikirana abantu bakekwaho gukubita umukobwa witwa Nyandwi Therese wabengewe ku rusengero agahabwa inkwenene na...
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Gashari mu murenge wa Gashari, mukarere ka Karongi hafungiye abamotari babiri aribo, Mukurarinda Athanase w’imyaka 35 y’amavuko na Nshimiyimana Samuel w’imyaka 21...
Hababajintwari David, amaze kwandika izina mu gutwara moto bitewe n’udukoryo tudasanzwe ayikoraho ndetse no kuyitwara mu buryo benshi bavuga ko ari amayobera.
Mu ijoro ryo kuwa mbere w’iki Cyumweru,inyeshyamba zivuga ikirundi zateze imodoka ya Bisi yarimo abagenzi 18 hafi y’umujyi wa Kiliba muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo,basohora hanze...
Mu ijoro ryo ku italiki 17 rishyira 18/9/2018 nibwo umurambo wa CSP Hubert Gashagaza (Rtd) wabonetse mu murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo ahaparikaga ibikamyo by’abashinwa bakora...
Imodoka yo mu bwoko bwa Rav 4, plaque RAC 917M yari iturutse Kabgwa yerekeza mu mujyi yagonze Moto eshatu zirimo ebyiri zari ziriho abagenzi hafi ya feux rouge I Nyabugogo, abantu babiri bahita...
Imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yavaga i Muhanga yerekeza I Kigali kuwa 07 Kamena 2019, yaraye ikoze impanuka ubwo yaburaga feri imanuka yihuta cyane mu muhanda wa kaburimbo wo munsi y’ibiro...
Umugore witwa Immaculate Runanilla w’imyaka 28 ukomoka mu mudugudu wa Nasuti mu karere ka Mukono,muri Uganda yararusimbutse nyuma yo kubyarira ku muhanda akabura ubufasha bwibanze nyuma...
Imodoka yabuze Feri yahitanye abantu batatu barimo abandi batandatu barakomereka mu murenge wa Gatenga mu mujyi wa Kigali ahazwi nko kwa Kamali ku munyinya, kuri uyu wa kabiri taliki ya 13...
Ivatiri yerekeza I Huye yakoreye impanuka mu murenge wa Mbazi ahazwi nko "ku Mukobwa Mwiza" mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 24 Kanama 2019, abantu bari bayirimo bose barakomereka...
Polisi y’u Rwanda yaburiye abamotari ko kizira guseseka telephone muri kasike mu gihe urimo kwitaba ndetse no kwiseseka mu mwanya muto uri hagati y’imodoka...
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima [OMS/WHO] ryatangaje uyu munsi ko abantu bashya batanu bamaze kurwara Ebola mu burasirazuba bwa RDC kuva mu cyuweru...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangarije RBA ko ubwandu bushya bwa Covid-19 bw’abantu babonetse I Rusizi aribwo ntandaro yo kudasubukura ingendo zihuza intara zose n’umujyi wa Kigali...
Abaturage bo mu karere ka Rusizi batangaje ko bahiye ubwoba nyuma yo kumenya amakuru yatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima ko hari abantu 5 basanganwe Coronavirus ku munsi w’ejo tariki ya 31 Gicurasi...
Abantu 17 bari mu byiciro bine nibo Polisi yafashe mu bihe bitandukanye barenze ku mabwiriza yo kurwanya Koronavirusi. Beretswe itangazamakuru uyu munsi taliki ya 14 Kamena, muri bo harimo abantu...
Minisiteri y’Ubuzima, yatangaje ko mu Rwanda habonetse abarwayi ba Coronavirus 41 bituma abamaze kuyandura bose baba 702. Aba barwayi bagaragaye muri Rusizi na Rusumo. Uyu munsi hakize 6, abakize...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Kamena 2020, habonetse abarwayi bashya 32 b’icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19) mu bipimo 3,415 byafashwe mu masaha 24...
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 24 Kamena ni bwo Polisi yafashe Munyaneza Fabien Alijuni w’imyaka 32, uyu yafatanwe moto yo mu bwoko bwa TVS ifite ibirango RE 874H yari imaze kwibwa...
Ku mihanda itatu iri mu ikoreshwa n’abantu benshi mu mujyi wa Kigali kuva mu gitondo uyu munsi ku wa kane hari gufatwa ibipimo bya coronavirus ku bantu batandukanye...
Polisi y’u Rwanda iravuga ko ikomeje kugenzura ibyaha byose n’ubwo yashyize imbaraga mu kurwanya ibijyanye no kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19.
Abakora akazi ko gutwara abantu kuri moto muri Uganda bareze leta ko yababujije kongera gukora akazi kabo.
Ishyirahamwe ryabo rivuga ko leta iri kuvangura ubushabitsi ikemerera abakora ubundi...
Muri Kenya, umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40, akaba ari umukozi wa West Kenya Sugar Company Ltd, yarokotse urupfu ku wa kane, tariki ya 9 Nyakanga, nyuma yo gufatwa akora imibonano mpuzabitsina...