Robert Gabriel Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe yatabarutse azize uburwayi bwo mu za bukuru nyuma y’igihe yari amaze ari kuvurirwa muri Singapore.
Abanyonzi bo mu Mujyi wa Bujumbura bifashishijwe mu myigaramabyo yabaye ku wa Gatandatu tariki 24 Kanama 2019 barishyuza 3000 by’amafaranga y’Amarundi bari bijejwe kugira ngo...
Abaturage bo mu Mudugudu wa Rukingu, Akagari ka Kagugu, Umurenge wa Kinyinya ho mu karere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko bababajwe n’urupfu rwa Nahimana Callixte wishwe anogowemo...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yateye utwatsi ibaruwa Rayon Sports yari yayandikiye iyisaba ko umukino wo kwishyura izakirwamo na Al Hilal-Club mu ijonjora rya mbere rya...
Mu gihe kitageze ku masaha 24 abantu bagera kuri 29 bishwe barashwe n’abantu bitwaje imbunda babasanze aho bateraniye mu mujyi wa El Paso muri Texas no mu wa Dayton muri Leta ya...
Umugabo witwa Damascene w’imyaka 25 ukomoka mu mudugudu wa Ruyenzi, Akagari ka Nzove Umurenge wa Kanyinya muri Nyarugenge yaburiwe irengero nyuma yo gutwika umugore we n’icyuma gishyushye ahantu...
Mu Burundi impaka zikomeje kwiyongera hagati ya leta n’abatavuga rumwe nayo nyuma yaho , umuyobozi w’urubyiruko rw’ishyaka riri ku butegetsi , Imbonerakure agizwe umuyobozi mukuru wa Radio na...
Perezida Félix Tshisekedi wa Kongo yavuze ko bari gukora "ibitero bigari" bya gisirikare mu gace ka Ituri bigamije kurandura imitwe y’inyeshyamba z’abanyamahanga.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Félix Tshisekedi yavuze ko bari gukora ibitero bigari bya gisirikare mu gace ka Ituri bigamije kurandura imitwe y’inyeshyamba...
Abayobozi n’abanyeshuli ba kaminuza ya Christian University of Rwanda bibutse ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994,biyemeza kunga ubumwe mu guharanira ko itazongera kubaho...
Umunyapolitiki uzwi cyane muri RDC,Jean Pierre Bemba,yagarutse mu gihugu cye kuri iki cyumweru atwawe n’indege yihariye yamuvanye mu mujyi wa Bruxelles mu Bubiligi yari atuyemo nyuma yo kwangirwa...
Abaturage bo mu Karere ka Bududa muri Uganda bishe umusirikare w’icyo gihugu kubera uburakari batewe na mugenzi wabo yari yishe bapfuye Waragi iba mu gashashi.
Itorero ry’ADEPR riherereye mu kagali ka Nyanza mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza, umuzamu yishwe hibwa amafaranga n’ ibikoresho bitaramenyekana.
Abasirikare bane b’igisirikare cya Republika iharanira demokrasi ya Kongo,FARDC, n’abarwanyi batandatu baguye mu mirwano yabaye kuri uyu wa mbere ibera mu ntara ya Ituri mu majyepfo ya...
Perezida Felix Tshisekedi wa RDC yatangaje ko perezida Kagame na Museveni bamwemereye ko bagiye kumufasha kugarura amahoro muri iki gihugu cyoretswe n’intambara.
Ikinyamakuru gikomeye mu gihugu cy’Ubufaransa Le Monde cyasohoye inkuru yo gusaba imbabazi abanyarwanda nyuma y’ifoto ishushanyije (cartoon) umwe mu banyamakuru bacyo yakoresheje apfobya Jenoside...
Umushumba wa kiliziya Gatorika,Papa Francis,yaciye ibintu mu binyamakuru ubwo yasomaga inkwero za perezida Salva Kiir wa Sudan y’Epfo n’inyeshyamba batavuga rumwe Riek Machar nyuma yo kurangiza...
Tonzi ni umwe mu bahanzikazi bamaze igihe kinini muri muzika yo kuramya no guhimbaza Imana hano mu Rwanda, uyu mugire wagiye akundwa mu ndirimbo zitandukanye, yagarahaje Agahinda yatewe n’umugore...
Mu gihe Abanyarwanda bari mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi,Ikinyamakuru Umuryango.rw cyiyemeje gusangiza abakunzi b’imikino uko yagiye ikoreshwa mu kubiba inzangano...
Urwego rushinzwe itangazamakuru mu Burundi, Conseil National de la Communication (CNC),rwatangaje ko Leta y’uburundi yahagaritse igihe kitazwi amaradiyo 2 mpuzamahanga arimo BBC n’Ijwi rya Amerika...