Gusomana ni umuco utari usanzwe mu Banyarwanda ariko uri kugenda ufata indi ntera. Hari ugusomana bifatwa nko gusuhuzanya bisanzwe no gusomana bigamije gushimishanya ari nabyo bimara umwanya...
Myugariro wa Paris Saint-Germain n’Ikipe y’Igihugu ya Maroc, Achraf Hakimi uheruka kwaka Gatanya umugore we bikavugwa ku Isi yose bitewe n’uko imitungo ye yose yari yarayanditse ku mubyeyi we...
Uwahoze ayobora ikipe ya Rayon Sports, Munyakazi Sadate na Nzabonimpa Jean Damascène uzwi nka Desailly, bashobora gufata inkoni yo kuyobora AS Kigali idafite...
Abahanzi Juno Kizigenza na Ariel Wayz bari mu bakomeje kukanyuzaho muri iyi minsi mu muziki w’u Rwanda ndetse bakavugwaho no kuba barigeze kuba mu rukundo kuko bari bameze nk’agati k’inkubirane,...
1.Kutamushimisha mu buriri
Ibuka ya minsi mukibana uko mu buriri byagendaga. Washoboraga no gukora imibonano inshuro 5 ku munsi kandi ukabikora buri munsi. None ubuzima bwarakomeye, amasaha...
Burya Tangawizi ni umuti ukomeye mu kuvura indwara zitandukanye ndetse no kurinda ko zakwibasira ,Tangawizi ishobora gukoreshwa mu kongera imbaraga mu gutera akabariro haba ku bagore ndetse no ku...
Umuhanzi w’ikirangirire mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba no ku Mugabane wa Afurika, Diamond Platnumz, noneho yifashishije amashusho ubwo yakirwaga na Perezida Paul Kagame, yongera kumushimira...
Hari ibintu rusange usanga abakobwa bahurizaho gukunda ku bahungu kimwe n’uko no ku bahungu hari ibyo usanga bahuriyeho bakunda ku bakobwa, bituma babashidukira havuyemo...
Tiwatope Savage wishimiye gutaramira i Kigali ku nshuro ye ya mbere yanyuzwe n’uko yakiriwe mu Rwanda, igihugu yari akandagiyemo bwa mbere, anyurwa n’ubwiza yasanganye...
Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 24 Kamena 2023, ibwo Sintex uri mu bahanzi b’abahanga unafite ijwi riryohera benshi mu bakunda injyana ya Dancehall, yasezeranye mu Murenge n’inkumi y’uburanga...
Umunyarwenya uri bakomeye ku Mugabane wa Afurika, Eric Omondi yageze i Kigali ateguza gusigira ibihe byiza abanya-Kigali n’abandi bitabira igitaramo cy’urwenya cya Seka Live, agiye...
Mu Mudugudu wa Ruhondo, Akagari ka Ruhinga, Umurenge wa Gitesi mu Karere ka Karongi haramutse inkuru y’umusore w’imyaka 21 waraye wiyahuje umuti wica udukoko bita Tsiyoda. Yari avuye gutaha...
Mu gitaramo cya ‘Seka Live ‘ cyabaye mu joro ryo kuri uyu wa 27 Kanama 2023 muri Camp Kigali, kigahuriramo abanyarwenya batandukanye barimo Arthur Nkusi, Eric Omondi, Loyiso Gola, MC Kash,...