Umuraperi P Fla cyangwa se Hakizimana Murerwa Amani wamenyekanye mu njyana ya Hip Hop, afite ikibazo cy’uburwayi bw’umutima bwatumye arara mu bitaro mu ijoro ryo ku...
Umuraperi P FLA uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda yatangaje ko ari umufana ukomeye wa Mbabazi Shadia uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddy Boo ndetse yifuza ko nibura yazamwemerera akajya mu...
Umuraperi Riderman uri mu batangije injyana ya Hip Hop mu Rwanda,yatangaje ko amaze igihe kinini ari umufana w’ikipe ya Rayon Sports yafanye bitewe n’inshuti ze zirimo Safi Madiba na Mico The Best...
Umuraperi Ermias Asghedom uzwi cyane ku izina rya Nipsey Hussle w’imyaka 33 yaraye yishwe, arasiwe mu mujyi wa Los Angeles n’abagizi ba nabi bamurashe amasasu menshi mu...
Umuraperi Fireman umaze igihe kigera ku mezi atatu ari kugororerwa Iwawa kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Werurwe 2019, mu kiganiro yagiranye n’ibinyamakuru bitandukanye byamusuye yasabye...
A-B Godwin umwe mu basore bari kugaragaza ubuhanga mu gufata no gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi hano mu Rwanda yashinje umuraperi Mukadaff ko yamuzamuye none kuri ubu akaba yamaze...
Umuraperi ukomeye mu karere k’Afurika y’uburasirazuba AY, ku isabukuru y’umwaka amaze arushinganye na Umwali Rehema , yongeye kugaragaza ibyiyumviro bye ku mugore we bamaranye...
Umuraperi The Game wasaga n’uwibagiranye mu ruhando rwa muzika yashyize hanze indirimbo ishotora Kanye West ivuga ubusambanyi bukabije yakoranye n’umugore we Kim Kardashian bigeze gukundana mu...
Umuraperi Clifford Harris uzwi nka TI yibasiriye umugore wa Donald Trump,Melania,ubwo yashyiraga hanze amashusho yamamaza indirimbo ye yitwa Dear 45, I Ain’t Kanye,yagaragayemo umugore usa na...
Umuraperikazi ukomoka muri USA, Belcalis Marlenis Almánzar uzwi nka Cardi B ari guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto yafotowe mu birori byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko, nta mwenda...
Umuraperikazi Cardi B uri mu bari kubyitwaramo neza muri iyi minsi yatunguye benshi mu barebye ibirori bya American Music Awards (AMAs) kubera imibyinire ye itangaje yaranzwe n’udushya twinshi aho...
Umuraperikazi uri mu bakunzwe cyane muri USA Belcalis Marlenis Almanzar uzwi nka Cardi B yateye urunturuntu ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto yifotoje yambaye ubusa mu rwego rwo kwerekana uko...
Mu minsi umuraperi P Fla aherutse kwifatira ku gahanga mugenzi we Ama G avuga ko uyu muhanzi atari umuraperi kuko nta n’indirimbo n’imwe ya rap yakoze, ngo uretse ibi kandi ntabwo azi injyana...
Umuhanzi ukundwa na benshi Kizito Mihigo yatangaje ko yifuza gukorana indirimbo n’umwe mu bahanzi bakora injyana ya Hip Hop kugira ngo yiyegereze abakunzi be basanzwe banakunda iyi...
Umuraperi Hakizimana Murerwa Amani uri muri Gereza ya 1930 i Mageragere, aratangaza ko yababajwe bikomeye n’uburyo abakunzi be birirwa babaza amakuru ye nyamara bazi ko afunze bakaba batamusura....
Uwahoze ari umutoza wa Chelsea na Manchester United, Jose Mourinho, ubu uri gutoza AS Roma,yagaragara mu buryo butangaje mu mashusho y’indirimbo y’Umuraperi Stormzy.
Uyu munya Portugal w’imyaka...
Umuraperi wo muri America Bill Kahan Kapri wamamaye nka Kodak Black yavuzeko ataramara umwaka wose adafunzwe kuva ubwo yari afite imyaka 14 kugeza ubu ariko yarahiriye kutazongera gukora ibyaha...