Meghan markle wahoze ari umukinnyi wa filimi ariko akaba agiye gukora ubukwe n’igikomangoman cyo mu Bwongereza Harry,yashinjwe na musaza we bavukana ku mubyeyi umwe ko yakize akibagirwa umuryango...
Rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid Cristiano Ronaldo yashyize hanze aafoto ari kumwe n’abana be yakunzwe na benshi mu bafana be ndetse benshi bagira icyo bayavugaho ku mbuga nkoranyambaga.
Uyu...
Umuririmbyi Israel Mbonyicyambu yavuye mu Rwanda ku munsi w’ejo tariki 27 Gashyantare, 2018 yerekeje i Burayi mu rugendo atifuza kuvuga ho byinshi.Ni nyuma y’uko akoze igikorwa cy’urukundo aho...
Mu ijoro ryo ku wa 19 Gashyantare,2018 rishyira ku wa 20 Gashyantare,2018 nibwo hamenyekanye ko Muyoboke Alexis na kompanyi ye Decent Entertainment batakireberera inyungu z’itsinda Charly&Nina...
Umuraperi Bull Dog atangaza y’uko hari abahanzi b’abaraperi bagenzi be abona bakoze neza uyu mwaka bagakwiye guhabwa umwanya n’abo bagahatana/bakongera guhatana mu irushanwa rya Primus Guma Guma...
Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yahobeye umunyamakuru wamubajije ku byerekeye umusore ukiri muto Scott McTominay uri gukina ku mwanya wa Paul Pogba ndetse amushimira ko...
Umukinnyi Nizigiyimana Abdoul Karim ‘Makenzi’yagarutse i Kigali mu Rwanda aho yaje gukora ubukuwe n’umukunzi we w’umunyarwandakazi, Mutuyimana Nadjma.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu nibwo...
Umutesi Teta Afsa wabaye Miss w’Akarere ka Rusizi mu mwaka wa 2017 yakorewe ibirori bikomeye byo gusezera ubukumi bizwi nka ‘Bridal Shower’. Yahawe impano n’impanuro nyuma y’iminsi mike hasohotse...
Ahagana saa tanu z’ijoro ryo kuri uyu wa 14 Gashyantare, 2018 Perezida Jacob Zuma atangaje ko yeguye ku buyobozi bw’igihugu cya Afurika y’Epfo yari amazeho imyaka 9, ntiyari agikenewe na Sisoyite...
Umukinnyi Kevin De Bruyne uri mu bihe byiza mu ikipe ya Manchester City,yatangaje byinshi yanyuzemo mu buzima birimo gutwarwa umugore na mugenzi we bakinana mu Bubiligi Thibaut Courtois ndetse no...
Nyuma y’urupfu rwa Mowzey Radio waririmbaga mu itsinda rya Good Life benshi mu bahanzi bagiye bahura nawe bafite byinshi bamwibukiraho bavuga ko bidateze gusibangana, Charly&Nina bibuka neza...
Umuhanzi Baby Cool agiye kujyanwa mu nkiko na mugenzi we Weasel. Ku wa 01 Gashyantare,2018 nibwo umuhanzi Radio yitabye Imana azize inkoni yakubitiwe mu kabari n’abantu bataramenyekana kugeza ubu...
Mu mpera z’umwaka wa 2017 Umuyobozi w’ akarere ka Muhanga Uwamariya Beatrice yatangaje ko abana bagaragaraga muri uyu mujyi wa Muhanga atari inzererezi ahubwo baba batumwe n’ ababyeyi babo guhaha...
Umuririmbyi Prezzo uherutse kwifotoza ari mu maguru y’umuhanzikazi Asinah aratangaza byamuteranyije n’umukunzi we akimara kubona amafoto yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga mu minsi ishize ubwo bari...
Umuririmbyi Bruce Melodie atangaza ko yigeze kubwirwa n’umwe mu bantu atifuje gutangaza amazina ko yamurangira umuntu wamuha umuti akabasha kumenyekana mu ruhando rwa muzika mu buryo bworoshye...
Ubuyobozi bwa Kina Music buhagarariwe na Ishimwe Clement yavuze ko nta gikuba cyacitse mu gitaramo Knowless yafatanyijemo na Bruce Melodie cyabereye muri Kigali Convention Center kuwa 17 Ukuboza...
Ishimwe Clement umuyobozi w’inzu itunganyamuzika ya Kina Music yahishuye byinshi byijyanye n’uburyo yahisemo iri zina anavuga ku nyuguti ya ‘K’ iba mu mazina ye akoresha.
Kina Music imaze imyaka...
Uwahoze ari perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Barack Obama yatunguye benshi ubwo yahamyaga urwo akundana umufasha we Michelle Obama wizihije isabukuru y’amavuko ku wa 17 Mutarama, 2018....
Abahanzi bane bo mu Rwanda, bashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira ibihembo bikomeye bitangirwa mu gihugu cya Uganda byiswe ’HiPipo Music Awards’ bizatangwa i Kampala ku nshuro ya 6.
The Ben,...
Ingabire Habibah waserukiye u Rwanda mu marushanwa ya Miss Supranational 2017 akaza gutaha amara masa, yakorewe ibirori by’isabukuru y’amavuko yishimana n’inshuti ze mu buryo bukomeye aho yagabuye...
Kuri iki cyumweru tariki ya 31 Ukuboza, 2017 mu gihugu cya Uganda habereye amasengesho yamaze umunsi wose asoza umwaka wa 2017 by’umwihariko bibanda ku banyepolitiki batishimiye icyemezo cyafashwe...
Nyuma yo kuba igisonga cya mbere cya Miss Africa Calabar 2017 agahembwa miliyoni 8 z’amafaranga y’u Rwanda, umunyarwandakazi Fiona Muthoni Naringwa ni umwe mu bitabiriye ibirori bikomeye...