skol
Kigali

Search: amajyepfo (1271)

Umwarimu w’I Nyamagabe wakekwagaho kwiba mudasobwa zahawe ikigo yarashwe ari kugerageza gutoroka

Umugabo witwa Rukundo Jean Bosco wari ushinzwe ikoranabuhanga mu Rwunge rw’Amashuri rwa Cyanika (GS Cyanika), yarashwe kuwa Gatanu w’icyumweru gishize,ubwo yashakaga gutoroka Polisi avuye kwerekana...
5 February 2019 3890 0

Amwe mu mateka ya Rtd Hubert Gashagaza wamaze gushyingurwa [AMAFOTO]

Kuri uyu wa 20 Nzeli 2018 nibwo Rtd CSP Hubert Gashagaza yashinguwe mu cyubahiro mu Irimbi rya Rusororo nyuma y’ umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabereye mu rusengero rw’ Abadivantisiti arinaryo...
20 September 2018 11426 0

Huye: Abandi babiri barashwe bakekwaho ubujura barapfa

Inzego z’ umutekano z’ u Rwanda zongeye kurasa abandi bajura mu karere ka Huye mu murengeye bashaka kwiba ibikoresho birimo amatiyo y’amazi abaturage babwiye itangazamakuru ko abarashwe bari bambaye...
1 August 2018 1840 0

Huye: Harasiwe abajura babiri barapfa abandi bariruka

Abantu babiri bivugwa ko bari abajura bitwaje intwaro gakondo barasiwe mu murenge mu Kagari ka Shyembe mu Mudugudu wa Kagoma mu Murenge wa Maraba, barapfa bagenzi babo bane...
27 July 2018 2242 0

Perezida Kagame yamaganye ibitero byibasiye abayobozi ba Zimbabwe na Ethiopia

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’uyu muryango, yamaganye ibitero by’iterabwoba biherutse kwibasira abayobozi ba Ethiopie na Zimbabwe.
1 July 2018 1040 0

Umugore w’umusirikare yagurishije umwana we abeshya umugabo ko yapfuye ari kuvuka

Umusirikare w’umunyamerika witwa Sgt Steven Garcia, w’imyaka 24 yabeshywe n’umugore we witwa Marina Garcia w’imyaka 31 ko yabyaye umwana agapfa kandi yaramugurishije inshuti ze zituye mu muri...
18 May 2018 2010 0

Amwe mu mateka y’umuhanzi Sebanani wazize Jenoside

Sebanani André yavutse mu 1952, avukira mu cyahoze ari Komini Kigoma Perefegitura Gitarama, ubu akaba ari Akarere ka Nyanza, Intara y’Amajyepfo. Amashuri yisumbuye yayize i Shyogwe nyuma aza...
9 April 2018 980 0

Umukobwa winjirije abategura Miss RWANDA arenga Miliyoni Rwf agizwe uwabaniye neza abandi

Uwase Ndahiro Liliane umukobwa watumye abategura amarushanwa ya Miss Rwanda 2018 basarura agatubutse mu magarangamutima ya benshi bihebeye uyu mukobwa wahatanaga muri iri rushanwa ngaruka mwaka...
24 February 2018 3467 0

Akanyamuneza mu muryango w’umunyamakuru Michele na David bategereje imfura

Iradukunda Michele uzwi nka Michou umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda na Magic FM yagaragaje ibyishimo bidasanzwe yerura ko akuriwe kandi yamenye ko azibaruka umwana w’umuhungu. Ku wa 11 na...
26 January 2018 4928 0

Muhanga: Polisi ifunze 7 bacyekwaho ibyaha byo kwangiza ibidukikije

Mu bikorwa Polisi y’u Rwanda yakoze ku wa 15 Mutarama uyu mwaka byo kurwanya ibikorwa byo kwangiza ibidukikije yafashe abantu barindwi bacyekwaho gukora ibi byaha. Abagabo batandatu, ari bo:...
17 January 2018 187 0

