Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame aragirana ikiganiro n’abayobozi bo mu nzego z’ibanze mu Karere ka Gasabo, kiritabirwa n’abayobozi kugera kuri komite nyobozi z’imidugudu igize Akarere ka Gasabo.
Ni...
Perezida mushya wa Gambia, Adama Barrow, yatangaje ko igihugu cye kigiye guhindura umugambi wo kwikura mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), ndetse kikanasubira mu muryango w’ibihugu bikoresha...
Mu murenge wa Nyakabanda Akagari ka Munanira II mu karere ka Nyarugenge haravugwa inzu y’ amayoberane abaturage bavuga ko isengerwano Shitani, abandi bakavuga ko iyi nzu ibateye inkenke kuko...
Leta zunze ubumwe z’ Amerika, Ubuyapani na Koreya y’ Epfo birasaba akanama k’ umutekano k’ Umuryango w’ Abibumbye gutegura inama y’ ikubagahu yo kwiga ku kibazo cya Koreya ya Ruguru ikomeje kugerageza...
Michael Flynn wari umujyanama mukuru wa Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump mu byerekeye umutekano w’ igihugu yeguye kuri uyu mwanya bitewe no kuba yaraganiriye na Ambasaderi w’...
Perezida Kagame yagarutse ku ntambwe u Rwanda rwateye mu kubungabunga no kurengera ubuzima bw’umwana n’umugore avuga ko u Rwanda rubatse ubushobozi bw’ umugore kugira ngo agire uruhare mu gushakira...
OCPD Lucas Ogara yavuze ko barekuye batatu muri barindwi bakurikiranyweho iterabwoba kuko babuze ibimenyetso
Polisi ya Kenya ikorera mu mujyi wa Mombasa yarekuye abantu batatu bari...
Umuhuza mu biganiro bigamije gushakiro umuti ibibazo bya politiki biri mu Burundi Benjamin Mkapa wahoze ari Perezida wa leta ya Tanzania yatangaje ko ashaka inama yihutirwa y’abakuru b’ibihugu byo...
Mu Karere ka Burera, urwego rwunganira Akarere mu gucunga Umutekano (DASSO) rwinjije mu isanduku ya Leta miliyoni 29 mu mezi arindwi.
Aka karere kavuga ko mu mezi arindwi ashize mu isanduku...
Amarira ni yose mu baturage b’ahitwa Rwabuye mu Murenge wa Mbazi mu Karere ka Huye, nyuma y’aho ngo ubuyobozi bubafashe bukabafunga kuko banze kwimuka nubwo bwo buvuga ko butabafungiye muri gereza...
Igihugu cy’ u Burusiya cyemeje amakuru avuga ko cyaganiraga na Donald Trump ubwo yiyamamarizaga kuyobora Leta zunze ubumwe z’ Amerika ariko Trump we akomeje kubihakana avuga ko ntacyo yari kuba...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye ingabo z’u Rwanda zo mu cyiciro cy’abofisiye barangije amahugurwa abashyira muri icyo cyiciro gukomera ku busubire bw’igihugu cyabujijwe kuva kera ndetse...
Umunyamabanga Mukuru wa Umuryango w’ Abibumbye, Antonio Guterres yavuze ko adashyigikiye Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza ku cyifuzo cyo kwiyamamariza manda ya kane, avuga ko yagira ingaruka...
Mexique iravuga ko izihimura ibicuruzwa byayo byinjira muri Amerika nibizamurirwa amahoro abyakwaho muri gahunda yo kubona amafaranga yo kubaka urukuta ku mupaka w’ibihugu byombi.
Ministiri...
Mahmoud Ahmadinejad wahoze ari Perezida wa Irani yandikiye Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump ubutumwa buvuga kuri Leta zunze ubumwe z’ Amerika anagira inama Trump.
Mu ibaruwa...
Imodoka ya Polisi y’ u Rwanda yo mu bwoko bwa Pick up yagonganye na moto, irenga umuhanda abantu babiri barakomereka nayo irangirika
Iyo mpanuka yabereye Kacyiru ku masangano y’umuhanda kuri za...
Miss Mutesi Kayibanda Aurore wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2012, yasabye Nyampinga w’u Rwanda Iradukunda Elsa watowe gukora ibirenze ibyo abandi ba Nyampinga bamubanjirije bakoze mu gihe...
Guverinoma ya Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yemeje ko Umucamanza mukuru, Jeff Sessions uheruka gushyirwaho na Perezida Donald Trump yabonanye inshuro ebyiri na Ambasaderi w’ u Burusiya muri icyo...
Mu mikwabu itandukanye yakozwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali mu ijoro ryo kuwa Gatatu tariki ya 1 Werurwe 2017, hafashwe ibikoresho bitandukanye birimo iby’ikoranabuhanga n’ibindi...