Umuraperi Zerail Dijon Rivera uzwi cyane ku izina rya Red Red Boy ukomoka mu Mujyi wa Los Angeles muri Leta ya California yishwe arashwe ubwo yari mu kiganiro kuri Instagram Live n’inshutize...
Umuraperi w’umunyamerika J. Cole wari uri gukinira ikipe ya Patriots yo mu Rwanda mu mikino ya Basketball Africa League ntabwo azakina imikino ya 1/4 kuko yahisemo kuva mu Rwanda ku mpamvu ze...
Umuraperi wo mu Burusiya witwa Timur Ildarovich Yunusov w’imyaka 37 yakoze agashya aha umuhungu we w’imyaka 2 impano y’imodoka ya Lamborghini igura ibihumbi 100...
Ikipe ya Patriots BBC yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 13 izifashisha mu mikino ya BAL barimo umuraperi w’Umunyamerika, J. Cole wubatse izina rikomeye.
Umurambo w’umuraperi Earl Simmons wamenyekanye mu muziki ku izina rya DMX Yasezewe bwa nyuma muburo budasanzwe n’ibyamamare bikomeye ku Isi , atwarwa mu modoka yakataraboneka yo mu bwoko bwa...
Umuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Block Rob akaba n’umwe mu bahoze mu nzu itunganya umuziki ya P Diddy izwi nka Bad Boy Records yitabye Imana ku myaka 52 azize uburwayi bw’impyiko...
Umukobwa witwa Nelli Tembe wari hafi kurushinga n’Umuraperi witwa AKA wo mu gihugu cya Afurika y’Epfo yasanzwe muri Hoteli yitwa Pepperclub yo mu mujyi Cape Town...
Umuraperi Fireman avuga ko agowe cyane no kubaho muri ibi bihe abantu basabwa kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Coronavirus bityo ko akwiye ubufasha kuko yabaho...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Adrien Misigaro atangaza ko yiyemeje kuba hafi umuraperi Fireman haba mu muziki we no mu buzima busanzwe ku buryo afite icyizere cy’uko azakira...
Umuraperi wari ukunzwe muri iki gihe muri Leta zunze ubumwe za Amerika Bashar Barakah Jackson wamamaye nka Pop Smoke mu muziki,yishwe arashwe nk’uko polisi ikorera mu mujyi wa Los Angeles...
Umuraperi wo muri leta ya Chicago ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika witwa Qaw’mane Wilson akaba yaramenyekanye cyane nka Young QC muri muzika, yakatiwe gufungwa imyaka 99 nyuma yo guhamwa...
Umuraperikazi Belcalis Marlenis Almánzar uzwi cyane mu muziki nka Cardi B ari mu gihugu cya Nigeria mu bitaramo aho yahise atangaza ko yiyise “Chioma B”.
Umuraperi uri mu beza babayeho ku isi,Clifford J.Harris uzwi nka TI [TIP],yemereye abanyamakuru ko amaze imyaka myinshi ajyana umukobwa we w’imyaka 18 kwa muganga kugira ngo arebe niba akiri...
Umuraperikazi Belcalis Marlenis Almánzar,uzwi cyane ku izina Cardi B yatangaje ko yakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina ubwo yari agiye kwifotoza hanyuma gafotozi wari witabajwe agakuramo...
Umuraperi Hakizimana Murerwa Amani wamamaye ku izina rya P Fla mu muziki Nyarwanda, yagarutse ku makimbirane amaze iminsi avugwa hagati ye na mugenzi we Ama G The Black,ashinja itangazamakuru...
Umuraperikazi Abayizera Grace uzwi nka Young Grace umaze iminsi 17 yibarutse,yamaze gushyira hanze amafoto y’umwana we w’umukobwa yise Amata Anca Ae’eedah Ai ku nshuro ya...
Umuraperikazi Abayizera Grace wamenyekanye nka Young Grace yibarutse imfura ye y’umukobwa,Diamante,mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama...
Umuraperi P Fla umaze amezi agera kuri arindwi avuye muri gereza ya Mageragere yakomeje guhamya ko yaciye ukubiri no gukoresha ibiyobyabwenge ndetse anemeza ko afite byinshi byo kwitaho...
Daniel Lubwama Kigozi umuraperi ukomeye cyane muri Uganda uzwi ku izina rya Navio, yasezeranye n’umukunzi we Matilda Nasimbwa bari bamaze igihe kinini mu rukundo mu muhango wabereye muri...
Muri iyi minsi hari umwuka utari mwiza hagati y’abahanzi babiri , P Fla na Amag The Black aho umwe abashinja mugenzi we kugambanira injyana na HipHop undi akamusubiza ko iyi njyana avuga atari...
Mu minsi ishize umuraperi Jay Polly yavugiye muri kimwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda ko Riderman yamusigariyeho mu njyana igihe yari afunze. Kuri ubu Riderman nawe yasubije mugenzi...