Kuri iki Cyumweru, Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko habonetse abarwayi bashya 227 ba COVID-19 mu Rwanda barimo 111 bo muri Kigali na 33 n’i Rubavu.
Uyu munsi nta muntu wakize, abakirwaye bageze...
Polisi y’u Rwanda yatanze umuburo ku bantu bishoye mu bikorwa bituma bashaka amaramuko mu nzira zitemewe. Ibi byagarutsweho n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, kuri uyu wa Kabiri...
Polisi y’igihugu yatangaje ko abagenda kuri za moto barangariye ku matelefoni yabo ko baba bashyira ubuzima bwabo mu kaga ndetse ko bakwiriye kwibuka ko buhenze kurusha ikindi kintu icyo aricyo...
Mu kwezi gushize Perezida wa Repubulika Paul Kagame yateguje abamotari ko moto zinywa essence zigiye gusimbuzwa izitwarwa n’amashanyarazi, kandi ko icyo gikorwa nikirangira hazakurikiraho...
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasuye inashyikiriza ingemu abarwayi bakomerekeye mu mpanuka zo mu muhanda barwariye mu bitaro bya Kabgayi mu Karere ka...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali ifunze uwitwa Nubahumpatse Jean Pierre nyuma yo kugerageza kwiba Moto RD 825S akoresheje urufunguzo rw’urucurano. Byabaye tariki ya 14 Gashyantare...
Umusore w’imyaka 23 ukomoka mu murenge wa Mukingo, mu karere ka Nyanza, witwa Nzigamasabo David, afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Ruhango, mu karere ka Ruhango, nyuma yo gufatirwa mu cyuho,...
Mu ijoro ryo kuwa gatatu rishyira kuwa kane tariki ya 7 Ukuboza, ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryakoze umukwabu wo kurwanya ruswa mu bashoferi, mu gihugu hose hakaba...
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko umutekano muri iki gihe cyo kwamamaza abakandida kumwanya wa Perezida wa Repubulika ari wose haba ahiyamamarizwa, mu muhanda ndetse no mu gihugu hose.
Avuga uko...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Emmanuel K. Gasana yasabye kunoza umurimo no guhora witeguye mu gukumira no kurwanya impanuka zo mu muhanda.
Ni ubutumwa yatanze ku italiki ya 9...
Imodoka yari ipakiye ibigori yavaga ahitwa Rukumberi mu Karere ka Ngoma, yerekeza mu Karere ka Rwamagana yakoze impanuka, abantu batatu bari bayirimo bahita bitaba...
Uduce twa Teritwari ya Nyiragongo na Rutshuru dusanzwe tugenzurwa na M23, ubu hari amasaha ntarengwa uyu mutwe wamaze gushyiraho mu gihe cy’akazi no kuba abaturage bamaze kugera mu ngo zabo ngo...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 02 Nzeri 2023 mu Mudugudu wa Rurembo Akagari ka Nyagisozi mu Murenge wa Busogo mu Karere ka Musanze habereye impanuka...
Sena y’u Rwanda iratangaza ko ubwinshi bw’imodoka zishaje zinjira mu Rwanda zisanga izindi ziba zisanzwemo ari kimwe mu bikomeje kongera impanuka zo mu muhanda bityo bakaba basaba ko zakumirwa...
Inteko Rusange ya Sena, kuri uyu wa Mbere yemeje gutumiza uhagarariye Guverinoma, ngo atange ibisobanuro mu magambo ku ngamba zo gukuraho imbogamizi zigaragara mu gukumira no kurwanya impanuka zo...