Ingengabihe y’igikorwa cyo gutora Miss Rwanda 2018

Kompanyi ya Rwanda Inspiration Backup isanzwe itegura irushanwa rya Miss Rwanda kuva muri 2014 berekanye ingengabihe y’uko igikorwa cyo gutora Miss Rwanda 2018 kizagenda. U Rwanda rufite ba...
8 January 2018 464 0

Guverineri Mureshyankwano avuga ko ibihano bigenerwa abadatanga mitiweli bidashyirwa mu bikorwa

Ubuyobozi bw’ intara y’Amajyepfo bwatangaje y’uko ibihano bigenewe abadatanga ubwisungane mu kwivuza bidashyirwa mu bikorwa nk’uko biteganywa n’ itegeko rigenga imitunganyirize y’ubwisungane mu...
29 December 2017 251 0

Nyamagabe:Polisi yataye muri yombi umukozi wo mu rugo wibye miliyoni 3 Rfw

Nyamagabe- Polisi yataye muri yombi umukozi wo mu rugo ukomoka mu Murenge wa Mbazi mu Ntara y’Amajyepfo wibye amafaranga agera kuri miliyoni 3 z’amafaranga y’u Rwanda agahita atoroka. Ayingeneye...
23 October 2017 1584 0

Miss Honoline "Igisabo" n’abakobwa bo muri Afurika begukanye umwanya wa 3

Miss Hirwa Uwase Honoline uzwi nka miss Igisabo niwe waserukiye u Rwanda mu irushanwa rya Miss Earth 2017 ndetse yatangiye yegukana umudali n’itsinda ry’abakobwa bahagarariye umugabane w’Afurika...
10 October 2017 3272 0

Reba amakipe y’ibihangange ashobora Kubura itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi

Urugamba rugeze mu mahina ku makipe y’ibihugu ari gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha,aho menshi mu makipe akomeye ari mu mazi abira...
9 October 2017 713 0

Umunyarwanda yishwe arashwe muri Mozambique

Umunyarwanda witwa Niyongira Theobald, wakoreraga gihugu cya Mozambique yarashwe mu ijoro ryo ku wa 22 Nzeri 2017 ubwo bamusangaga mu iduka bakamutwara n’amafaranga. IGIHE yanditse ko Uyu...
23 September 2017 2317 0

Kamonyi: Hagiye kubakwa uruganda rukora ikigage gipfundikiye

Ahitwa Bishenyi mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Runda mu kwezi gutaha haratangira kubakwa uruganda rwenga ikigage gisembuye n’ ikidasembuye. Uru ruganda ruje mu mihe abakunzi b’ ikigage...
12 September 2017 1671 0

Muhanga: Hafatiwe uwambuye abanyeshuri amafaranga ababeshya kubarihira

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Muhanga yafashe uwitwa Nkundabera Bosco ukekwaho kwambura abanyeshuri amafaranga ababeshya kubarihira amafaranga y’ishuri biciye mu mushinga witwa EPR abereye...
18 August 2017 757 0

U Budage bwashyikirije u Rwanda Twagiramungu ucyekwaho Jenoside

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Kanama, ubutabera bw’u Budage bwagejeje mu Rwanda Twagiramungu Jean washakishwaga n’ubutabera bw’u Rwanda. Akekwaho uruhare mu byaha bya Jenoside...
18 August 2017 3653 0

Volleyball: imikino ya kamarampaka iragaruka mu mpera z’iki cyumweru

Mu minsi ishize nibwo imikino ya kamarampaka muri Volleyball yasubitswe bitewe n’ubusabe bw’amakipe, kuri ubu yongeye gusubukurwa, kuri uyu wa Gatandatu ibihangange biratangira kwesurana nk’uko...
9 August 2017 127 0

Nta kigaragara cyarogoya amatora ya Perezida wa Repubulika - Indorerezi za COMESA

