Munyakazi Sadate wigeze kuyobora Rayon Sports, yemereye abakinnyi n’abatoza agahimbazamusyi kangana n’ibihumbi 25 Frw kuri buri wese mu gihe baba batsinze Kiyovu Sports ku mugoroba wo kuri uyu wa...
Ku wa 23 Ukuboza 2023, umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yakoze ubukwe n’umukunzi we Uwicyeza Pamella wamenyekanye cyane mu marushanwa y’ubwiza (Miss Rwanda) mu mwaka wa...
Zari Hassan [Zari The Boss Lady] wamaze kugera mu Rwanda aho agiye gukorera ibirori bikomeye, yageneye ubutumwa Mugisha Benjamin [The Ben] na Uwicyeza Pamella nyuma yo kunanirwa kwitabira ubukwe...
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame baraye bakiriye ku meza Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda mu birori bisoza umwaka wa 2023,aho yavuze ko u Rwanda rwateye imbere kubera amahitamo...
Abaturage benshi bo mu Mujyi wa Kigali n’ahandi mu Rwanda binjiye mu mwaka mushya wa 2024 bari mu nsengero abandi bari mu bitaramo bitandukanye ndetse benshi bari bateraniye kuri Kigali Convention...
Perezida wa Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC yashimangiye ko Rayon Sports y’uyu mwaka iri hasi ku buryo uwayihuza nabo inshuro eshanu zikurikiranya yayitsinda kandi akayongeraho...
Mbere y’uko kuri uyu wa gatanu hakinwa umukino wa mbere wa 1/4 cy’igikombe cya Afurika cy’ibihugu na Nigeria, abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Angola bashyiriweho agahimbazamusyi kari hejuru cyane...
Ikipe ya Côte d’Ivoire y’abakinnyi 10 yasezereye Mali iyitsinze ibitego 2-1 mu mukino wabonetsemo ibidasanzwe birimo n’igitego cyinjiye ku munota wa nyuma.
Umunya Colombia,Jhonatan Restrepo yongeye kwegukana Agace ka Tour du Rwanda kava i Huye kerekeza i Rusizi,nk’uko yabikoze mu 2020.Kareshyaga n’ibilometero...
U Rwanda ruvuga ko Ubufaransa burusha abandi bose kumenya intandaro y’ibibazo bibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) kandi ko ari cyo gihugu cya nyuma cyashinjwa...
Abanye-Congo bamaze igihe bacumbikiwe mu nkambi ya Kiziba iherereye mu Karere ka Karongi, bazindukiye mu myigaragambyo yo mu mahoro, yamagana Jenoside iri gukorerwa bagenzi babo basigaye mu...
Areruya Joseph yatangaje ko impamvu yabaye uwa nyuma muri Tour du Rwanda iheruka, yagira ngo bibere abandi isomo ko aho kuva mu isiganwa wakwemera ugaherukira...
Perezida Kagame akaba na Chairman wa FPR Inkotanyi, yasabye abanyamuryango kwibwiriza hakiri kare bagashaka ugomba kuzamukorera mu ngata bitagombeye ko abigiramo uruhare, yitsa cyane ku bakiri...
Icyamamare mu mikino ya ’Catch’ no muri Sinema, John Cena, yatunguye benshi ubwo yageraga ku rubyiniro agahita yambara ubusa imbere y’imbaga mu birori by’ibihembo bya ’Oscars...
Perezida Paul Kagame mu kiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM, yasabye Abanyarwanda haba abakuru n’abato kongera gusubiza amaso inyuma bakareba aho Igihugu cyavuye n’aho kigeze bakirinda...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko ubwo yari afite imyaka 11 y’amavuko aribwo ababyeyi be bamweretse amafoto ye akivuka,abona iwabo bari bifashije mbere y’uko bahunga aribyo byatumye arota...