Umuriririmbyi w’Umunya-Tanzania, Ally Saleh Kiba, wamamaye nka Ali Kiba yifatanyije n’abanyarwanda bari mu bihe bitoroshye byo kwibuka Abatutsi bazize Jenoside yabakorewe mu...
Ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare kuri uyu wa Gatandatu hakiriwe abandi Banyarwanda 9 bari bamaze igihe bafungiye muri gereza zitandukanye z’igihugu cya...
Irindi tsinda ry’Abanyarwanda 12 bari bafungiwe muri Uganda mu buryo budakurikije amategeko barekuwe bashyikirizwa u Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Nyakanga...
Leta y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye gukorana n’inzego z’ubucuruzi za Tanzania kugira ngo urugomo ruherutse gukorerwa abacuruzi bo mu Rwanda muri icyo gihugu...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yavuze ko ibihe bibi u Rwanda n’isi yose bya coronavirus bitabuza Abanyarwanda kwibuka Abatutsi barenga miliyoni bazize jenoside yo mu mwaka wa 1994...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 21 Gashyantare 2020 nibwo abakuru b’ibihugu by’u Rwanda,Uganda,Angola,na RDC bahuriye mu nama ya 4 yiga ku kuzahura umubano w’ibihugu byombi aho yarangiye hafahwe...
Mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatatu taiki ya 19 Gashyantare 2020i nibwo Uganda yagejeje abanyarwanda 15 bari bafungiyeyo mu buryo butemewe n’amategeko, ku mupaka wa Kagitumba ibashyikiriza Leta...
Abarundi n’Abanyarwanda bari mu bibasiwe n’ibikorwa by’urugomo ku banyamahanga biri muri Malawi nk’uko umwe mu bamaze kujya mu nkambi y’impunzi ahunga ibi bikorwa...
Nyuma y’uko u Rwanda rusinye amasezerano y’ubufatanye n’ikipe ya Arsenal muri gahunda ya Visit Rwanda, abakinnyi ba Arsenal basuye hamwe mu hamurikirwa bimwe mu bigize umuco Nyarwanda i London mu...
Umukandida wigenga Mpayimana Philippe wiyamamariza kuyobora u Rwanda yasezeranyije Abanyarwanda ko nibamutora u Rwanda ruzagira ubwato buriho idarapo ry’ u Rwanda bujyana ibicuruzwa mu mahanga....
Umunyarwenya Patrick Salvador wo muri Uganda yanenzwe ndetse anasabwa gusaba imbabazi nyuma y’aho akoreshereje ijambo “Jenoside” mu rwenya yateraga agaruka ku bijyanye n’ingendo z’indege mu bihugu...
Umuhanzi Ngabo Medard,Meddy waraye ageze mu Rwanda ari kumwe n’umukunzi we,yabwiye abakunzi be ko yiteguye kubaha igitaramo cy’amateka ku bunani muri “The Eastern African...
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mbere yo guhura na Nigeria mu mukino wa mbere w’itsinda C,Antoine Hey utoza Amavubi yijeje Abanyarwanda ko nta kabuza baraza gutsinda ikipe ya Nigeria kuri uyu...
Kidumu Kibido Kibuganizo, Umuhanzi w’Umurundi umaze kugira mu Rwanda nko mu rugo kuva yahakandagira bwa mbere mu 1999, , ari mu bahanzi bakomeye bazaririmba mu gitaramo giteganyijwe kuba kuri uyu...
Ubukwe bwa Chris CM. na Yvone bwahereye kuri uyu wa gatanu w’icyumwe gishize kugeza kuwa mbere muri Amerika hari higanje Abanyarwanda bari bitabiriye ubukwe bwa Chris CM. na Yvonne. Henshi mu nzu...