Leta ya Koreya ya Ruguru yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Koreya y’Epfo byagerageje kwica Kim Jong Un bikoresheje ibisasu birimo uburozi.
Icyegeranyo cy’amagambo 1800 icyo gihugu...
Umufana w’imbere mu ikipe ya Tottenham Hotspurs, Michael Voller,abafana ba Tottenham bamwitiranyije n’uwa Chelsea baramwadukira barakubita akomeretswa mu maso hafi yo kwicwa.
Abaganga bari...
Muri Repubulika ya Macedoine, igihugu giherereye ku mugabane w’ u Burayi abaturage bakubise abagize inteko ishinga amategeko izo mvururu zikomerekeremo abarenga 100.
Ku wa Kane tariki 27 Mata...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo, buratangaza ko hari abayobozi barindwi batawe muri yombi bakekwaho kunyereza inka z’abaturage.
Aba bayobozi mu nzego zibanze batawe muri yombi ejo ku wa 26 Mata...
Umugabo witwa Ngendahayo Daniel akurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi nyuma yo gukubita umuturanyi we kugeza ashizemo umwuka ubwo yari asanze ari kumusambanyiriza umugore.
Ku mugoroba wo kuri iki...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Mata Muri Leta ya Colombia Abantu basaga 11 ,barimo abana batatu bapfuye abandi bagera kuri 20 baburirwa irengero kubera inkangu ikomeye yabereye mu burengerazura...
Ibendera ry’igihugu ryari rimaze iminsi ibiri riburiye mu Kagari ka Rubona, Umurenge wa Rukumberi mu Karere ka Ngoma ryabonetse mu bwiherero bwa SACCO kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Mata 2017...
Ifoto ya Nyakwigendera Iribagiza Christine
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 13 Mata 2017, nibwo hamenyekanye inkuru ibabaje ko umubyeyi witwa Iribagiza Chritsine wari utuye mu murenge...
Inzu ikorerwamo ubucuruzi bw’amapine iherereye mu Mujyi wa Kigali rwagati munsi ya gare nshya, yibasiwe n’inkongi y’umuriro kuva ahagana saa kumi n’ebyiri zo kuri uyu wa Kane.
Iyi nzu iherereye ku...
Abantu batatu mu rugo rumwe barimo umwana, umugore n’umukecuru bari batuye mu murenge wa Ntongwe, mu Karere ka Ruhango, bitabye Imana mu buryo bw’amayobera kandi butunguranye kuko nta ndwara bari...
Umugabo witwa Tujyinama Silas, w’imyaka 64 y’ amavuko, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Mata 2017, yemereye imbere y’abaturage ko mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yari mu...
Umurambo w’umwana w’imyaka 2 witwa Uwamahoro Claudine, watoraguwe mu ma saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba wo kuwa gatandatu mu mudugudu wa Ruganzu, akagari ka Mashyuza mu murenge wa Nyakabuye, mu...
Urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa mu Rwanda rugaragaza ko rutazi neza niba gereza zo mu Rwanda zigira ubwishingizi. Ni mugihe amagereza ari zimwe mu nyubako za Leta, nyamara Leta...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Mata 2017, abantu 50 bakurikiranyweho icyaha cy’iterabwoba mu Rwanda bongeye kwitaba urukiko rukuru rwa Kigali. hongera kuvuka impaka ku rukiko rufite ububasha bwo...
Dr Yvonne Kayiteshonga, Umuyobozi ushinzwe indwara zo mu mutwe
Impuguke mu bijyanye n’ indwara zo mu mutwe mu Rwanda zigaragaza ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bifite ihungabana riri ku kigero...
Urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa RCS rwatangaje ko rwatangiye kwiga ku kibazo cya buri muntu mubagize uruhare mu myigaragambyo yadutse muri gereza ya Gasabo, kuri uyu wa Mbere...
Bamwe mu bagororwa bafungiye muri gereza ya Gasabo iherutse kwibasirwa n’ inkongi y’ umuriro , mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tari 3 Werurwe 2017, bazindukiye mu myigaragambyo batera amabuye mu...
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 2 Mata 2017, inzu y’ umuturage iherereye ahitwa Cyahafi munsi y’ amashuri ya Cyahafi na Gereza ya Nyarugenge yafashwe n’ inkongi y’ umuriro yangirikiramo...
Gereza ya Gasabo iherereye mu murenge wa Kimironkomu w’ Akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi y’umuriro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Werurwe 2017. RCS yatangaje...