Muri uyu mwaka wa 2017, mu Rwanda hateganyijwe amatora ya Perezida wa Repubulika. Ni amatora agiye kuba ku nshuro ya gatatu u Rwanda ruvuye mu bihe bya Jenoside yakorewe abatutsi. Aya mbere...
Muri Kanama uyu mwaka 2017 mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’ Afurika birimo Kenya, u Rwanda, na Angola abaturage bazitorera umukuru w’ igihugu.
Muri Kenya n’ u Rwanda ibikorwa byo...
Kuri uyu wa 3 Kanama 2017, benshi mu Banyarwanda baba mu bihugu byo hanze, batangiye gutora Perezida wa Repubulika.Ni mu gihe mu gihugu cy’u Rwanda amatora ateganyijwe ku munsi w’ejo, tariki ya 04...
Abashinzwe gutegura amatora mu gihugu cya Singapore kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Nzeli, batangaje ko umugore witwa Halimah Yacob yatsinze amatora ya Perezida wa Singapore nyamara nta matora...
Mu gihe habura amasaha ngo abaturage ba Kenya bitabire amatora y’ umukuru w’ igihugu kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Ukwakira ku byari bitegayijwe ko urukiko rw’ ikirenga rwa Kenya rwongera kumva...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 13 Ukuboza 2018 ibiro bya Komisiyo y’ Igihugu cy’ Amatora muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo yafashwe n’ inkongi y’ umuriro ibikoresho byari kuzifashishwa...
Perezida Donald Trump wa Amerika amaze gutangaza ko Mark Esper wari umunyamabanga wa leta (yagerewanywa na minisitiri) ushinzwe ingabo ibye ‘byarangijwe’.
Bobi Wine watsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu muri Uganda, afite ubwoba ko ubuzima bwe bushobora kubangamirwa nyuma y’amatora yo ku wa kane yatsinzwe na Yoweri...
William Ruto w’imyaka 55 ni we watorewe kuba Perezida wa Gatanu wa Kenya atsindiye ku majwi 50.49% naho Raila Odinga bari bahanganye agira 48.85%.
William Ruto ni we watsinze amatora y’umukuru...
Ambasade y’Amerika muri Kenya yashimye Abanya-Kenya ku kuntu batoye mu mahoro, ishishikariza impande zose gukorana mu gucyemura mu mahoro impungenge izo ari zo zose...
Uguhatanira ubutegetsi kwa nyuma y’amatora hagati ya Perezida wa Kenya William Ruto na mucyeba we utavuga rumwe na leta Raila Odinga kwafashe intera ikomeye.
Akanama gashinzwe gutegura amatora muri Republika ya Demokrasi ya Congo, CENI, katesheje agaciro ibyavuye mu matora mu turere tumwe na tumwe bivuye ku bimenyetso kabonye byerekana ko amatora...
Umunyapolitiki utavugarumwe n’ ubutegetsi bwa Leta ya Kongo Jean-Pierre Bemba nyuma y’ uko agerageje kwiyamamariza kuba Perezida wa Kongo Komisiyo y’ amatora ikamwangira yavuze ko nta gahunda...
Umuryango wa Afrika y’Amajyepfo SADC wari uherutse kwamagana ibyavuye mu matora mu buryo bw’agateganyo muri RDC,wamaze kuva ku izima ushimira Felix Tshisekedi ndetse usaba abakongomani bose...
Abantu bagera ku bihumbi 380 batuye hirya no hino ku isi,bakoreye amatora ku rubuga rwa Twitter bashaka umuhanga kurusha undi hagati ya Cristiano na Messi birangira uyu munya Argentina ariwe...
Kuri iki Cyumweru Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yanditse ashimira mugenzi we wa Namibia Hage G. Geignob watsinze amatora kuwa 27 Ugushyingo 2019, akaba agiye kuyobora manda ye ya...
Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine uri mu biyamamariza kuyobora Uganda, yahungishirije umuryango we muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo muri...