Kim Kardashian west uzwi cyane nka kim Kardashian, umunyamideli,umukinnyi w’ama filme ndetse n’umucuruzi utibagiwe ko ari n’umugore w’umuhanzi w’icyamamare cyane Kanye west, yavutse tariki ya...
Abinyujije mu butumwa bwo kuri Facebook, Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yashyigikiye umusoro uherutse gushyirwaho ku bakoresha imbuga nkoranyambaga, avuga ko abazikoresha bateza imbere...
Kapiteni w’ ikipe y’ igihugu ya Nigeria John Obi Mikel yatangaje ko habura amasaha make ngo Nigeria ihure na Argentina mu mikino y’ igikombe cy’ Isi se yashimuswe n’ abantu bataramenyakana kugeze...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Umwana w’ umukobwa w’ imyaka 13 y’ amavuko yahawe ibihembo nyuma yo gutabara abantu barenga 300 bari muri gare ya moshi. Uyu mwana wo mu gihugu cya Zimbabwe yabujije gare ya moshi guhaguruka muri...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza kwiyongera.
Umuherwe wa Mbere ku mugabane w’ Afurika Aliko Dangote yahaye Nigeria imodoka 150 polisi izifashisha mu gucunga umutekano zakirwa na Visi Perezida w’ iki gihugu Yemi Osinbajo ku wa Gatatu w’ iki...
Inteko ishinga amategeko ya Zimbabwe yavuze ko igiye gutumiza Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe agatanga ibisobanuro ku irengero rya miliyari 15 z’ amadorali y’ Amerika zavuye mu...
Sintex yatangarije ikinyamakuru UMURYANGO ko yategeye yishyuriye imodoka iri VIP umukobwa imutwara ikamuvana mu gihugu cya Kenya aje kugaragara mu mashusho y’indirimbo ye igikorwa cyakozwe...
Mu ntangiro z’ uku kwezi kwa Werurwe 2018 mu itangazamakuru ryo mu Rwanda hatangajwe inkuru idasanzwe ivuga ko Minisitiri w’ Ibikorwaremezo James Musoni yasambanye n’ umugore wa Rtd. Captain Safari...
Jennifer Pamplona yashyize hanze amafoto ye yambaye ubusa nyuma yo gutanga angana na miliyoni 500 000 z’ Amadorali y’ Amerika kugira ngo ase neza na Kim Kardashian.
Ubusanzwe Jennifer ni...
Karuvati ya Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yagurishijwe mu cyamunara ibihumbi 15 by’ amadorali y’ Amerika mu muhango wabereye ahitwa Victoria nk’ uko BBC yabitangaje.
Ngo Mnangagwa...
Mu gihe muri Afurika by’ umwihariko muri Uganda na Kenya abaganga bakunze kwigaragambya basaba Leta kubongeza imishahara abo mu gihugu cya Canada bo bigaragambije binginga leta y’ iki gihugu ngo...
Perezida wa Komisiyo y’ Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe Moussa Faki Mahamat yamiye Leta y’ u Rwanda ku bw’ inkunga ya miliyoni y’ amadorali yatanze mu rwego rwo kongerera ubushobozi ingabo zo...
Ngabo Médard Jobert umuhanzi Nyarwarwanda wamamaye ku izina rya Meddy mu ijwi ry’ubuhanga atangiye umwaka wa 2018 ataramira abanyarwanda baba mu muhanga.Ni nyuma yo gushyira hanze bimwe mu...
Davido wo mu gihugu cya Nigeria yatangaje ko afite nimero z’abaperezida 13 bari ku migabane itandukanye igize isi, ngo bajya baganira iby’ubuzima bwe ndetse n’umuziki yatangiye gukora akiri ku ntebe...
Umuhanzi Davido wo mu gihugu cya Nigeria yemeje ko afite igitaramo mu mujyi wa Kigaliri muri Werurwe uyu mwaka,atangaje ibi nyuma y’iminsi micye bitangiye kuvugwa ko uyu muhanzi agiye kuza mu...