Kuri uyu wa 22 Ugushyingo, Perezida Tshisekedi ubwo yari muri gahunda yo kwiyamamaza mu mujyi wa Kinshasa, mugace ka Kimpese yijeje abaturage be ko agiye kongera agaciro k’ifaranga ry’igihugu...
Perezida wa Madagascar Andry RAJOELINA kuri uyu wa Kabiri yasoje uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda yiha umuhigo w’uko Madagascar igiye gutera ikirenge mu cy’u Rwanda mu nzira...
Umunyamakuru w’icyamamare muri Thailand, Anne Jakapong Jakrajutatip uzwiho kuba yarihinduje igitsina, yamaze kugura irushanwa rya Miss Universe kuri miliyoni 20 z’amadorali ya Leta Zunze Ubumwe za...
Uyu munsi tariki 17 Ugushyingo 2021, abategura irushanwa rya Miss East Africa batangaje urutonde rw’abakobwa 16 bujuje ibisabwa, bashaka guhatanira ikamba rya Miss East Africa 2021 ryateguwe...
Mu kiganiro aherutse kugirana na BBC, Tibor Nagy, umunyamabanga wungirije wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ibibazo bya Afurika yagize ati: “Igihe kirekire cyane abashoramari bakomanze ku...
Igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika mu Rwanda gihagarariwe mu Rwanda na Ambasaderi Peter Vrooman cyahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni y’amadorali yo kurufasha guhangana na...
Umupasiteri wo mu gihugu cya Ghana witwa, Nigel Giasie, yemeje ko ashobora gukora ibitangaza umukinnyi wa Basket, Kobe Bryant n’umukobwa we Gianna baguye mu mpanuka y’indege bakongera bakaba...
DND Developers Ltd, Sosiyete y’Ubwubatsi ikorera mu Rwanda yashinzwe mu 2015 ifite intego yo guteza imbere imiturire myiza kandi ihendutse ubu ikaba yujuje amazu meza I Nyarutarama kandi ari ku...
bu bwato bwo mu bwoko bwa 120ft luxury buhagaze miliyoni 7 z’amadorali, bwahiriye mu mugezi witwa Biscayne Bay, uherereye Miami uhura n’inyanja ya Atlantic kugeza ubu amakuru aravuga ko mu bari...
Umukobwa w’ imyaka 66 wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika muri Leta ya Georgia mu mujyi wa Atlanta yashyize ubusugi bwe ku isoko kugira ngo abone amadorali y’ Amerika $50,000 asabwa ngo abagwe...
Umukozi wa Leta ya Australia yahembwe umushahara ukubye inshuro 100 umushahara we usanzwe w’ukuri kubera akitso gatandukanya imibare kashyizwe mu mwanya utariwo bigatuma hiyongeraho amadorali 500...
Umunyamerika w’imyaka 54 y’amavuko, Jeff Bezos ufite kampani y’ ikoranabuhanga ya Amazon yesheje agahigo ko kuba umunyemari wa mbere ku isi ubashije gutunga miliyari zirenga 100 z’amadorali...
Uruganda rwa West Hills Coffee rurashinjwa n’ikipe y’igihugu y’amagare ’Team Rwanda’ ubwambuzi bw’amafaranga ibihumbi bitanu by’amadorali ku masezerano bari bagiranye yo kugurira ikipe ya Benediction...
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyarugenge, ku wa Kane tariki ya 29 Ukuboza, yafashe umugabo w’imyaka 37, wari ugiye kuvunjisha amadorali 200 ya Amerika y’amiganano ahwanye n’amafaranga y’u Rwanda...