None ni ku wa Gatandatu tariki ya 22 Nyakanga, ni umunsi wa 203 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 162 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze kuba inshuro 56 ari ku wa...
Umukobwa witwa Uwase Clementine[Tina] wahatanye mu marushanwa ya Miss Miss World Next Top Model 2017 ahagarariye u Rwanda aherutse gutangura abantu akora iby’abandi bakobwa bo mu Rwanda batinye...
Ku wa Kabiri tariki ya 17 Ukwakira 2017 nibwo Pasiteri Philip Muguzada yatangaje ko Imana yisubiyeho yigiza inyuma urupfu rwari rutegereje Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe nk’uko uyu mukozi...
Ikinyamakuru cyo mu Bwongereza ‘African Leadership Magazine’, cyakoresheje itora gisanga Perezida Kagame ari we wabaye umunyafurika w’ umwaka wa 2017. Ibi bivuze ko ariwe wegukanye igihembo gikuru...
Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika iharanira demukarsi Nyuma yo guha Perezida Joseph Kabila iminsi 45 ngo abe yavuye ku butegetsi, Colonel John Tshibangu wihaye ipeti rya général yatawe muri...
Umutoza Karekezi Olivier w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko batangiye kwitegura ikipe ya Lydia Ludic yo mu Burundi bazakina muri weekend itaha, bahereye ku mikinire yayo kuko bafite CD ebyiri...
Jacob Zuma w’ imyaka 75 y’ amavuko ubaye Perezida wa 3 wo muri Afurika wegujwe mu gihe cy’ amezi 13 yavuzweho byinshi haba mu mateka ye ndetse no ku butegetsi bwe. UMURYANGO wabateguriye ibintu 7...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri iki Cyumweru tariki 18 Gashyantare 2018 imodoka zari zimucukingiye umutekano zakoze impanuka bamwe barakomereka ariko we ntacyo yabaye.
Iyi...
Amakuru adafitiwe gihamya aturuka mu Burundi ni uko ikipe ya Lydia Ludic ishobora gutanga ikirego mu impuzamahyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF irega Rayon Sports gushaka guha...
Benshi mu banyarwanda by’umwihariko abafana b’ikipe ya Rayon Sports bategerezanyije amatsiko umukino ubanza wa CAF Champions League uzahuza ikipe yabon na Mamelodi Sundowns ndetse bari kwibaza...
Umutoza w’ikipe ya Mamelodi Sundowns Pitso Mosimane yatangaje ko ikipe ye igomba kwitondera Rayon Sports kubera ko ifite abafana benshi ndetse no kuba yarabashije kugera muri iki cyiciro.
Uyu...
Vladimir Putin arahabwa amahirwe menshi yo gutsinda amatora ya Perezida w’ Uburusiya ateganyijwe muri Werurwe 2018, bizatuma ahita yinjira mu bakuru b’ ibihugu bayoboye kuva kuri kimwe ¼ cy’...
Miss Muthoni Fiona yasezeye mu marushanwa ya Miss Beaty Queen yaberaga muri Lagos yanyuma yo kunyerere ku ngazi akavunika ukugura.
Miss Muthoni Fiona wabaye igisonga cya mbere cya Miss Africa...