Umugabo witwa Luscious Chiturumani wo mu gace ka Gweru mu gihugu cya Zimbabwe yakoze amahano yababaje benshi mu bagize umuryango we ubwo yafatwaga ari gusambana n’indaya ku kiriyo cy’umugore...
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Zimbabwe witwa Titus Ncube yaguye mu kantu ubwo yatumizagaho indaya muri hoteli, maze yamara kuhagera akabona n’umukobwa we yibyariye...
Umusore witwa Danny Chimzda wo muri Zimbabwe yafashwe ari hejuru ya nyirabuja bari gusambana ubwo sebuja n’abandi bantu batandukanye bamutahiragaho baramuhondagura bamuhindura...
Umuhanzi Oliver Mtukudzi yakoze igitaramo kidashobora kwibagirana mu mitwe y’abakunzi be baturutse mu bihugu bitandukanye birimo n’abiwabo ku ivuko muri...
Ibara ry’ uruhu rwa General Constantino Chiwenga wahoze ari Minisitiri w’ ingabo za Zimbawe ubu akaba ari Visi Perezida wa Zimbabwe ryateje impaka mu itangazamakuru ryo kuri iki gihugu dore ko...
Umukobwa wo mu gihugu cya Zimbabwe Zanele Ndlovu kuri ubu wamaze kuba umugore nyuma yo gushyingirirwa mu bitaro yagize ikibazo gikomeye ubwo yari kumwe n’ umukunzi we biteguraga gushyingirwa...
• Amavubi yimuwe mu mugi yagombaga gukiniramo CECAFA 2017
• Amavubi n’andi makipe bahuriye mu itsinda A bavuye mu mugi wa Kisumu berekeza mu witwa Machakos
• U Rwanda nirwo ruzafungura irushanwa...
Akanyamuneza kari kose mu badepite bakimara gusomerwa urwandiko rwa Mugabe avuga ko yemeye gutanga ubutegetsi
Kuri uyu wa Kabili tariki 21 Ugushyingo 2017, Robert Mugabe wari umaze imyaka 37...
Abantu bari mu munezero ni bo bagaragara mu murwa mukuru wa Zimbabwe, i Harare, bitwaje ibyandiko bisaba Prezida Robert Mugabe gutanga ubutegetsi, imyigaragambyo yahindutsemwo gushima gisirikare...
Umuhanzikazi Butera Knowless yongeye gushyirwa ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya Afrimma Awards bizatangwa tariki ya 08 Kanama 2017 I Texas.
Ni ku nshuro ya kabiri uyu muhanzi atoranywa...
Umugore witwa Maurina Musisinyana yakoze igikorwa cy’ubutwari ubwo yakuraga umwana we mu kanwa k’ingona yari imaze kumutwara imukuye aho yari amusize ari gukinira hafi...
Uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe yatangaje ko umugore we Grace Mugabe ahora mu marira adashira yongeraho ko nawe aho ari adatekanye.
Yavuze ko uyu wahoze ari umugore wa...
Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Zimbabwe yasabye Komisyo irwanya ruswa gukora iperereza kuri Grace Mugabe, umugore wa Robert Mugabe wari Perezida wa Zimbabwe wahawe impamyabumenyi y’ ikirenga...
Mu gihe hakomeje kwibazwa uzasimbura ku butegetsi Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe, Emmerson Mnangagwa wari Visi Perezida w’ iki gihugu yirukanywe kuri uyu mwanya azira kubaza igihe Mugabe...
Ishami rya LONI rishinzwe ubuzima ku isi, OMS, ryisubiyeho ku cyemezo cyo guha perezida Robert Mugabe umwanya wa ambasaderi w’umukorerabushake nyuma y’igitutu.
Mu itangazo umuyobozi wa OMS, Dr...