Patrick Fakoya wamenyeknye nka Rico Swavey, wamamaye cyane muri Big Brother Naija ubwo yabaga ku nshuro ya gatatu, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 13 Ukwakira...
Umuhanzi Ruhumuriza James wamamaye nka King James yatangaje ko mu mpeshyi itaha ashobora guhagarika umuziki mu minsi ya vuba.
King James w’imyaka 32, ari mu bahanzi bamaze imyaka myinshi muri...
Umuhanzi Niyo Bosco uri mu beza mu Rwanda yatandukanye na MIE Empire yamufashije kuva yatangira umuziki kugeza ubu.
Abinyujije ku rubuga rwa Instagram,Niyo Bosco yasezeye kuri Irene Murindahabi...
Umunyamakuru Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago uzwi cyane mu biganiro bitambuka kuri YouTube, hari amakuru avuga ko yamaze kwinjira mu muziki ndetse ko ari hafi gushyira hanze umuzingo [Album]...
Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Bwongereza no ku isi,Harry Styles,niwe Mwongereza w’icyamamare uri munsi y’imyaka 30 ukize cyane kurusha abandi kuko abarirwa akayabo ka miliyoni 116 z’amapawundi....
Nyuma y’ukwezi kumwe Miss Umutesi Lea Byusa akoze ubukwe na Peter Nasasira bakozeibirori bigaragaza ko bari kwitegura kwibaruka bizwi nka’Baby Shower’.
Umuhanzikazi Uwayezu Ariel uzwi ku izina rya Ariel Wayz yahawe umwenda wa Rayon Sports na perezida wayo yemeza ku mugaragaro ko ari umufana wayo.
Uyu muhanzi uri mu bagezweho mu Rwanda...
Ntabanganyimana Jean de Dieu wamamaye nka Jay Rwanda yambitse impeta y’urukundo umukunzi we mushya yasimbuje uwa mbere yari nawe yari yaramitse impeta.
Justin Bieber uherutse guhagarika ibitaramo yari afite bitandukanye kubera uburwayi afite ari mu bahanzi bamaze gutangazwa ko azatarama mu kiriyo cya TakeOff uherutse kwitaba Imana mu rwego rwo...
Umuhanzi akaba n’umushoramari mu muziki wa Nigeria,Michael Collins Ajereh uzwi nka Don Jazzy yaciye amarenga ko ari mu rukundo n’umukobwa uturuka mu Rwanda.
Uyu muyobozi w’inzu ya Mavin Records...
Umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filime Nick Cannon aritegura kwibaruka umwana wa 12, agiye kubyarana na Abby De La Rosa basanzwe bafitanye abana batatu.
Hashize iminsi hacicikana amakuru y’uko Harmonize na Kajla Frida bari witegura imfura yabo ariko amakuru ahari avugwa ko atari ukuri ahubwo ko amafoto yari yagaragaye aray’inshuti ya hfu y’uyu...
Duherukana ubwo bwari bukeye musaza wacu Vena ameze nabi ngafata umwanzuro wo kuva mu rugo nkajya mu gacentre gusahaka akanyama ko gutogosa mu mazi ngo twondore umwana wa Mama wari waje kuri iyo...
Ibyamamare hano mu Rwnda byashenguwe bikomeye n’urupfu rwa Kinyoni umwe mu basore babarizwaga muri Country Records ndetse akaba yaranagize uruhare rukomeye mu iyandikwa ry’indirimbo nyinshi...
Ku mubugankoranyambaga hamaze iminsi hacicikana u buumwa butandukanye bwo kwitana ba mwana hagati y’aba Djs n’Abahanzi bavuga gushyigikirana kwabo kuri hasi kandi ko ntaho byageza iterambere...
Umusore w’imyaka 16 yatawe muri yombi na Polisi yo mu mujyi wa Houston, akurikiranyweho kurasa akica umuraperi Takeoff wabarizwaga mu itsinda rya Migos, ryashinzwe mu...
Umuhanzi w’umunya-Nigeria JoeBoy yageze i Kigali mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 1 Ugushyingo 2022,atangaza ko azi abahanzi babiri mu Rwanda aribo Ish Kevin na Bruce Melodie.
Uyu muhanzi...
Nyuma y’imyaka irenga ibiri Bad Rama atagera mu Rwanda yagarutse yakirwa n’inshuti ze abo mu muryango ndetse na Marina ubarizwa muri Lebel yiwe ya The Mane yasuhuje mu buryo budasanzwe ahoyasazwe...
Umuhanzikazi "Shania Twain" uri mu beza isi yagize kuva muri za 90, yatangaje ko yahoze yakuze ahisha cyane amabere ye kugira ngo yirinde ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakorerwaga n’umugabo wa...