Umunyamuziki Robert Ssentamu Kyagulanyi [Bobi Wine] watsindiye kuba umudepite yahamagariye abamushyigikize kuzamuherekeza ubwo azaba agiye kurahirira kwinjira mu Nteko yo mu gihugu cya Uganda....
Richard Sezibera yatsinze amatora gushimbura Senateri Mucyo Jean de Dieu witabye Imana tariki 03 Ukwakira 2016 nyuma igihe kigera ku mwaka yari amaze atorewe kwinjira muri Nteko Ishingamateko,...
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yahawe imbwa na guverinoma y’ Ubuyapani arayanga.
Umudepite wo mu Buyapani witwa Koichi Hagiuda niwe watangaje ko aya makuru.
Nta mpamvu uyu mudepite...
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Santrafrika muri iki cyumweru bifatanyije n’abaturage baho mu muganda;maze baboneraho umwanya wo kubaganiriza kuri gahunda y’u...
Depite Hon. Ngabo Semahundo Amiel yatorewe kuba wa Perezida wa Komisiyo y’Imibereho Myiza y’Abaturage yayoborwaga na Mme Mureshyankwano Marie Rose wagizwe guverineri w’ Intara y’ Amajyepfo.
Ni...
Moïse Katumbi i Lubumbashi tariki ya 11 Gicurasi 2016 ari kumwe n’abamushyigikiye
Umunyapolitiki kimenyabose muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Moïse Katumbi aratangaza ko agiye...
Umuraperi Joseph Haule uzwi nka Professor Jay ku izina rye agiye kumurika Album nshya nyuma y’igihe kinini atagaragara muri muzika ugereranyije n’ imyaka ishize ndetse na nyuma y’imyaka hafi ibiri...
Leta ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika iyobowe na Prezida Donald Trump ikomeje gutunga agatoki igihugu cy’ u Burusiya, ku kugaba ibitero mu gihugu cya Ukraine.
Ibyo byatangajwe na Minisitiri w’...
Bamporiki Edouard, Umudepite mu nteko ishingama amategeko y’ u Rwanda yashimiye umugenzuzi mukuru w’ imari ya Leta ku kazi gakomeye akora ko kugenzura imikoresherejwe y’ ingengo y’ imari ya Leta...
Abantu bitwaje imbunda bateye gereza mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo Kinshasa, batorotsa Ne Muanda Nsemi, umuyobozi mukuru wa Bundu Dia Kongo hamwe n’abandi bagororwa...
Inteko ishinga amategeko y’ u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Kamena 2017, mu ngoro yayo hazabera umuhango wo gusezera mu cyubahiro Depite Muakayisenga Francoise.
Depite...