skol
fortebet

Imikino

Masudi Djuma arasaba abafana ba Rayon Sports gukora ibishoboka bagasinyisha Cedric

Umutoza wa Rayon Sports Masudi Djuma arasaba abafana ba Rayon Sports gukora ibishoboka byose (...)

"Njyewe icyo nkora nukubaha umuyobozi wanjye nkamuzanira ikipe ye tugakina na APR ikadutsinda tugataha." Kayiranga J. Baptiste

Umutoza w’ikipe ya Pepiniere , Kayiranga Jean Baptiste, avuga ko kuba batsinzwe na APR FC nta (...)

Umutekano mucye utumye Shampiyona ya DR Congo ihagarikwa

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafashe icyemezo cyo kuba ihagaritse (...)

Nigeria: Ikipe y’abagore yigaragambirije imbere y’urugo rwa Perezida Buhari

Abakinnnyi b’ikipe y’igihugu y’abagore mu mupira w’amaguru muri Nigeria, babyukiye mu myigaragambyo (...)

Nshuti Innocent na Rugwiro Herve bafashije APR FC gutsinda Pepiniere

Ku kibuga cya Kigali, Umukino w’ ikirarane wahuje APR FC na Pepiniere, kuri uyu 14 Ukuboza 2016, (...)

Umutoza wa APR FC, Jimmy Mulisa yagize ibyago

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 14 Ukuboza 2016, nibwo amakuru yamenyekanye (...)

Yaya Toure wafashwe atwaye imodoka yasinze ngo yanyweye inzoga agira ngo ni Coca

Umunya Cote d’Ivoire ukinira ikipe Manchester City, nyuma yo gufatwa itwaye imodoka yasinze, we (...)

Impinduka ku mukino APR FC yagombaga gusuramo Pepiniere

Kuri uyu wa gatatu hari hategenyijwe umukino wa shampiyona w’ikirarane utarakiniwe, APR FC (...)

Onesme na Thierry mu nzira zerekeza muri Maroc

Myugariro w’ikipe ya Rayon Sports Manzi Thierry na rutahizamu wa APR FC Twizerimana Onesme, (...)

Cedric afashije Rayon Sports kunyagira Esperance 7 ku busa

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2016, rayon Sports yakinaga umukino wa gishuti n’ikipe (...)

Ngandu Omar yakuyeho urujijo kubibazaga niba ari Umunyarwanda cyangwa Umurundi

Myugariro w’ikipe ya APR FC, Ngandu yakuye urujijo mubibaza k’ ubwenegihugu bwe avuga ko ari (...)

Amagambo Cristiano yatangaje nyuma yo gutwara Ballon d’Or yateye urujijo

Nyuma wo kwegukana Ballon d’Or itangwa na France Football, Cristiano Ronaldo yatangaje ko mu (...)

"Dufite imvune nyinshi ariko njye mbifata nk’amahirwe kubandi bakinnyi ngo bigaragaze." Jimmy Mulisa

Umutoza w’ikipe ya APR FC, Jimmy Mulisa aratangaza ko nubwo muri iyi minsi ikipe ye yugarijwe (...)

Ese koko abakinnyi b’ikipe ya Gicumbi bitahiye n’igice cya shampiyona kitarangiye?

Ku mugoroba wo kuri uyu kuwa mbere tariki ya 12 Ukuboza 2016, nibwo amakuru yakwirakwiye ko (...)

Police FC yirukanye abakinnyi batatu bazira kwitwara nabi

Ikipe ya Police FC yatangaje ko yasezereye abakinnyi babiri bakina inyuma aribo Hertier (...)

0 | ... | 11415 | 11430 | 11445 | 11460 | 11475 | 11490 | 11505 | 11520 | 11535 | 11550