Ubanza ibumoso ni Dr Eric Ndushabandi, Kayumba Rose wayoboye ikiganiro, Dr Ismael Buchanan na Prof Masabo Francois batanze icyo kiganiro ku bikibangamiye amahoro n’umutekano w’Afurika (Foto Samuel...
I Kigali hagiye kubera inama ya mbere ku rwego rw’akarere ihuza abagore bari mu nzego z’umutekano. Mu byo iyi nama izibandaho harimo gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro yafatiwe mu nama ya...
Igihugu cya Kenya cyatangaje ko ’cyitandukanyije n’ibikorwa byahungabanya’umutekano wa RD Congo,nyuma y’aho Corneille Nangaa utavuga rumwe na Perezida Tshisekedi yemeje ko yashinze ihuriro rifite...
Perezida Felix Tshisekedi wa DR Congo yabajijwe n’umwe mu bayobozi b’u Rwanda ku kibazo cy’umutekano mucye muri DR Congo utera imbogamizi ku ishoramari maze amusubiza ko ‘ikibazo cy’umutekano mu...
Inzego zishinzwe umutekano mu Rwanda zarashe abasore bakekwaho ubujura nyuma yo kubasangana ibyuma n’umuhoro bashaka kubarwanya.
Ibi byabereye mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo ku...
Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yahuye na mugenzi we Salva Kiir, i Juba muri Sudani y’Amajyepfo, mu biganiro bigamije gushaka uburyo impande zombie zahangana no kugarura amahoro n’umutekano mu...
Ushinzwe umutekano mu Mudugudu wa Kamuvunyi B ho mu Kagari ka Nyarusange mu Murenge wa Rwabicuma, mu Karere ka Nyanza ari kumwe n’umuryango we baryamye bumvise inkongi y’umuriro bikekwa ko yatewe...
Guverinamo y’u Rwanda yatesheje agaciro itangazo rya leta ya uganda rivuga ko u Rwanda rwakoresheje imbaraga z’umurengera mu gukumira Abagande bambukanaga magendu bayizana mu Rwanda. U Rwanda kandi...
Abarwanyi batanu bo mu Mutwe CNRD wiyomoye kuri FDLR bafashwe n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo [FARDC] ku butaga bw’ahitwa Walungu muri Kivu y’Amajyepfo bari mu nzira baje...
Perezida Paul Kagame, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, João Lourenço wa Angola na Felix Tshisekedi wa RDC basinye amasezerano bahuriyeho uko ari bane y’ubufatanye...
Mu ijoro ryo kuwa 06 Mata 2019 rishyira ku munsi w’ejo taliki ya 07 Mata 2019,abajura batandukanye bateye Komini Gihanga, intara ya Bubanza bashaka gusahura amaduka ahabarizwa bakomwa mu nkokora...
Umugabo witwa Cameron Wright w’imyaka 23 usanzwe acunga umutekano mu bitaro bya St Francis Hospital biherereye mu mujyi wa Memphis muri USA,yafashwe ari gusambanya umurambo w’umugore wari umaze...
Mu mujyi wa Goma,umutekano ukomeje gukazwa kugeza ubwo abasengeraga ku misozi babujijwe kuzongera gukandagiza ibirenge byabo ku misozi bajya gusengerayo.
Perezida Tshisekedi yasabye Minisitiri w’Umutekano na Minisitiri w’Ingabo gukorana n’abafatanyabikorwa baba ab’imbere mu gihugu na mpuzamahanga, kugira ngo abaturage bahunze basubizwe mu bi bice...
Umutekano wari wongerewe cyane mu mujyi wa Rumonge mu ijoro ryo ku cyumweru ku kigero kitari kimenyerewe aho abapolisi benshi bakomeje kuzenguruka birukana abantu bari mu tubari no mu ma...
Imbere y’akanama ka LONI gashinzwe umutekano ibihugu by’u Rwanda na Kongo byongeye kwitana ba mwana ku kuba intandaro y’ibibazo by’umutekano muke mu burasirazuba bwa...