Twateguye urutonde rw’abakinnyi b’igitsinagore bakunzwe cyane hano mu Rwanda kurusha abandi mu mwaka wa 2022-2023.
Umwanditsi w’UMURYANGO yagendeye ku bitekerezo bitangwa filime bakinamo ziba...
Biravugwa ko kuri uyu wa Tanu tariki ya 30 Kamena 2023 , ikipe ya Rayon ports ,izasinyana amasezerano n’ikigo cy’igihugu gishizwe iterambere RDB , ikazaba ariyo kipe ya mbere mu Rwanda izaba...
Nyuma yo kongera guhabwa amahirwe n’abanyamuryango ba Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Regis uzwi nka Général, yongeye kuba Perezida w’iyi kipe mu myaka itatu iri...
Umuhanzi Jose Chamelione uherutse kuva mu bitaro muri Leta Zunze Ubumwe Za Amerika yavuze ko hari abashakaga ko akomeza kurwara kugirango umuryango we uzime...
Uwari umunyezamu w’ikipe ya Bugesera FC, Ndayishimiye Jen Luc uzwi nka Bakame, yatangarije abakunzi be ko yahagaritse gukina umupira w’amaguru nyuma yo guca mu makipe arimo APR FC na Rayon...
Nkuko asanzwe abigenza agiye guhura na Rayon Sports,Umushoramari Kakooza Nkuriza Charles usanzwe ari nyiri ikipe ya Gasogi United yatangaje ko iyi kipe ifite abafana benshi bazahura ku munsi wa...
Ikipe ya Police FC yo muri Kenya niyo izakina na Rayon Sports kuri Rayon Day 2023 [Umunsi w’Igikundiro] kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 05 Kanama 2023, kuri Kigali Pele Stadium.
Kenya Police FC...
Umukobwa wa Cristiano Ronaldo witwa Alana Martina yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’amafoto yagiye hanze amugaragaza yambaye umwenda wa Liverpool.
Icyateje impaka mu bakunzi ba ruhago...
Ikipe ya Gaadiidka FC yo muri Somalia yandikiye FERWAFA iyisaba Kwakirira APR Fc i Kigali mu mukino w’ijonjora ryibanze ryo gushaka itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Champions...
Abafana b’ikipe ya Rayon Sports bakoze akarasisi gakomeye i Nyamirambo berekeza kuri Kigali Pele Stadium mbere yo kwerekana abakinnyi no gukina na Kenya Police FC mu mukino wa gicuti.
Mbere yo...
Ikipe ya MUKURA VS yerekanye ko izaba ikanganye mu mwaka w’imikino utaha nyuma yo guhagama APR FC bakanganya 0-0, mu mukino wa gicuti wo kwizihiza isabukuru yayo y’imyaka 60 imaze...
Ikipe ya Rayon Sports yongeye kubabaza abakunzi bayo ku munsi w’Igikundiro kuko yatsinzwe na Kenya Police FC igitego 1-0,iba inshuro ya gatatu yikurikiranya ku munsi w’ibirori byayo.
Nubwo yari...
Manishimwe Djabel, wahoze ari Kapiteni wa APR FC, yaciye amarenga ko iyi kipe yaguze abanyamahanga badakanganye ugereranyije n’Abanyarwanda bari bayisanzwemo.
Umutoza wa APR FC yatangaje ko Gilbert na Shaiboub bari bagize ibibazo by’imvune kuri ubu bari gukorana na bagenzi babo aho nta gihindutse bazagaragara ku mikino wa Rayon...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Kamena 2023, hateganyijwe umukino wa Super Cup uzahuza amakipe y’abakeba mu rw’imisozi 1000, Rayon Sports na APR FC, kuri Kigali Pele Stadium saa...
Umuhanzi Diamond Platnumz yaraye mu Rwanda i Kigali mu butumire bw’igitaramo African Giants Festival aho biteganyijwe ko azaririmba kuri uyu wa 13 Kanama...
Umutoza mushya wa Rayon Sports,Yamen Zelfani,yatangaje ko yishimiye ko yanyagiye APR FC ibitego 3-0 ndetse ko byose byaturutse ku kuba abakinnyi be bumviye amabwiriza...