Mu ijambo Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yagejeje ku baturage benshi bakoraniye mu Karere ka Bugesera aho yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza avuye I Nyabugogo mu karere ka Nyarugenge...
Kuri uyu wa 18 Nyakanga 2017, Cindy Sanyu umuhanzikazi wo muri Uganda yahagarukije benshi bamutaramiraho nyuma yo gushyira hanze ifoto yambaye ubusa igice cyo hejuru.
Cindy Sany ni umwe mu...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nyakanga 2017; Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yakomeje urugendo rwo kwiyamamaza mu Karere ka Ngororero na Muhanga.
Ni nyuma yo kuva mu turere turindwi...
Umugabo wo mu gihugu cy’u Burusiya yatoraguye uruhinja mu ishyamba intozi zirimo kururya rurira cyane rwabuze gitabara.
Ibi byabereye mu ishyamba riri ahitwa Chelyabinsk mu Burusiya.Uyu mugabo...
Dr Frank Habineza, ni we mukandida wemejwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije-Democratic Green Party, ko azarihagararira nk’umukandida-Perezida mu matora y’umukuru w’igihugu....
Turi tariki ya 15 Nyakanga, ni umunsi w’ 196 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 169 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugizwe n’iminsi 365 ugere ku musozo. Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze iyi...
. Turi tariki ya 12 Nyakanga, ni umunsi w’ 193 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 172 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byranze uyu munsi mu mateka....
Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Israel kuwa 09 Nyakanga 2017, aho yageze akakirwa na Minisitiri w’Itangazamakuru muri iki gihugu, Ayoob Kara.
Nyuma yo kumwakira ku kibuga...
Perezida Paul Kagame yateye igiti cy’umuzeti mu gashyamba ka ‘Grove of Nations’ mu murwa waYeruzalemu mu gihugu cya Isiraheli, kuri uyu wa 10 Nyakanga 2017.
Ni mu rugendo rw’iminsi ibiri rw’akazi...
Nyuma y’ uko kuri uyu wa Kabiri ushize Uzamberumwana Pacifique uzwi nka Oda Paccy abinyujije ku rukuta rwe rwa facebook yasangije abakunzi be ifoto yambaye umwenda w’ikipe ya FC Barcelone bigatuma...
Turi tariki ya 07 Nyakanga ni umunsi 188 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 177 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki abantu bane bacuze umugambi wo kwica Perezida wa Leta...
Turi tariki ya 06 Nyakanga ni umunsi w’ 187 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 178 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo inkomarume Diogo Cão yavumbuye isoko y’ uruzi...
Umukobwa wicuruza yagaragaye yitendetse ku nsinga z’amashanyarazi, amakuru akaba avuga ko yari yikanze umugore wa nyir’urugo bari baryamanye agahita aca iya hafi asimbutse mu idirishya.
Uyu...
Robert Kyagulanyi benshi bazi nka Bob Wine, Umuririmbyi w’ Umunya Uganda uherutse gutorerwa kuba umudepite mu nteko ishinga amategeko yavuze ko adakwiye kubonwa mu ishusho y’ umunyapolitiki kuko...
Turi tariki ya 04 Nyakanga, ni umunsi 184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 180 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze uyu munsi mu mateka
1776:...
Umusore w’imyaka 16 witwa Largie Ramazani wavukiye mu Burundi agakurira mu Bubiligi yakoze amateka yo kuba ariwe mukinnyi wo muri aka karere k’ibiyaga bigali ugiye gukinira ikipe ya Manchester...
Diamond Platnumz uri mu bahanzi bubashywe muri muzika yakoreye igitaramo cy’amateka I Nyamata mu karere ka Bugesera, yashimye cyane uburanga bw’abari b’abanyarwanda, gusa ngo abaziho kwitinya...
Kuri uyu wa kabiri ku italiki ya 04 Nyakanga nibwo hategerejwe umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro uzahuza ikipe ya Espoir FC ya mu karere ka Rusizi na APR FC umukino uteganyijwe kubera kuri...
Mu gitabo “Conversations with President of Rwanda” cya Francois Soudan giherutse gushyirwa ahagaragara kivuga ku buzima bwite bw’umukuru w’igihugu Paul Kagame hakubiyemo byinshi abantu batamenye...
Ubushinjacyaha bwa gisirikari kuri uyu wa kane bwabwiye urukiko rwa gisirikari I Nyamirambo ko Ex-FAR Sous Lieutenant Seyoboka Jean Claude ariwe wari uyoboye ibitero byishe abanyapolitiki...
Umuririmbyi Mugisha Benjamin ukorera muzika muri leta zunze ubumwe za Amerika aritegura gukorera igitaramo mu Rwanda k’ubutumire bwa East African Party isanzwe itegura ibitaramo ngarukamwaka, aho...
None kuwa Gatanu, tariki ya 09 Ukuboza 2016, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yatangiye...