Umuhanzikazi witwa Sulli w’imyaka 25 yasanzwe mu rugo rwe rw’ahitwa Seongnam hafi y’umujyi wa Seoul muri Koreya y’Amajyepfo yapfuye, nyuma y’iminsi mike ahagaritse umuziki kubera abafana bamuserereje...
Umutoza wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer,yafashe umwanzuro ubabaje wo gusiba urubuga rwe rwa Twitter kubera ibitutsi by’abafana b’iyi kipe bamututse cyane nyuma yo kunganya 0-0 na AZ...
Abafana ba Manchester United barakajwe n’amagambo umusaza Arsene Wenger yatangaje ko gutoza iyi kipe ari inzozi ze aho benshi bahise bajya ku mbuga nkoranyambaga zabo bamubwira ko batamukeneye...
Rutahizamu Neymar Jr waraye akinnye umukino we wa mbere muri PSG muri uyu mwaka w’imikino nyuma y’intambara ikomeye yarwanye ngo asubire muri FC Barcelona bikarangira ayitsinzwe,yavuze ko...
Abafana ba Manchester United bongeye kugaragaza ko nta rukundo bagifitiye umukinnyi wabo Pogba kuko mu gitondo bazindukiye ku cyapa cyo ku kibuga cy’imyitozo cy’iyi kipe yabo bandika ku cyapa...
Uwahoze atoza ikipe ya Rayon Sports umubirigi Ivan Jacky Minnaert yasabye imbabazi abafana ba Rayon Sports kubera akayabo yacishije ikipe yabo gusa ababwira ko bamwe mu bayobozi bayo bita ku...
Abafana ba Arsenal bo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika aho iyi kipe iri gukorera imyiteguro y’umwaka utaha wa shampiyona,bakomereye cyane myugariro wabo Shkodran Mustafi ubwo yari agiye kwinjira...
Abafana ba Manchester United barifuza ko umukinnyi wakinaga hagati mu kibuga mu ikipe ya Southampton witwa Mario Lemina yaza mu ikipe yabo kubera ahanini ubwiza bw’umugore we Fanny Neguesha...
Abafana ba Rayon Sports bagaragaje agahinda bari batewe n’uko ubuyobozi bwa CECAFA bwari bwazamuye itike yo kwinjira ku mikino ikipe yabo yakinnye,bituma ifata umwanzuro wo...
Abafana ba Arsenal bacitse ururondogoro kubera amakuru yababaje ya rutahizamu wabo Pierre Emerick Aubameyang bivugwa ko ashaka kujya mu ikipe ya Manchester United gusimbura Romelu Lukaku uri hafi...
Rutahizamu Antoine Griezmann uherutse gusezera mu ikipe ya Atletico Madrid yari amaze kubakiramo izina rikomeye,yibasiwe bikomeye n’abafana be mu mukino wa shampiyona banganyijemo na Levante...
Itsinda ry’abafana ba FC Barcelona bateze kizigenza Lionel Messi ku kibuga cy’indege baramutuka baramwandagaza,abandi bashaka kumukubita akizwa n’umurinzi we ndetse n’umutoza we...
Abafana ba Rayon Sports basazwe n’ibyishimo nyuma yo gutsinda Police FC igitego 1-0,bituma Jules Ulimwengu wagitsinze bamusaba kuzenguruka stade atoragura amafaranga bamuherezaga bari hejuru...
Abafana ba Manchester United ntibishimiye abakinnyi ikipe yabo iri gushaka kugira ngo yiyubake,kubera ko benshi ari abasanzwe bakina mu makipe aciriritse.
Umukinnyi witwa Mahmut Onur Toprak w’ikipe ya Sanliurfa Genclerbirligi yakoze agashya yereka abafana b’ikipe ya Siverek Belediyespor bari bahanganye igitsina cye ubwo bamutukaga umukino...
Umunyamideli ukomeye ku mugabane w’I Burayi Mimi Mirage ari gutegurira Mwiseneza Josiane akunda cyane igitaramo cyo guhura n’abafana yatumiyemo umwamikazi mu muziki wa Nigeria, Tiwa...
Umutoza mushya wa Leicester City,Brendan Rodgers, yatewe n’abagizi ba nabi batoboye inzu ye iri mu mujyi wa Glasgo aho bivugwa ko ari abafana ba Celtic bababajwe n’uko yataye ikipe yabo akerekeza...
Umukinnyi ukina mu mutima w’aba myugariro Faustin Usengimana kuri ubu udafite ikipe kuri ubu, ku munsi wejo yagaragaye mu myitozo ya Rayon Sports abafana bamwereka...
Umuhanzi,Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru Mc Tino abafana bakomeje kumusaba ko bakumbuye ijwi rye kuri Radio bituma afata icyemezo cyo gusubirayo noneho mu kiganiro cy’imyidagaduro kizaba...
Myugariro w’ikipe ya Arsenal Hector Bellerin yavuze ko abafana ba Arsenal n’abandi bakunzi ba ruhago bamaze iminsi bamutuka cyane ku mbuga nkoranyambaga aho bamwita umutinganyi ndetse bakamwita...
Icyamamare mu mupira w’amaguru Diego Maradonna giherutse kugirwa umuyobozi w’ikipe ya Dinamo Brest yo mu cyiciro cya mbere muri Belarus,yasinze yurira imodoka atangira gukuramo imyenda ye hejuru...
Mu mukino wa gicuti Juventus yahuraga nabakinnyi bayo batarengeje imyaka 19,abafana batumye umusifuzi ahagarika umukino utarangiye kubera ko banze kuva mu kibuga buzura kuri iki cyamamare cyari...
Mu gihe Real Madrid yifuza ko rutahizamu Edinson Cavani yaza kongera ingufu mu busatirizi,abafana bayo babwiye ubuyobozi ko bifuza ko umwongereza Harry Kane ariwe ukwiriye kuza kuziba icyuho cya...
Ku munsi w’ejo nibwo Cristiano Ronaldo yeretswe abafana,abanyamakuru ndetse avuga byinshi mu byo yiteguye kugeza ku bafana ba Juventus aho yavuze ko yifuza gutwara igikombe cya UEFA Champions...
Myugariro Rutanga Eric yatangaje ko abafana ba Rayon Sports badakwiye kugira ubwoba kuko we na bagenzi be barahiriye gutsinda ikipe ya APR FC kuri uyu wa Gatanu mu mukino w’umunsi wa 26 wa...