Mu murenge wa Masaka wo mu karere ka Kicukiro, inzego z’umutekano zarashe abagabo babiri bikekwa ko ari abajura.
Ibi bibaye nyuma y’iminsi mike muri aka gace havugwa abantu bataramenyekana...
Muri Tanzania indege yari itwaye abantu 43 yaguye mu kiyaga cya Victoria kuri iki cyumweru kubera ikirere cyari kimeze nabi. Abagera kuri 19 baguye muri iyo mpanuka nkuko byemezwa n’inzego...
Umugabo yibasiye ukora isuku ubwo yamurogoyaga ari mu gikorwa cyo gutera akabariro n’umugore bari mu bwiherero bw’abamugaye.
Uyu wahoze ari umukanishi w’indege Billy Dean Fallon, ufite imyaka 28,...
Umugabo ukorera urwego rw’umutekano rwa Dasso mu Murenge wa Mukarange, Akarere ka Kayonza, yaguwe gitumo n’inzego z’umutekanno ari kumwe n’umujura bashaka kwambura umuturage mu nzira.
Mu ijoro ryo...
Dr Mbonimana Gamariel uheruka kwegura ku mirimo y’ubudepite kubera ubusinzi bukabije yasabye imbabazi Perezida Kagame ndetse yemeza ko yafashe umwanzuro wo kuzireka.
Dr. Gamariel Mbonimana...
Mu masaha y’igitondo kuri uyu wa Gatandatu, ku mupaka w’u Rwanda na RDC i Rubavu uzwi nka Petite Barrière, hagaragaye umurambo w’umusirikare bitaremezwa niba ari uwa FARDC, bivugwa ko yaharasiwe mu...
Ingabo z’u Rwanda zatangaje ko zarashe umusirikare bikekwa ko ari uwa DRC winjiye mu Rwanda mu masaha ya saa saba z’igicuku.
Itangazo rya RDF rivuga ko uyu musirikare yinjiye arasa, abasirikare...
Ku mukino wa 7 atoza ikipe y’igihugu Amavubi, umutoza Carlos Alós Ferrer birangiye abonye intsinzi ye ya mbere yari amaze igihe ashakisha.
Mu mukino wa gicuti wasojwe n’imvururu hagati mu bakinnyi...
Hon.Habiyaremye Jean Pierre Celestin wari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yeguye, ku mpamvu avuga ko ari bwite.
Habiyaremye yeguye mu gihe ku mbuga nkoranyambaga hakomeje...
Leta ya Tanzania yitandukanyije na raporo y’ibanze ku ndege itwara abagenzi yakoze impanuka ikica abantu 19 mu bari bayirimo, nyuma yuko irohamye mu kiyaga cya Victoria.
Iyo raporo, yatangajwe...
Abantu 14 muri Afrika y’Epfo bapfuye bahitanywe n’umwuzure wateye uruzi bari bari gukoreramo ibirori by’urusengero rwabo.
Ku wa gatandatu, bamwe mu bari mu masengesho barenga 30 bari bahagaze ku...
Umutwe wa M23 werekanye abasirikare ba Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo bafatiwe ku rugamba barimo Lt Col Assani Kimonkola Adrien wafatiwe mu mirwano i Kibumba ku wa 20 Ugushyingo 2022....