Ku itariki ya 9 Nyakanga 2023, nibwo mu Murenge wa Kinigi havuzwe guterana kw’abitwa ubwoko bw’Abakono, bimika umutware wabo mu birori by’akataraboneka byagaragaye ko byiteguwe kandi birimo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatumiye abanyamuryango baryo mu nama y’Inteko rusange isanzwe, izaba Ku ya 24 Kamena 2023
Iyi nama y’inteko rusange Isanzwe ya FERWAFA izaberamo...
Uwahoze Pope Emeritus Benedict XVI yatabarutse nyuma y’imyaka 9 yeguye ku ntebe y’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi.
Uyu Papa Benedicto XVI yitabye Imana aho yabaga i Vaticani, ku myaka 95,...
Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yaraye yeguye kuri uyu mwanya no ku busenateri kubera impamvu z’uburwayi.
Mu ibaruwa yandikiye Inteko Rusange ya Sena yavuze ko yeguye kubera impamvu...
Dr Iyamuremye Augustin wari umaze imyaka 3 ari Perezida wa Sena y’u Rwanda yeguye kuri izi nshingano ndetse no ku zo kuba umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda.
Kuri uyu wa 08 Ukuboza...
Hon.Habiyaremye Jean Pierre Celestin wari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yeguye, ku mpamvu avuga ko ari bwite.
Habiyaremye yeguye mu gihe ku mbuga nkoranyambaga hakomeje...
Uwahoze ari Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza yaburiye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda bamwe mu basaba ubuhungiro ari "ubugome" kandi ko "idashoboka mu gushyirwa mu...
Ambasaderi Joseph Habineza wabaye Minisitiri wa Siporo mu Rwanda mu bihe bitandukanye,yaraye atabarutse ahitanwe n’uburwayi mu gihugu cya Kenya bitera benshi intimba cyane ko yakundaga gusabana...
Bidasubirwaho Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaze kwemeza abanyamahanga 5 ku rupapuro rw’umukino mu cyiciro cya 1 mu bagabo bava kuri 3, mu gihe mu cyiciro cya mbere mu bagore ubu...
Uwahoze ari perezida wa FC Barcelona, Josep Maria Bartomeu,weguye mu Ukwakira umwaka ushize yatawe muri yombi na Polisi yo mu mujyi wa Catalonia akekwaho ibyaha bya...
Uwahoze ari Perezida w’u Burundi,Major Pierre Buyoya,benshi muri iki gihugu bafata nka kizigenza mu guhirika ubutegetsi azashyingurwa I Bamako mu gihugu cya Mali yari asanzwe yarasabyemo...
Ibrahim Boubacar Keïta wahiritswe ku butegetsi muri Mali ubu ari mu bitaro mu murwa mukuru Bamako, nkuko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru Associated Press.
Ikipe ya Rayon Sports yatesheje agaciro ubwegure bw’umunyamabanga mukuru wayo, Abraham Kelly weguye ku mirimo ye,mu minsi ishize ubwo iyi kipe yari mu bibazo bikomeye byatejwe n’amikoro make yari...
Umuvugizi w’ikipe ya Rayon Sports,Nkurunziza Jean Paul,washyizweho na Munyakazi Sadate usanzwe ari perezida w’iyi kipe,biravugwa ko yamaze kwegura ku mirimo ye bijyanye n’umwuka mubi uri muri iyi...
Dr. Diane Gashumba wari Minisitiri w’Ubuzima, uherutse kwegura ku mwanya we kuwa Gatanu tariki ya 14 Gashyantare 2020 nyuma y’imikorere idahwitse yakunze kumuranga, yasubije uwagaragaje ko hari...
Perezida wa Iraq Barham Salih Barham Salih yashyizeho minisitiri w’intebe mushya, Mohammed Allawi, abadashyigikiye Guverinoma baramwanga, biroha mu mihanda ya Baghdad no mu zindi ntara basaba ko...
José Mujica, wahoze ari Perezida wa Uruguay wafatwaga nka Perezida ucyennye cyane kurusha abandi bose ku isi kubera ukuntu yabagaho mu buryo buciye bugufi, aravuga ko adashaka amafaranga yo mu...
Akanyamuneza kari kose mu badepite bakimara gusomerwa urwandiko rwa Mugabe avuga ko yemeye gutanga ubutegetsi
Kuri uyu wa Kabili tariki 21 Ugushyingo 2017, Robert Mugabe wari umaze imyaka 37...
Mu myaka 2 yari amaze atoza ikipe ya Rayon Sports aho yari amaze kuyihesha ibikombe 2 icya shampiyona yahawe uyu munsi ndetse n’igikombe cy’Amahoro yatwaye umwaka w’imikino ushize, kuri iyi taliki...
Michael Flynn wari umujyanama mukuru wa Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump mu byerekeye umutekano w’ igihugu yeguye kuri uyu mwanya bitewe no kuba yaraganiriye na Ambasaderi w’...
Mvuyekure Alexandre wari Umuyobozi w’ akarere ka Gicumbi n’ abandi bayobozi batatu bari bafatanyije kuyobora ako karere na rwiyemezamirimo Nsengiyumva Faustin bafungiye kuri Sitasiyo ya polisi ya...
Uwera Jeannette wari usanzwe ari umubitsi w’ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball ndetse na Ribanje Jean Pierre wari Visi Perezida wa kabiri beguye ku mirimo yabo ku mpamvu zabo bwite.
Ni nyuma...