Derek Chauvin wahoze ari umupolisi mu mujyi wa Minneapolis uregwa kwica umugabo udafite intwaro George Floyd bwa mbere yagejejwe imbere y’urukiko ejo ku wa mbere, urukiko rwavuze ko ingwate yo...
Kuri Sitasiyo ya RIB i Kamembe mu karere ka Rusizi hafungiye abantu 12 bakurikiranweho ibyaha bitandukanye birimo gutunga intwaro no kuzinjiza mu gihugu, kwiba hakoreshejwe intwaro, gushyiraho...
Umutoza wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Sebastien Desabre, yizeye ko ikipe ye irakoresha umukino wa kimwe cya kabiri cy’irangiza mu gikombe cya Afurika cy’ibihugu irakina na Cote...
Kuri uyu wa kabiri, umutwe wa M23 wigaruriye umudugudu wa Kishishe wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo (DRC), aho ushinjwa ko wakoze ubwicanyi mu mpera z’umwaka...
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC rwatangaje ko rwatangije iperereza no gukurikirana mu butabera Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’ubwicanyi bwabereye i Goma, bukagawamo...
Ibiro by’Umuvugizi wa Leta muri America byatangaje ko, Umunyabanga wa leta ya America, Antony J. Blinken yagiranye ikiganiro na Perezida Antoine Felix Tshisekedi, mu byo baganiriye harimo...
U Rwanda ruribuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi yagizwemo uruhare rukomeye n’abapasiteri,abapadiri,ababikira ndetse n’abayoboke b’amadini hafi ya yose mu Rwanda.
Mu gihe cya Jenoside...
Abasirikare bakuru batandukanye bo mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ndetse na bamwe mu bakuru muri Polisi y’icyo gihugu, bitandukanyije na yo bajya mu barwanyi ba M23,...
Kuva kuwa kane ibikorwa byose mu mujyi wa Bunia birafunze ku busabe bwa sosiyete sivile bw’iminsi itatu nta kintu gikorwa ngo bahe leta ubutumwa, n’icyubahiro ku mpunzi zirenga 50 zishwe abandi 45...
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,abitwaje intwaro bataramenyakana bateze imodoka yari igemuriye abavanywe mu byabo n’ubwicanyi bumaze iminsi mu Bibogobogo muri teritwari ya Fizi mu Ntara ya...
Abagore n’ abagabo bo mu karere ka Muhanga barasabwa guhindura imyumvire no kuganira hagati yabo kuko aribyo byagabanya amakimbirane akunze kuba intandaro y’ ubwicanyi na...
Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryo kuwa 14 Werurwe 2019 Bwana Depite Dr. Frank Habineza uhagarariye Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of...