Inteko Rusange Isanzwe ya FERWAFA yabereyemo amatora ya Komite Nyobozi nshya yayo izayiyobora mu myaka ibiri iri imbere, Munyantwali Alphonse wiyamamaje wenyine ku mwanya wa Perezida, ni we...
Umunyana Analyssa wamamaye nka Mama Sava muri firime y’uruhererekane ya Papa Sava yavuye imuzi w’ikibazo cyatumye atandukana Nshuti Alphonse uzwi ku izina rya Alpha bari bamaranye igihe mu...
Biravugwa ko Umunyana Analyssa wamamaye nka Mama Sava muri firime y’uruhererekane ya Papa Sava atakiri mu munyenga w’urukundo na Nshuti Alphonse uzwi ku izina rya...
Umugabo w’imyaka 40 witwaga Mwendangabo Alphonse, wari utuye mu mudugudu wa Sekera, akagari ka Uwacyiza, umurenge wa Muganza, akarere ka Nyaruguru, yiyahurishije umugozi nyuma yo kwica umugore we...
Mu Ntara ya Kivu y’Epfo mu gace ka Mudaka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, haravugwa umukobwa w’imyaka 22 y’amavuko uri mu rukundo n’umukambwe w’imyaka 88 banitegura kwibaruka umwana...
Ntilivamunda Alphonse, umukwe wa Perezida Juvenal Habyarimana, yapfuye ku wa Gatatu tariki ya 18 Ugushyingo 2020 ku myaka 65 aguye mu Bufaransa aho yari asanzwe...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Rubavu mu Kagari ka Byahi yafashe Dushimimana Alphonse w’imyaka 37, Yafashwe mu ijoro rya tariki ya 15 Ugushyingo, aracyekwaho...
MC Anita Pendo, umwe mu bagore bakora imirimo inyuranye mu myidagaduro yo mu Rwanda, yatangaje byeruye ko agiye kubyarana na Ndanda Alphonse umwana wabo wa...
Amakuru agera ku Kinyaramakuru UMURYANGO aravuga ko Dr Nkurunziza Alphonse wari Umuyobozi Mukuru wari ushinzwe Ibikorwaremezo n’ Imiturire mu Umujyi wa Kigali amaze gusezera kuri iyi...
Urukiko Rukuru rwahamijie icyaha cya ruswa, Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi,rumukatira imyaka 5 isubitse naho uwo bareganwa hamwe nyiri Good Harvest...
Biravugwa ko Anita Pendo asigaye abana na Ndanda mu nzu imwe nk’umugabo n’umugore, ngo aba bombi baranitegura gukora ubukwe bagahuza imiryango yabo.
Anita asanzwe ari umunyamakuru, Dj ndetse...
Umunyamakuru, umushyushyarugamba, DJ Anita Pendo yavuze ko umuhanzikazi Butera Knowles ari umuntu wicasha bugufi akaba n’inshuti y’akadasohoka kuva mu bwana bwe.
Mu butumwa yacishije ku rukuta...
Agakiriro ko mu Mujyi wa Kigali, mu Murenge wa Masoro, ahazwi nka Zindiro kafashwe n’inkongi y’umuriro, ibikoresho by’abagakoreragamo birashya birakongoka.
Biravugwa ko inkongi yabereye avuga ko...
Umusore uri mu kigero cy’Imyaka 22 witwa Hategekimana Alphonse yiyahuriye mu macumbi ya ITUZE LODGE aherereye mu Mudugudu wa Rurembo mu Kagari ka Cyanya Umurenge Kigabiro mu Karere ka Rwamagana...
Ku mugoroba wo kuwa Gatanu tariki ya 03 Mata nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera muri Sitasiyo ya Ntarama yafashe abasore babiri bafashwe bamaze kwiba umuturage amafaranga y’u...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi abantu bane bari bamaze kuba ruharwa mu gutegera abagenzi mu nzira bakabambura ibyo bafite bitwaje imipanga,ibyuma...
Ubuyobozi bukuru bw’ikipe ya Rayon Sports bwasinyanye amasezerano y’amezi atandatu na kompanyi ya Gas Oil aho abafana ba Rayon Sports bazajya bagura ibikomoka kuri peteroli hakagira amafaranga ajya...
Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru, Anita Pendo, yibarutse umwana wa kabiri ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu, tariki ya 5 Ukwakira 2018 mu bitaro biherereye i...
Mu rugendo amazemo iminsi mu mirenge ya Bweyeye,Butare,Bugarama na Kamembe yo mu karere ka Rusizi yose ihana imbibi n’ibihugu by’u Burundi na Kongo Kinshasa,Guverineri w’intara yu’uburengerazuba...
Abaturage bo mu mudugudu w’ Amayaga bateraniye ku biro by’ Akagari kabo ka Akabahizi ko mu murenge wa Gitega Akarere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali basangira umuganura urimo umutsima w’ imvange...