Ikipe ya Kiyovu Sports yakoze amateka yo kugera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro yaherukagaho mu mwaka wa 1998 ubwo yasezereraga AS kigali ku kinyuranyo cy’ibitego yatsindiye...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutangaza abakinnyi 11 bagomba gusanga 15 mu mwiherero wo kwitegura umukino wa gicuti bazakina na RDC kuwa 18 Nzeri n’umukino ubanza wo gushaka itike yo...
Ikipe ya Kiyovu Sports yateye ikirenge mu cya APR FC igaragaza ko stade Gologota ari nk’izindi ubwo yahatsindiraga ikipe ya Sunrise FC ibitego 2-0 mu gihe Gasogi United na Police nazo zatsinze...
Ikipe ya Kiyovu Sports yamaze kugura umwe mu bakinnyi beza cyane bakina mu kibuga hagati mu Rwanda, Ngendahimana Eric wakiniraga ikipe ya Police FC, n’ikipe y’igihugu Amavubi nubwo adakunze...
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru “Amavubi”yasoje imikino ya gicuti yo kwitegura CHAN 2020 itsindwa na Congo Brazzaville igitego 1-0 mu mukino wa kabiri amakipe yombi yakinnye wabereye kuri Stade...
Umutoza w’ikipe y’igihugu “Amavubi”Mashami Vincent yatangaje ko mu mikino 2 ya gishuti akinnye na Congo Brazzaville imuhaye ishusho nyayo ndetse agiye gutegura neza mbere yo guhura na Uganda mu...
Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa , ari kumwe n’abandi bayobozi, barimo PS Shema Maboko ,Umunyamabanga wa Ferwafa François Regis na Mayor wa Bugesera Mutabazi Richard,kuri iki...
Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports mbere y’uko yeguzwa na RGB mu mwaka ushize,Munyakazi Sadate,yategeye abakinnyi b’Amavubi amadolari 100 kuri buri muntu nibaramuka batsinze Uganda mu mukino wa...
Kuri uyu wa Mbere abantu 57 barimo n’abageni bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda #COVID-19, aho bakoreye ubukwe mu rugo rwa nyiri hotel Rainbow isanzwe ifunze kubera kutubahiriza amabwiriza...
Rutahizamu Byiringiro Lague w’imyaka 20 y’amavuko wari waragiye mu igeragezwa mu Busuwisi,yagarutse mu myitozo mu ikipe ya APR FC nyuma yo kugera mu Rwanda.
Police FC yatsinze AS Kigali ibitego bitatu kuri kimwe ikura APR FC ku mwanya wa kabiri naho Kiyovu Sports itsindwa na Marines FC biyongerera ibyago byo kumanuka mu cyiciro cya kabiri uyu mwaka....
Murenzi Seff umusore w’umunyarwanda w’imyaka 21 wakiniye Amavubi y’abaterengeje imyaka 17 mu gikombe cy’isi cyabereye muri Mexico mu mwaka wa 2011 yafashwe na Police yo mu Bwongereza kubera gucuruza...
Police ya Nigeria yataye muri yombi umwarimu bivugwa ko abarizwa mu idini ya Islam, nyuma yo kwangiza umwe mu banyeshuri bo ku kigo cyo mu gace Nabahani Sheka, muri leta ya Kano.
Nk’uko amakuru...
Polisi y’u Rwanda iragira inama abishora mu biyobyabwenge; ni ukuvuga ababyinjiza mu gihugu, ababitunda, ababinywa n’ababikoresha kubireka kubera ko, usibye kuba ari icyaha bibateza igihombo...
Mu rugendoshuri rw’ibyumweru bibiri itsinda ry’impuguke ziri guhererwa amasomo yo mu rwego rwo hejuru ajyanye n’iby’ubuyobozi muri National Institute for Policy and Strategic Studies (NIPSS) riri...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 kanama 2017 Ababyeyi babyukiye ku murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi mu Ntara y’Uburengerazuba bagiye gukorera ubuvugizi mugenzi wabo wakubiswe n’umupolisi...
Ku mugoroba wo ku wa 31 Kanama, ntibyashobokeye uwitwa Uwiringiyimana, wo mu murenge wa Nyamugari , mu karere ka Kirehe , kugera ku mugambi we wo guha umupolisi ruswa y’amafaranga 38,000...
Abaturage bo mu karere ka Karongi barashishikarizwa guca ukubiri n’ibiyobyabwenge cyane cyane kanyanga n’inzoga z’inkorano. Ubu butumwa babuhawe nyuma y’uko muri ako karere mu murenge wa Bwishyura na...
Ku itariki 12 z’uku kwezi Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gicumbi yafashe imodoka ifite nimero ziyiranga UAK 785 B ipakiye litiro 495 za Kanyanga.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru,...
Umumotari witwa Ndizeye Tito, wari usanzwe akorera akazi ke ko gutwara abagenzi, ku itariki ya 8 Ugushyingo yafatiwe mu murenge wa Kimisagara akarere ka Nyarugenge akekwaho gushaka guha umupolisi...