Kuri uyu wa 15 Gicurasi 2017, Perezida w’umutwe w’abadepite, MUKABALISA Donatille yagiranye ibiganiro n’itsinda ry’abadepite 7 bo muri Zambia bari mu rugendo shuri hano mu Rwanda.
Aba badepite baje...
Perezida Edgar Lungu wa Zambia yijeje abaturage ko ameze neza nyuma yo kuzungera akitura hasi mu gihe yari ayoboye umunsi mukuru.
Ku cyumweru nimugoroba mu murwa mukuru Lusaka, Lungu yari...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha rutahizamu Mambote Batshi Assis ukomoka muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo w’imyaka 21 uvuye muri Lusaka FC yo muri...
Hirya no hino ku isi abantu bagenda bakora udushya mu gusaba abakunzi babo ko bababera abagore [proposals] aho umuherwe wo muri Zambia we yaciye ibintu ubwo yakoreshaga icyapa,akimanika mu mujyi...
Umukinnyi Rutanga Eric yatangaje ko nyuma yo kuva mu ikipe ya Rayon Sports agiye kumvikana na Nkana FC yo muri Zambia yasanze abayobozi bayo bisubiyeho ku mafaranga bari bemeye kumuha ndetse ngo...
Umugabo witwa Edwin Sakala ukomoka mu gihugu cya Zambia yafashwe ari gusambanya umugore ufite ubumuga bwo mu mutwe, mu gitondo cyo kuwa 01 Werurwe 2019.
Komisiyo y’amatora ya Zambia yemeje ko amatora ya perezida yo mu cyumweru gishize uwayatsinze ari umukandida w’abatavugarumwe n’ubutegetsi Hakainde Hichilema.
Bwana Hichilema yatsinze mukeba we...
Bamwe mu bo mu muryango w’uwahoze ari Perezida wa Zambia Kenneth Kaunda biyambaje urukiko ngo bagerageze kubuza ko ashyingurwa mu irimbi ry’igihugu rya Embassy Park mu murwa mukuru Lusaka.
Kaunda...
Indaya zo mu gace kitwa Mazabuka kari mu majyepfo y’umujyi wa Lusaka zatangaje ko zitazongera gukorana imibonano mpuzabitsina n’abagabo basiramuye kubera ko ngo batinda kurangiza bikabicira...
Byiringiro Eric ubusanzwe uzwi kukabyiniro ka DERYKER, ni umuhanzi nyarwanda ukiri muto ufite imyaka 19 y’ amavuko ndetse akaba ari umwe mu bahanzi bakora injyana ya Hip Hop. Uyu musore ubarizwa...
Umusore ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports uherutse gutorerwa kuba ariwe wahize abandi mu mwaka w’imikino ushize Kwizera Pierrot yahakanye amakuru yavugaga ko ari mu biganiro byimbitse n’ikipe...
Perezida wa Zambia Edgar Chagwa Lungu yatangaje ko ategereje Perezida Paul Kagame mu ruzinduko rw’akazi muri icyo gihugu, mu biganiro bizibanda ku mubano w’ibihugu byombi n’ubufatanye mu nzego...
Uwari Perezida wa Zambia,Edgar Lungu,wasimbuwe na Hakainde Hichilema yamaze kuva mu nzu za Leta ziturwamo umukuru w’igihugu aho yagiye gukodesha inzu hanze iyi ikaba iy’umukinnyi wahoze akinira...
Abakora akazi ko kwigurisha bakunze kwitwa ’indaya’ bari gufasha leta gukurikirana abantu bashobora kuba baranduye coronavirus nyuma y’uko muri iki gihugu habonetse abantu bashya banduye mu mujyi...
Perezida Zambia Edgar Lungu yahaye gasopo abafite umugambi wo kumukura ku butegetsi avuga ko afite ikizere ko uwo mugambi uzapfuba.
Umuvugizi wa Perezida Lungu yavuze ko uwo mugambi urimo...
Zodwa Wabantu wamaganiwe kure n’ leta ya Zambia kubera kuza atambaye ikariso aho yababwiye ko batari bakwiye kumwirukana mu gihugu kubera ko mbere yo kuza yari yarabibateguje nubwo banze kubyumva....