Anastase Murekezi wari Minisitiri w’ intebe nyuma yo gusimbuzwa Dr Ngirente Edouard yagizwe Umuvunyi mukuru.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Kanama 2017 nibwo hatangajwe uko Perezida w’ u Rwanda Paul...
Umunyamuziki ukomeye mu gihugu cya Uganda, Jose Chameleone yashimangiye ko ari umunyabigwi mu muziki ubwo yakoraga igitaramo cyitabiriwe n’isinzi ry’abantu mu gace ka Lugogo Criket kuri uyu wa...
Kuri uyu wa Kabiri urukiko rw’ubujurire mu gihugu cya Uganda rwatesheje agaciro ugutorwa kw’umwuzukuru wa Idi Amin witwa Taban Amin, mu nteko ishinga amategeko nk’umudepite uhagarariye Kibanda...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu Perezida Museveni yagaragaye mu nama yigaga ku ngengo y’imari y’igihugu yabereye Serena International Conference Centre yambaye imyambaro ya gisirikari. Iyi...
Umukuru w’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda yatangaje ko bafite impungenge ko abimukira bagiye kuzanwa mu Rwanda bavuye mu Bwongereza bashobora kubera umutwaro iki...
Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi ni we waraye atsinze amatora yo guhagararira ihuriro ry’amashyaka ari ku butegetsi muri DR Congo ku mwanya w’umukuru w’Inteko Ishingamategeko umutwe...
Stanley Kakubo wari minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Zambia yeguye kuri uwo mwanya nyuma y’uko bivuzwe ko yafashwe amashusho arimo kwakira umurundo wa cash azihabwa n’umucuruzi...
Muri iyi minsi Video y’umugabo wambaye isuti arimo gukina n’intare eshatu yakwiriye henshi ku mbuga nkoranyambaga mu bihugu bya Africa, ariko mu by’ukuri ntabwo ari iy’umupastoro urimo kwerekana...
Kuri iki Cyumweru gishize, umunyapolitiki Delly Sesanga aganira n’abanyamakuru i Kananga, yababajwe n’ibikorwa yita iby’ubunyamaswa byamukorewe hamwe n’abari kumwe nawe ku wa Gatandatu ageze mu murwa...
Minisitiri w’intebe wa Jersey Kristina Moore n’umwungirije, Kirsten Morel, bombi babuze mu nama ya nyuma y’abagize guverinoma mbere y’ikiruhuko, bituma bibasirwa cyane n’abanyapolitiki bagenzi babo...
Ku wa Kane umutwe wiyise La Coalition des Patriotes pour le Changement (CPC), watangaje ko ubabajwe n’urupfu rw’uwari umuyobozi wawo, “Gen Mahamat Tom, wiyitaga Ben...
Umujenerali w’Umurusiya yavuze ko yirukanwe nk’umuyobozi nyuma yo kubwira ubuyobozi bw’ingabo ko ibintu bimeze nabi ku rugamba muri Ukraine aho yavuze ko abasirikare b’u Burusiya bagambaniwe kubera...