Ebyiri mu ndorerezi z’Umuryango w’Ubucuruzi bw’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo n’Uburasirazuba (COMESA) ziyobowe na Bishop Mary Nkosi zavuze ko igenzura zimaze gukora kuva aho zigereye mu Rwanda...
3 August 2017 279 0

Basketball: Imikino ya kamarampaka iragaruka mu mpera z’iki cyumweru

Imikino ya kamarampaka muri Basketball (playoffs) yari imaze icyumweru cyose idakinwa yongeye yagarutse aho amakipe ahanganiye ku mukino wa nyuma ariyo Patriots na REG BBC akomeje imihigo nyuma...
26 July 2017 70 0

Zone V:u Rwanda ntirwagowe n’abasore ba Uganda

Wari umunsi wa kabiri w’imikino y’akarere ka Gatanu yatangiye ku munsi wo ku wa Gatandatu taliki ya 22 Nyakanga 2017 ikaza gusoza kuri uyu wa Mbere tariki 24 Nyakanga aho U Rwanda rumaze gutsinda...
24 July 2017 251 0

Nyaruguru: Abagabo babiri bakurikiranyweho kwica mugenzi wabo bapfa umukobwa

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo ifunze abagabo babiri bo mu Murenge wa Mata bakurikiranyweho icyaha cyo kwica mugenzi wabo bamutemaguye. Inkuru ya IGIHE...
20 July 2017 1514 0

Minisitiri w’Intebe yahaye impanuro abayobozi b’amashami mu bigo bya Leta na za Minisiteri

Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Anastase Murekezi yahaye impamuro abayobozi b’ ibigo bya Leta na za Minisiteri zitandukanye abasabwa kwirinda ruswa no gutekinika ahubwo bakaba umusemburo w’...
27 November 2016 598 0

Uyu munsi haramenyekana usimbura Senateri Mucyo Jean de Dieu

Guhera saa yine z’amanywa kuri uyu wa Kane tariki 1 Ukuboza ,2016 ku rwego rw’uturere mu tw’Intara y’Amajyepfo haratangira amatora y’uzasimbura Senateri Jean de Dieu Mucyo witwabye Imana mu kwezi...
1 December 2016 674 0

Dr Sezibera Richard niwe watorewe gusimbura Senateri Mucyo Jean de Dieu

Richard Sezibera yatsinze amatora gushimbura Senateri Mucyo Jean de Dieu witabye Imana tariki 03 Ukwakira 2016 nyuma igihe kigera ku mwaka yari amaze atorewe kwinjira muri Nteko Ishingamateko,...
1 December 2016 800 0

’Kuki wumva ko umuntu yaguhera amafaranga ko uri umukobwa mwiza gusa?’ Mgr Rukamba

Umuyobozi w’ inama y’ abepisikopi mu Rwanda Musenyeri Philippe Rukamba arakebura abakobwa n’ abahungu bashukishwa utuntu tw’ intica ntikize bigatuma bishora mu busambanyi akavuga ko ari ubuswa. Ni...
19 December 2016 3046 0

IPRC South habonetse umurambo, ushinzwe abakozi muri iki kigo atabwa muri yombi

Nyamugabo Eric, Umuyobozi ushinzwe abakozi mu kigo cyigisha imyuga n’ ubumenyi ngiro mu ntara y’ amajyepfo IPRC South ari mu maboko ya polisi nyuma y’ uko muri iki kigo habonetse umurambo w’ umuntu...
28 December 2016 1983 0

Huye: Umukoresha aravugwaho gukubitisha inyundo umukozi wo mu rugo, akanamutwikisha plastiki

Umugabo utuye mu Karere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu Kagali ka Rango B mu Mudugudu wa Byimana ari mu maboko ya polisi.Akurikiranweho gukubita umukozi we wo mu rugo mu buryo budasazwe...
28 December 2016 2439 0
0 | ... | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | 330 | 360 | 390 | 420 | ... | 1260