Inzego z’ umutekano z’ u Rwanda zongeye kurasa abandi bajura mu karere ka Huye mu murengeye bashaka kwiba ibikoresho birimo amatiyo y’amazi abaturage babwiye itangazamakuru ko abarashwe bari bambaye...
Abantu babiri bivugwa ko bari abajura bitwaje intwaro gakondo barasiwe mu murenge mu Kagari ka Shyembe mu Mudugudu wa Kagoma mu Murenge wa Maraba, barapfa bagenzi babo bane...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’uyu muryango, yamaganye ibitero by’iterabwoba biherutse kwibasira abayobozi ba Ethiopie na Zimbabwe.
Sebanani André yavutse mu 1952, avukira mu cyahoze ari Komini Kigoma Perefegitura Gitarama, ubu akaba ari Akarere ka Nyanza, Intara y’Amajyepfo. Amashuri yisumbuye yayize i Shyogwe nyuma aza...
Iradukunda Michele uzwi nka Michou umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda na Magic FM yagaragaje ibyishimo bidasanzwe yerura ko akuriwe kandi yamenye ko azibaruka umwana w’umuhungu.
Ku wa 11 na...
Mu bikorwa Polisi y’u Rwanda yakoze ku wa 15 Mutarama uyu mwaka byo kurwanya ibikorwa byo kwangiza ibidukikije yafashe abantu barindwi bacyekwaho gukora ibi byaha.
Abagabo batandatu, ari bo:...
Nyamagabe- Polisi yataye muri yombi umukozi wo mu rugo ukomoka mu Murenge wa Mbazi mu Ntara y’Amajyepfo wibye amafaranga agera kuri miliyoni 3 z’amafaranga y’u Rwanda agahita atoroka. Ayingeneye...
Urugamba rugeze mu mahina ku makipe y’ibihugu ari gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha,aho menshi mu makipe akomeye ari mu mazi abira...
Ahitwa Bishenyi mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Runda mu kwezi gutaha haratangira kubakwa uruganda rwenga ikigage gisembuye n’ ikidasembuye.
Uru ruganda ruje mu mihe abakunzi b’ ikigage...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Kanama, ubutabera bw’u Budage bwagejeje mu Rwanda Twagiramungu Jean washakishwaga n’ubutabera bw’u Rwanda. Akekwaho uruhare mu byaha bya Jenoside...
Mu minsi ishize nibwo imikino ya kamarampaka muri Volleyball yasubitswe bitewe n’ubusabe bw’amakipe, kuri ubu yongeye gusubukurwa, kuri uyu wa Gatandatu ibihangange biratangira kwesurana nk’uko...
Ebyiri mu ndorerezi z’Umuryango w’Ubucuruzi bw’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo n’Uburasirazuba (COMESA) ziyobowe na Bishop Mary Nkosi zavuze ko igenzura zimaze gukora kuva aho zigereye mu Rwanda...
Imikino ya kamarampaka muri Basketball (playoffs) yari imaze icyumweru cyose idakinwa yongeye yagarutse aho amakipe ahanganiye ku mukino wa nyuma ariyo Patriots na REG BBC akomeje imihigo nyuma...
Wari umunsi wa kabiri w’imikino y’akarere ka Gatanu yatangiye ku munsi wo ku wa Gatandatu taliki ya 22 Nyakanga 2017 ikaza gusoza kuri uyu wa Mbere tariki 24 Nyakanga aho U Rwanda rumaze gutsinda...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo ifunze abagabo babiri bo mu Murenge wa Mata bakurikiranyweho icyaha cyo kwica mugenzi wabo bamutemaguye.
Inkuru ya IGIHE...
Guhera saa yine z’amanywa kuri uyu wa Kane tariki 1 Ukuboza ,2016 ku rwego rw’uturere mu tw’Intara y’Amajyepfo haratangira amatora y’uzasimbura Senateri Jean de Dieu Mucyo witwabye Imana mu kwezi...
Richard Sezibera yatsinze amatora gushimbura Senateri Mucyo Jean de Dieu witabye Imana tariki 03 Ukwakira 2016 nyuma igihe kigera ku mwaka yari amaze atorewe kwinjira muri Nteko Ishingamateko,...
Nyamugabo Eric, Umuyobozi ushinzwe abakozi mu kigo cyigisha imyuga n’ ubumenyi ngiro mu ntara y’ amajyepfo IPRC South ari mu maboko ya polisi nyuma y’ uko muri iki kigo habonetse umurambo w’ umuntu...
Umugabo utuye mu Karere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu Kagali ka Rango B mu Mudugudu wa Byimana ari mu maboko ya polisi.Akurikiranweho gukubita umukozi we wo mu rugo mu buryo budasazwe...