Abavandimwe b’impanga Paul na Peter bashinze itsinda rya P-Square bongeye gushimisha abakunzi b’injyana ya Afrobeats , nyuma yo gusubirana bamaze imyaka itanu badacana...
Umuraperi Young Dolph w’ imyaka 36, yarasiwe mu modoka atwaye ubwo yaragiye guhaha kuri Airways Bouolevard i Memphis ahagana mu ma saa saba zijoro kuri uyu 18 Ugushyingo 2021. Umuyobozi wa...
Adele yavuze ko "yakojejwe isoni" na gatanya, mu kiganiro cyihariye kandi kirambuye yagiranye na Oprah Winfrey.
Adele yavuze ko yumvise "yarasuzuguye" ingingo yo gushyingirwa ubwo yatandukanaga...
Umukobwa The Ben aherutse kwambika impeta,Uwicyeza Pamella ntabwo asiba kumurata no kumubwira amagambo meza ku mbuga nkoranyambaga.
Nyuma yo kubona ifoto The Ben yashyize hanze,Pamella...
Umurambo w’umuraperi Earl Simmons wamenyekanye mu muziki ku izina rya DMX Yasezewe bwa nyuma muburo budasanzwe n’ibyamamare bikomeye ku Isi , atwarwa mu modoka yakataraboneka yo mu bwoko bwa...
Akon, umuhanzi w’injyana ya R&B wo muri Amerika, kuva mu 2018 yavugaga iby’umujyi mushya ashaka kubaka muri Senegal, kuwa mbere yavugiye mu kiganiro n’abanyamakuru ko umwaka utaha imirimo yo...
Maniraruta Martin wiyeguriye muzika nka Mani Martin, yakomoje ku nzira y’umusaraba yanyuze ava Kigali yerekeza muri Uganda mu mushinga w’indirimbo yari afitanye na Eddy Kenzo wo gusubiramo...
Umuririmbyi Ruhumuriza James [King James] uri kubarizwa muri Leta zunze ubumwe za Amerika yahishuye ukuri k’urukundo rw’ibanga byavugwaga ko yagiranye n’umukobwa usanzwe utuye kuri uyu mugabane....
Ruhumuriza James benshi bazi nka King James muri muzika, yatangaje ko kutavuga umukunzi we mu itangazamakuru ari uko niyo yaba amufite cyangwa atamufite mu matwi y’abafana be bifuza ko ababwira...
Kuri iki Cyumweru tariki 16 Mata 2017 ni bwo Patient Bizimana yakoze igitaramo gikomeye cya Pasika yatumiyemo abahanzi bakomeye mu karere ari bo Marion Shako wo muri Kenya na Apotre Apollinaire...
Umuhanzi Beyoncé Giselle Knowles-Carter yatangaje ko mu buryo bwo kwizihiza umwaka umwe ushize asohoye album ye ya gatandatu, agiye gutanga buruse ku banyeshuri b’abakobwa bane bashaka kwiga...
Umuraperi Kanye West yatangaje ko hari igihe yifuje gukorana imibonano mpuzabitsina icyarimwe n’uwari umukunzi we kera, Amber Rose n’umuraperi mugenzi we Nicki Minaj, mu myaka...
Umuraperi ukomoka muri Nigeria witwa Phenom yatangaje ko ahora yicuza cyane kuba ataremeye gukorana na Wizkid n’ubwo mu masezerano y’ibyo yamubwiraga azamugezaho nta kintu cyari...
Umuhanzi uri mubangezweho muri iyi minsi Uwiringiyimana Lewis wamenyekanye ku izina rya Papa Cyangwe , akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga nyuma y’amafoto yasangije abamukurikira...
Abahanzi batatu bo muri Nigeria, bahawe umwanya wo kuzaririmba mu mukino w’abakinnyi b’intoranywa, All Stars Game 2023 muri Shampiyona ya Basketball muri Amerika,...
Mu mvugo yumvikanamo umujinya n’uburakari Umuhanzi Chris Brown yabaye yanenze abategura itangwa ry’ibihembo bya Grammy Awards nyuma yuko atabonye igihembo.
Umuhanzi Ruhumuriza James wamamaye nka King James yatangaje ko mu mpeshyi itaha ashobora guhagarika umuziki mu minsi ya vuba.
King James w’imyaka 32, ari mu bahanzi bamaze imyaka myinshi muri...