Abaturage bo mu Burundi bari kurira ayo kwarika kubera umusanzu wo gushyigikira amatora ya perezida wa Repubulika azaba mu mwaka wa 2020 ku ngufu bari gusabwa ku...
Eugene Mussolini ari we watsinze amatora y’ abadepite mu kiciro cy’ abafite ubumuga mu Nteko Ishinga Amategeko muri manda ya 2018-2023 mu majwi y’ agateganyo. Komisiyo y’ amatora yabitangaje kuri uyu...
Sosiyete y’Abafaransa yumvikanye n’igihugu cya Kenya kuburyo bushya bw’ikoranabuhanga bagiye kubaha bazifashisha mu kubarura amajwi mu matora ya Perezida ateganyijwe mu ukwakira 2017.
Iyi...
Raila Odinga yamaze gutangaza ko azitabira amatora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Kenya, ni nyuma yo gutangaza igihe kini ko adakozwa ibyo gusubira mu matora mu gihe cyose Komisiyo y’amatora...
Inama y’inteko rusange ya FERWAFA yateraniye i Rubavu kuri uyu wa Gatandatu yemeje ko amatora y’umuboyozi wa FERWAFA azaba muri Nzeri uyu mwaka aho kuba muri Mutarama 2018.
Iyi niyo ngingo...
Minisitiri w’Intebe, w’ Ubwongereza Theresa May, wahamagaje amatora rusange ashaka ubwiganze mu nteko, ari bukorwe n’isoni atakaza imwe mu myanya yari afite mbere yo gutangaza icyemezo cy’amatora...
Perezida Paul Kagame yageze ku cyicaro cya Komisiyo y’Amatora (NEC) aho agiye gutanga kandidatire ye izamwemerera guhatana mu matora ya Perezida ateganyijwe muri Kanama 2017.
Kuri uyu wa kane...
Umukandida wo mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, yatangiye gusiga mu majwi abo bahanganye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye kuri uyu wa 24 Werurwe...
Mu minsi ine iri imbere, Abanye-Congo bagera kuri miliyoni 40 bazaba bari gutora abayobozi bashya barimo umukuru w’igihugu, abasenateri,abadepite n’abakuru...
Ibyavuye mu matora yabaye kuwa Kabiri muri Kenya bikomeje gutera amatsiko benshi bibaza uzarangiza ayatsinze dore ko umunsi wa kabiri watanze imibare itandukanye n’uwa mbere.
Kuri uyu wa...
Polisi ya Kenya mu murwa mukuru Nairobi yasatse ibiro byemezwa ko bifite aho bihuriye na Visi Perezida w’iki gihugu, William Ruto, uyu akaba ari umwe mu bakandida bakomeye bo ku mwanya wa perezida...
Kuri iki cyumweru nibwo habaye inteko rusange ya FERWAFA,iberamo amatora ya Perezida w’iri shyirahamwe aho abakandida bari 2 mbere y’amatora ariko ku munota wa nyuma Rurangirwa Louis ahagarika...
Komisiyo y’Amatora mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda,FERWAFA,yemeje kandidature za Rurangirwa Louis na Mugabo Nizeyimana Olivier bombi bahatanira kuyobora iri...
Inshuti ikomeye ya Donald Trump yamushishikarije kureka umuhate we wo kugerageza kuburizamo ibyavuye mu matora ya perezida byerekanye ko yatsinzwe na Joe...