Nyuma y’umunsi umwe gusa mu Rwanda amabwiriza avuguruye yo kwirinda Covid19 ashyizweho, mu gihugu hose hafashwe abakurikira barenze kuri ayo mabwiriza ari nako baciwe...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bipimo 908 byafashwe kuri uyu wa 04 Ugushyingo 2020 byemeje ko abantu 12 banduye COVID-19 mu gihe nta n’umwe wayikize.
Ku wa Gatanu, tariki ya 14 Kanama 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME.
1. Inama y’Abaminisitiri...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yakuye muri gahunda ya Guma mu Rugo amasibo ane yo mu Karere ka Kicukiro mu Murenge Kigarama, mu gihe Imidugudu itatu yo mu Murenge wa Muhima yo...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko amasibo 3 yo mu mudugudu wa Kabutare mu kagari ka Bwerankori mu murenge wa Kigarama mu karere yashyizwe muri Guma mu rugo mu gihe Imidugudu ya...
Imvura nyinshi yaguye mu bice bitandukanye mu Rwanda mu ijoro ryo kuwa gatatu rishyira kuwa Kane w’iki cyumweru, yangije ibintu byinshi birimo ubuzima bw’abantu 72,isenya amazu n’ibiraro ndetse...
Abanyeshuri baza kaminuza ni bamwe mu bagumye aho bari bari mu batarabashije gutaha hakiri kare ubwo leta yafataga icyemezo cyo kugumisha abaturage mu ngo zabo mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu,Prof.Shyaka yavuze ko muri iki gihe u Rwanda n’isi yose babangamiwe na Coronavirus,bafashe ingamba zo gushyiraho amasaha ntarenngwa utubari tugomba gufungiraho mu...
FOTO@Internet
Nitirehe Innocent w’imyaka hafi 70 wo mu Kagari ka Gasarenda mu Murenge wa Tare mu Karere ka Nyamagabe,yapfuye anizwe n’inyama yariye mu birori by’umunsi mukuru wo kubatirisha...
Senderi International Hit na Intore Tuyisenge basubiyemo indirimbo yabo bari barise ‘Ibidakwiriye nzabivuga’ nyuma yo kubisabwa na Perezida Paul Kagame ubwo yari yasuye akarere ka Burera akumva aba...
Umugabo utuye I Muhanga mu murenge wa Shyogwe witwa Ndahimana Narcisse n’umugore we batunguranye cyane mu kwezi gushize ubwo uyu mugabo yajyaga gusezerana mu murenge yambaye kamambili. Kuri ubu...
Louise Mushikiwabo (uherutse gutorerwa kuyobora Francophonie) na Gen James Kabarebe nibo ba Minisitiri bari basigaye mu itsinda ry’abaminisitiri batangiranye manda ya 2 na Perezida Kagame muri...
Banki y’Isi yasinyanye n’ u Rwanda amasezerano y’ inkunga ingana na miliyari 46Frw azifashishwa mu bikorwa byo kurwanya indwara yo kugwingira mu bana bari munsi y’imyaka itanu.
Aya mafaranga...
None ku wa Gatatu, tariki ya 14 Gashyantare 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri...
Mu kwezi kwa mbere umwaka utaha, abahoze ari abakozi ba mutuelle de santé batabonye akazi mu kigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize RSSB, cyangwa mu zindi nzego bazasezererwa kandi batangire guhabwa...
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...