Umusaza George Corones w’imyaka 99 y’ amavuko ukomoka mu gihugu cya Australia, yubatse amateka akomeye ku isi ubwo yagaragazaga imbaraga zidasanzwe mu mukino wo koga wabereye mu gace ka Queensland...
Mukansanga Salima wakoze amateka yo kuba umugore wa mbere, usifuye imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika mu bagabo,yageze mu Rwanda aho yakiriwe ku kibuga cy’indege n’umunyamabanga w’ishyirahamwe...
Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 11 Mata 2023, nibwo habaye umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, abayirokotse bo ku Gisozi mu Karere ka Gasabo, barashima Inkotanyi...
Umusore Rafael Nadal umunya Espagne w’imyaka 32 ukina umukino wa Tennis aho ari nimero ya 4 ku isi yaraye akoze amateka ubwo yatwaraga irushanwa rya Roland Garros irushanwa rikinirwa I Paris ku...
Bidasubirwaho, Rayon Sports yegukanye igikombe cya shampiyona ya 2016-2017 nyuma yo gutsinda Mukura VS ibitego 2-1 bya Moussa Camara mu mukino w’ikirarane wabereye kuri Stade ya Kigali i...
Paul Kagame, Umukandida wa FPR Inkotanyi ushyigikiwe n’ amashyaka 8 wiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika yabwiye abatuye akarere ka Burera no mu nkengero zako ko nyuma y’amatora hari...
Umunyamisiri Mohamed Salah yaraye atsinze igitego cya 30 mu mikino ya Premier League y’uyu mwaka,ubwo ikipe ya Liverpool yatsindaga AFC Bournemouth ibitego 3-0,bituma aba umukinnyi w’umunyafurika...
Umudugudu wa Sumbure uherereye mu kagari ka kanazi,umurenge wa Nyamata ho mu karere ka Bugesera utuwe n’imwe mu miryango y’abasigajwe inyuma n’amateka, bubakiwe muri gahunda yo guca nyakatsi. Iyo...
Kuri iki cyumweru abasore n’inkumi bagera kuri 400 barangije amashuli yisumbuye bavuye mu mirenge inyuranye y’akarere ka Huye bazahurira mu cyahoze ari Urwunge rw’Amashuli rwitiriwe Rozali...
Gitera yari umunyabutare ahitwa I Save, inkubiri yo guharanira ubwigendge bw’u Rwanda ubwo yari irimbanyije, uyu yahise ashinga ishyaka Aprosoma ariko riza ribiba...
Umutoza w’umunya Brazil,Roberto Oliveira Goncalves do Carmo uzwi nka Robertinho wahesheje Rayon Sports igikombe cya shampiyona iheruka gutwara,yagizwe umutoza mushya wa Gor Mahia yo mu gihugu cya...
Ikipe ya Al Sadd yo mu gihugu cya atar yemeje ko yumvikanye na Barcelona k’uwari umutoza wayo,Xavi Hernandez,ko agiye gusubira i Catalonia gutoza iyi kipe...
Ku wa Kabiri, tariki ya 18 Mutarama 2022, ni bwo Mukansanga w’imyaka 33 yakoze amateka yo kuba umusifuzikazi wa mbere wasifuye umukino wa CAN y’Abagabo muri iri rushanwa rikinwa kuva mu 1957....
Kizigenza mu mukino wa Tennis,Rafael Nadal yavuye inyuma akimara gutsindwa amaseti 2-0 atsinda umukino w’amateka yahuragamo na Daniil Medvedev mu irushanwa rikomeye muri Tennis rya Australian Open...
Umunyabigwi mu mukino wa Tennis,Rafael Nadal,uheruka gukora amateka yo kuba umukinnyi wa mbere mu mateka ya Tennis watwaye ibikombe bikomeye byinshi muri uyu mukino, 21,avuga ko yagize ikibazo...
Umuvugizi w’Igisirikare cya RDC, Gen Maj Léon-Richard Kasonga, yatangaje ko igisirikare cya FARDC cyakoze ibishoboka byose mu kirwanya FDLR ku buryo muri iki gihe imaze kuba amateka.
Ubwo yari mu...
Umwongereza Frank James Lampard agiye guhabwa akazi ko gutoza Chelsea mu gihe cy’amezi abiri asigaye kugira ngo shampiyona ya 2022/2023 irangire.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 05 Mata 2023 nibwo...
Itsinda rya Dream Boys yegukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi. Ni mu birori bikomeye byabereye kuri Petit Stade byasojwe mu ijoro ryo kuri uyu wa...
Abaganga mu gucukumbura ibyabaye mu mateka ya kera babonye ibimenyetso byerekana ko mu burengerazuba bwa Ethiopia higeze kuba umugi ukaza kwibagirana.
Abo bahanga bavuga ko uwo mugi wabayeho mu...
Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza y’abatarengeje imyaka 20 yaraye ikoza amateka yaherukaga kuba mu mwaka wa 1966 ubwo batwaraga igikombe cy’isi batsinze ikipe ya Venezuela igitego kimwe ku busa imikino...
Jelena Ostapenko yaraye akoze amateka mu mikino ya Roland Garros iri kubera I Paris aho yaciye uduhigo 4 dutandukanye kuri uyu wa gatandatu ubwo yatwaraga iki gikombe atsinze umunya Roumania...